{"id":5814,"date":"2017-04-18T12:07:06","date_gmt":"2017-04-18T12:07:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/18\/rusizi-abubatse-guest-house-ya-nkombo-barashinja-akarere-kuyitanga-batabanje\/"},"modified":"2025-02-12T16:35:10","modified_gmt":"2025-02-12T14:35:10","slug":"rusizi-abubatse-guest-house-ya-nkombo-barashinja-akarere-kuyitanga-batabanje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814","title":{"rendered":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga  batabanje kwishyurwa"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage bagera ku 200 bubatse Guest house ya Nkombo mu Karere ka Rusizi, imaze amezi 6 itangiye   imirimo yayo bararira ayo kwarika nyuma y\u2019imyaka 4 yose barakoze bakaba ngo nta faranga na rimwe  bishyuwe,nyamara bakajya kumva bakumva ngo akarere karayitanze( kayitanze ku wa 01 Ugushyingo umwaka ushize),kazi igihe basiragiriye bishyuza amafaranga yabo, kakayitanga batayahawe kandi n\u2019igihe rwiyemezamirimo yayimurikiraga akarere batarabimenye,bakibaza impamvu byose byakozwe mu bwiru.<\/p>\n<p>Bavuga  ko  kubura aya mafaranga byabahombeje bikabije bamwe n\u2019abana babo bagata amashuri kubera kubura ibikoresho by\u2019ishuri, abandi bagahera mu myenda bari bafashe kandi barasiragiye ku karere igihe kirekire babwirwa ko amafaranga agiye kubageraho, rwiyemezamirimo wabakoreshaga Habiyaremye Evariste na we ngo akajya ababwira ko azabishyura,ubundi bakamuhamagara bakamubura kugeza ubwo bumvise ngo yatangiye gukorerwamo,bakibaza uwo bazishyuza mu gihe yatanzwe batabizi,batazi n\u2019uwayihawe.<\/p>\n<p>Abishyuza ngo ni abafundi n\u2019abayede  bayubatse, abahonze amabuye  , abakoze ubusitani, abazamu, abashyizemo amakaro n\u2019abayisukuye, bose ngo batahiye aho kandi barakoze mu gihe cy\u2019amezi 4 ntacyo bikorera iwabo.<\/p>\n<p>Bavuga ko bandikiye akarere basaba kurenganurwa Meya Harelimana Fr\u00e9d\u00e9ric akababwira ko ukwezi kwa mbere kutazarenga batarahembwa bagategereza bagaheba,bajya kubaza ku karere icyo bakora bakabwirwa ko basanga rwiyemezamirimo wabakoresheje, ko atari akarere kabakoresheje, ko amasezerano bari bafitanye na we bayubahirije bakamwishyura ngo ibindi nibirwarize.<\/p>\n<p>Bakomeje guhera mu gihirahiro, abagera kuri 23 muri bo biyemeza kujya kuba kwa rwiyemezamirimo Habiyaremye Evariste bakazahava ari uko abishyuye n\u2019ubwo imyaka 4 nk\u2019iyo yabasiragije yashira.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubwo ikinyamakuru Bwiza.com cyahageraga, bakibwiye ko bemeye gusiga imiryango yabo imaze imyaka 4 ishonje kubera uyu rwiyemezamirimo, ngo natabishyura ntibazahava.<\/p>\n<p>Ayinkamiye Immacul\u00e9e utuye  mu Kagari ka Bigoga mu murenge wa Nkombo yagize ati\u2019\u2019  Iyi Guest yuzuye mu 2013 imara iyi myaka yose iri aho idakora, abayubatse natwe dutegereje ngo tuzishyurwa amaso ahera mu kirere, njye nagombaga kwishyurwa  amafaranga 120.000, twakubise urugendo inshuro nyinshi tujya ku karere bakatubwira ko tugiye kwishyurwa, turambiwe uwari Gitifu w\u2019umurenge wacu Sebagabo Victor  atubwira kwandika ibaruwa na lisiti yacu akatwishyuriza, yarinze avaho  tutayabonye na n\u2019ubu, ubukene butugeze ahabi kandi twarakoze.Tuzava aha tuyabonye.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_61696\" aria-describedby=\"caption-attachment-61696\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-61696 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\" alt=\"Aba baturage kimwe na bagenzi babo bavuga ko akarere katagombaga kwakira no gutanga iyi Guest house batishyuwe kandi kabizi\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-61696\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nAba baturage kimwe na bagenzi babo bavuga ko akarere katagombaga kwakira no gutanga iyi Guest house batishyuwe kandi kabizi<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mukandekezi Christine w\u2019imyaka 60 yagize ati\u2019\u2019 ndishyuza amafaranga 65.000 nakoreye igihe kirekire ntacyo nikorera mu rugo kugeza ubwo umwana wanjye avuye mu ishuri kubera kubura ikimufasha, yariviriyemo mu wa 2 w\u2019ayisumbuye  ubu yagombye kuba agiye kuyarangiza  , ayo nagiye nguza sinayishyuye batubwira ngo bigiye gutungana na n\u2019ubu. Kuki tutishyurwa?.Turifuza ko na perezida Kagame amenya ikibazo cyacu tukishyurwa.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ntitwashoboye kubona Rwiyemezamirimo wayubatse Habiyaremye Evariste kuko twagerageje telefoni ye igendanwa ifite numero  0788302670  ntiyitabe, ariko uwahawe kuyikoreramo Munyaneza Silas avuga ko na we yumva gukorera muri Guest abaturage bakomeza  kumutera bashaka amafaranga yabo yumva nta mahoro bimuha, agasaba ko byakemuka na we agakora atuje, ntakimuteranya n\u2019abaturage azakomeza gukenera.