{"id":5811,"date":"2017-04-18T11:04:44","date_gmt":"2017-04-18T11:04:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/18\/kayonza-ubuyobozi-bwambuye-utishoboye-ibyo-yaremewe-n-abaturage\/"},"modified":"2025-02-12T16:35:11","modified_gmt":"2025-02-12T14:35:11","slug":"kayonza-ubuyobozi-bwambuye-utishoboye-ibyo-yaremewe-n-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811","title":{"rendered":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Musumba, yategetse umukuru w\u2019umudugudu kwambura umuturage utishoboye ibyo yaremewe na bagenzi be. Impamvu ngo ntiyacitse ku icumu, nyamara abaturage barakeka ko bigiye kurigiswa.<\/strong> <\/em><br \/>\nNi mu mudugudu wa Kiyovu ho mu kagari ka Musumba, mu murenge wa Nyamirama, akarere ka Kayonza mu ntara y\u2019Iburasirazuba. Abaturage ubu ntibajya imbizi n\u2019ubuyobozi, nyuma y\u2019uko umukuru w\u2019umudugudu ategeye mu nzira umugore utishoboye, akamwambura ibyo yari yaremewe nabo. Ibi ngo byarimo ibiribwa, ibikoresho by\u2019isuku n\u2019imyambaro, akaba yari abitwajwe n\u2019abaturage bagenzi be, bibonera urwo rugomo bagwa mu kantu.<br \/>\nAbaturage bavuga ko mu nteko rusange y\u2019umudugudu wa Kiyovu, bifuje kuremera umuntu warokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyamara ngo basuzumye mu mudugudu wabo, basanga abahari bishoboye, bahitamo Mukamazimpaka Odette.<br \/>\nUyu ni umupfakazi utaracitse ku icumu, ariko yashakanye n\u2019uwarokotse witwa Vincent, wari n\u2019umusikare akaza gupfa. Uyu mupfakazi kandi nawe ngo arwaye igituntu.<br \/>\nBamwe mu bari batwaje uyu mugore, bababazwa n\u2019ukuntu icyemezo bafatiye hamwe kivuguruzwa n\u2019abayobozi batakigizemo uruhare. Avugana na Radio\/TV One, umwe agira ati \u201c inama zateranye kenshi twibaza uwo tuzaremera twemeza uriya mupfakazi wa Vincent, none baraje babidukuye ku mutwe, birababaje cyane\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUndi yungamo nawe akibaza impamvu batabiburijemo bitaraba. Ati \u201cdukusanya inkunga ubuyobozi bwari bubizi n\u2019uwo igenewe. Umunsi wo kuyitanga ugeze, ubuyobozi buraza, yemwe na Gitifu yafotoye uriya Mukamazimpaka yakira ibintu twamuremeye\u201d.<br \/>\nIbi babiheraho badashira amakenga iki gikorwa, bakeka ko ibi bintu bigiye kurigiswa, kuko amafoto y\u2019uwabihawe ahari, kandi akaba atari we ubifite, bibitse kwa Mudugudu. Ikindi mu gahinda n\u2019amaganya bavugana, iki gikorwa cyabaye urucantege kuri bo, ku buryo bamwe bazinutswe igikorwa cyo gufasha.<br \/>\n <strong>Mudugudu yubahirije amabwiriza y\u2019abamukuriye<\/strong><br \/>\nUmukuru w\u2019umudugudu wa Kiyovu, Nkikabahizi Jean Nepo, avuga ko amabwiriza yo kwambura Mukamazimpaka ibyo yaremewe na rubanda, yavuye ku munyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Musumba, Mwizerwa Marcel.<br \/>\nNkikabahizi ati \u201c Gitifu yambwiye ngo mbimwambure kuko atacitse ku icumu. Njye nari mbizi ko Komite yamuhisemo, kuko basanze uwacitse ku icumu uhari yishoboye, Komite yemeza uyu mugore wa Vincent, nk\u2019uwashakanye n\u2019uwacitse ku icumu, akaba n\u2019inkeragutabara nubwo yapfuye. Ikindi uriya mugore arwaye igituntu\u201d.<br \/>\nGitifu wa Musumba, Mwizerwa Marcel yemera ko ari we watanze ayo mabwiriza. Ati \u201cNinjye nababwiye ngo babimwake babibike. Tuzavugana n\u2019inzego zihagarariye abacitse ku icumu, nidusanga abikwiye tuzabimuha\u201d.<br \/>\nInzobere mu miyoborere isanga ibya Kayonza bigiye kuba agatereranzamba, kuko nta cyumweru gishira itavuzwemo ubujura, urugomo rukorerwa abaturage no kutubaha inteko zabo. Ati \u201c ni gute Gitifu avuguruza inteko y\u2019abaturage, ese ubundi byabaye atareba, hanyuma se umukuru w\u2019umudugudu yubahiriza ibyo Gitifu avuga, nta no kugisha umutima inama?\u201d<br \/>\n <strong>Ibindi muri Kayonza, ubujura ku isonga <\/strong><br \/>\n <strong>Nyamirama<\/strong> : Uyu Mwizerwa Marcel yavuzweho gutuka abaturage, we akavuga ko mu kagari harimo abamurwanya, kandi ko kwimenyereza abaturage cyane atari byiza.<br \/>\n <strong>Kabarondo<\/strong> : Nshunguyinka Vianney, umukuru w\u2019umwe mu midugudu y\u2019akagari ka Gasharu, yavuzweho gusaba ibihumbi 2000 by\u2019ikiziriko cy\u2019ihene.