{"id":57652,"date":"2023-04-12T10:57:45","date_gmt":"2023-04-12T08:57:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=57652"},"modified":"2023-04-12T10:57:45","modified_gmt":"2023-04-12T08:57:45","slug":"igisubizo-cya-depite-mwangachuchu-kuri-rdc-ikomeje-kumwegeka-ku-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652","title":{"rendered":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, \u00e0\u2030douard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y&#8217;iki gihugu imushinja kugirana imikoranire ya hafi na Leta y&#8217;u Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Kuri uyu wa Kabiri ubwo Mwangachuchu yari imbere y&#8217;Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rukomeje kumuburanisha ku byaha byo &#8220;kugambanira igihugu ndetse no kugihungabanya.&#8221;<\/p>\n<p>Ni ibyaha Congo ivuga ko uyu mudepite yaba yarakoze binyuze mu gukorana n&#8217;umutwe wa M23, umutwe ivuga ko uhabwa ubufasha n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Muri uru rubanza Ubushinjacyaha bwifashishije raporo yakozwe n&#8217;Urwego rushinzwe ubutasi muri Congo (ANR) nk&#8217;ibimenyetso bigaragaza ko Mwangachuchu ukomoka i Masisi yaba afite aho ahuriye n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ni ibimenyetso ANR ngo yavanye mu kabati ka Depite Mwangachuchu ubwo yajyaga gusaka mu rugo rwe ruri i Kinshasa.<\/p>\n<p>Raporo ya ANR ivuga ko &#8220;Mwangachuchu afite ibikorwa byinshi mu Rwanda, ashobora kuba ari muri diaspora nyarwanda, afite imishinga y\u2019ishoramari mu Rwanda kandi yitabiriye inama zitandukanye mu izina rya RwandAir.&#8221;<\/p>\n<p>Iyi raporo ikomeza ivuga ko &#8220;Mwangachuchu ashobora kuba ari mu banyamigabane ba RwandAir, yateganyaga kubaka inyubako i Remera mu mujyi wa Kigali, yasabye uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwo mu Rwanda kandi afite gahunda yo kwiba umutungo wa RDC akawujyana mu gihugu cye cy\u2019u Rwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Ibi byose ubushinjacyaha bwabigendeyeho mu kugaragaza ko uyu mugabo ari intasi y&#8217;u Rwanda, dore ko bwanavuze ko muri pasiporo 11 zasanzwe iwe mu rugo harimo n&#8217;iz&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Uyu mudepite yamaganiye kure ibi birego ubwo yahabwaga umwanya wo kwirekura, ashimangira ko nta hantu na hamwe ahurira n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ndi umunye-Congo by&#8217;inkomoko kandi ndwanirira Congo. Nta muntu n&#8217;umwe ushobora kuvanaho ibintu ngiye kuvuga. Icya mbere, sinigeze na rimwe mba mu Rwanda mu rwego rwo gushinga sosiyete ya RwandAir. Sinigeze nitabira inama iyo ari yo yose, kandi sinigeze na rimwe nsaba guhabwa pasiporo nyarwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Mwangachuchu yavuze ko nihagira umuntu ugaragaza ikimenyetso cy&#8217;uko hari pasiporo y&#8217;u Rwanda yaba yarasabye ari bwemere kubihanirwa.<\/p>\n<p>Uyu mudepite kandi yongeye gushimangira ko icyo azira ari ukutajya imbizi na Leta y&#8217;i Kinshasa ku ivangura ikorera bamwe mu baturage bayo.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ndi umudepite w&#8217;inyangamugayo, kandi sinjye nyangamugayo njyenyine kuko na data na we yari yo&#8230;Ndi umunye-Congo kandi nzahora ndi we. Nihagira umuntu ugaragaza ikimenyetso cy&#8217;uko nitabiriye inama ya RwandAir niteguye kunihanirwa.&#8221;<\/p>\n<p>Mwangachuchu akomeje kwitirirwa u Rwanda, mu gihe umunyamategeko we Me Thomas Gamakolo tariki ya 9 Mata 2023 yatangaje ko dosiye y\u2019umukiriya we nta kintu kirimo, ko ahubwo azira imyumvire y\u2019uko Umututsi w\u2019Umunye-Congo yitwa Umunyarwanda, ushyigikira u Rwanda na Perezida warwo ndetse n\u2019ushyigikira M23.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, \u00e0\u2030douard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y&#8217;iki gihugu imushinja kugirana imikoranire ya hafi na Leta y&#8217;u Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri ubwo Mwangachuchu yari imbere y&#8217;Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rukomeje kumuburanisha ku byaha byo &#8220;kugambanira igihugu ndetse no kugihungabanya.&#8221; Ni ibyaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-57652","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, \u00e0\u2030douard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y&#8217;iki gihugu imushinja kugirana imikoranire ya hafi na Leta y&#8217;u Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri ubwo Mwangachuchu yari imbere y&#8217;Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rukomeje kumuburanisha ku byaha byo &#8220;kugambanira igihugu ndetse no kugihungabanya.&#8221; Ni ibyaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-04-12T08:57:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda\",\"datePublished\":\"2023-04-12T08:57:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652\"},\"wordCount\":433,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652\",\"name\":\"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-04-12T08:57:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57652#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA","og_description":"Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, \u00e0\u2030douard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y&#8217;iki gihugu imushinja kugirana imikoranire ya hafi na Leta y&#8217;u Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri ubwo Mwangachuchu yari imbere y&#8217;Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rukomeje kumuburanisha ku byaha byo &#8220;kugambanira igihugu ndetse no kugihungabanya.&#8221; Ni ibyaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-04-12T08:57:45+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda","datePublished":"2023-04-12T08:57:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652"},"wordCount":433,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57652#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652","name":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-04-12T08:57:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57652"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57652#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igisubizo cya Depite Mwangachuchu kuri RDC ikomeje kumwegeka ku Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57652","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=57652"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57652\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=57652"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=57652"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=57652"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}