<\/p>\n<figure id=\"attachment_61697\" aria-describedby=\"caption-attachment-61697\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Munyaneza-Silas-watsindiye-gukorera-muri-iyi-Guest-house-na-we-avuga-ko-adatekanye-gukorera-muri-Guest-house-abaturage-bahora-bamutera-baza-kwishyuza-amafaranga-yabo-agasaba-ko-bakwishyurwa.-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-61697 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Munyaneza-Silas-watsindiye-gukorera-muri-iyi-Guest-house-na-we-avuga-ko-adatekanye-gukorera-muri-Guest-house-abaturage-bahora-bamutera-baza-kwishyuza-amafaranga-yabo-agasaba-ko-bakwishyurwa.-1.jpg\" alt=\"Munyaneza Silas wahawe gukorera muri iyi Guest House avuga ko adatekanye kubera abaturage bahora bamutera bishyuza agasaba ko bakwishyurwa\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-61697\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nMunyaneza Silas wahawe gukorera muri iyi Guest House avuga ko adatekanye kubera abaturage bahora bamutera bishyuza agasaba ko bakwishyurwa<\/figcaption><\/figure>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019aka karere, Mushimiyimana Ephrem, ubwo yabazwaga n\u2019ikinyamakuru Bwiza.com  yavuze  ko nta baruwa y\u2019abaturage  yishyuza arabona irabageraho  ngo nayibona ni bwo azabishyuriza. Ati\u2019\u2019 nta baruwa ibishyuriza jye ndabona ariko uwabakoresheje baramuzi nibamukurikirane, ninyibona nzabishyuriza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Bavuga ko  amafaranga yose bishyuza batamenya umubare wayo wuzuye kuko hari n\u2019abagenda bagaragara batari bazwi mbere berekana ko na bo bakoze ntibishyurwe, bakavuga ko yaba  atari munsi ya 5.000.000.<\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, mwatwandikira kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Bahuwiyongera Sylvestre<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bagera ku 200 bubatse Guest house ya Nkombo mu Karere ka Rusizi, imaze amezi 6 itangiye imirimo yayo bararira ayo kwarika nyuma y\u2019imyaka 4 yose barakoze bakaba ngo nta faranga na rimwe bishyuwe,nyamara bakajya kumva bakumva ngo akarere karayitanze( kayitanze ku wa 01 Ugushyingo umwaka ushize),kazi igihe basiragiriye bishyuza amafaranga yabo, kakayitanga batayahawe kandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5814","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bagera ku 200 bubatse Guest house ya Nkombo mu Karere ka Rusizi, imaze amezi 6 itangiye imirimo yayo bararira ayo kwarika nyuma y\u2019imyaka 4 yose barakoze bakaba ngo nta faranga na rimwe bishyuwe,nyamara bakajya kumva bakumva ngo akarere karayitanze( kayitanze ku wa 01 Ugushyingo umwaka ushize),kazi igihe basiragiriye bishyuza amafaranga yabo, kakayitanga batayahawe kandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-18T12:07:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:35:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa\",\"datePublished\":\"2017-04-18T12:07:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:35:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814\"},\"wordCount\":601,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814\",\"name\":\"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-04-18T12:07:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:35:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5814#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA","og_description":"Abaturage bagera ku 200 bubatse Guest house ya Nkombo mu Karere ka Rusizi, imaze amezi 6 itangiye imirimo yayo bararira ayo kwarika nyuma y\u2019imyaka 4 yose barakoze bakaba ngo nta faranga na rimwe bishyuwe,nyamara bakajya kumva bakumva ngo akarere karayitanze( kayitanze ku wa 01 Ugushyingo umwaka ushize),kazi igihe basiragiriye bishyuza amafaranga yabo, kakayitanga batayahawe kandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-18T12:07:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:35:10+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa","datePublished":"2017-04-18T12:07:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:35:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814"},"wordCount":601,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814","name":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg","datePublished":"2017-04-18T12:07:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:35:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5814"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/Bavuga-ko-bagiye-gukambika-kwa-rwiyemezamirimo-kugeza-igihe-bazishyurirwa.-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5814#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5814","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5814"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5814\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5814"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5814"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5814"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}