<br \/>\n <strong>Mukarange<\/strong> : Abakozi bashinzwe uburezi mu karere bahindagura amanota y\u2019abakoze ikizamini cy\u2019akazi ngo gahabwe abataratsinze.<br \/>\n <strong>Gahini<\/strong> : Ibitaro bya Gahini bikata abakozi amafaranga ntibiyatange aho yagenewe (REB na RSSB), mu gihe kandi abayobozi babyo bavuzweho kunyereza umutungo, na n\u2019ubu hakaba hari abakurikiranwe mu butabera.<br \/>\n <strong>Mwili<\/strong> : Abahinzi b\u2019umuceri basabwa umufurangiro ku nguzanyo bazishyura, naho abaturage birara mu nka za bagenzi babo bakabaga.<br \/>\n <strong>Rukara<\/strong> : Nyirahabimana Henriet avugwaho kwiba abana b\u2019abakobwa abajyana Uganda, bamwe akabatesha impinja.<br \/>\nUbushakashatsi Citizen Report Card (CRC), bwa RGB bugamije kugaragaza igipimo cy\u2019imiyoborere ibereye abaturage n\u2019imitangire ya serivisi, bushyira Kayonza ku mwanya wa mbere mu ntara y\u2019Uburasirazuba gafite abajura benshi, aho igipimo cy\u2019ubujura kiri kuri 91%.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Musumba, yategetse umukuru w\u2019umudugudu kwambura umuturage utishoboye ibyo yaremewe na bagenzi be. Impamvu ngo ntiyacitse ku icumu, nyamara abaturage barakeka ko bigiye kurigiswa. Ni mu mudugudu wa Kiyovu ho mu kagari ka Musumba, mu murenge wa Nyamirama, akarere ka Kayonza mu ntara y\u2019Iburasirazuba. Abaturage ubu ntibajya imbizi n\u2019ubuyobozi, nyuma y\u2019uko umukuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5811","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Musumba, yategetse umukuru w\u2019umudugudu kwambura umuturage utishoboye ibyo yaremewe na bagenzi be. Impamvu ngo ntiyacitse ku icumu, nyamara abaturage barakeka ko bigiye kurigiswa. Ni mu mudugudu wa Kiyovu ho mu kagari ka Musumba, mu murenge wa Nyamirama, akarere ka Kayonza mu ntara y\u2019Iburasirazuba. Abaturage ubu ntibajya imbizi n\u2019ubuyobozi, nyuma y\u2019uko umukuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-18T11:04:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:35:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage\",\"datePublished\":\"2017-04-18T11:04:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:35:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811\"},\"wordCount\":609,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811\",\"name\":\"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-18T11:04:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:35:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5811#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA","og_description":"Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Musumba, yategetse umukuru w\u2019umudugudu kwambura umuturage utishoboye ibyo yaremewe na bagenzi be. Impamvu ngo ntiyacitse ku icumu, nyamara abaturage barakeka ko bigiye kurigiswa. Ni mu mudugudu wa Kiyovu ho mu kagari ka Musumba, mu murenge wa Nyamirama, akarere ka Kayonza mu ntara y\u2019Iburasirazuba. Abaturage ubu ntibajya imbizi n\u2019ubuyobozi, nyuma y\u2019uko umukuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-18T11:04:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:35:11+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage","datePublished":"2017-04-18T11:04:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:35:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811"},"wordCount":609,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5811#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811","name":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-18T11:04:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:35:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5811"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5811#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n\u2019abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5811","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5811"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5811\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5811"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5811"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5811"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}