{"id":5835,"date":"2017-04-19T22:12:15","date_gmt":"2017-04-19T22:12:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/19\/polisi-y-u-rwanda-yongeye-kwihaniza-abashoferi-barangara-batwaye-ibinyabiziga\/"},"modified":"2025-02-12T16:34:56","modified_gmt":"2025-02-12T14:34:56","slug":"polisi-y-u-rwanda-yongeye-kwihaniza-abashoferi-barangara-batwaye-ibinyabiziga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835","title":{"rendered":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyuma y\u2019impanuka 2 zabaye ku italiki ya 18 Mata zihitana ubuzima bw\u2019abantu bagera kuri 5, Polisi y\u2019u rwannda yongeye kuburira abatwara ibinyabiziga kwirinda uburangare, aho inavuga ko abakora ayo makosa bazajya bakurikiranwa bagahanwa ndetse bakamburwa n\u2019impushya zabo zo gutwara ibyo binyabiziga.<\/strong> <\/em><br \/>\nNi nyuma y\u2019uko impanuka imwe yabereye mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo, yahitanye ubuzima bw\u2019abantu bane barimo n\u2019umushoferi wari uyitwaye, ubwo ikamyo yari atwaye yaburaga feri maze ikagonga abana batatu bavaga ku ishuri.<br \/>\nUmuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda avuga ko impanuka nyinshi ziterwa n\u2019uburangare bw\u2019abashoferi bityo  akihanangiriza abica amategeko agenga umuhanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nCIP Kabanda agira ati:\u201d Twabwiye kenshi abakoresha umuhanda, cyane abatwara imodoka n\u2019abamotari kubahiriza amategeko y\u2019umuhanda n\u2019imikoreshereze yawo, kwirinda  kuvugira kuri telefoni batwaye , kwihuta bageze mu makorosi, kwirinda umuvuduko ukabije n\u2019uburangare bundi.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko biri mu nyungu z\u2019utwaye ikinyabiziga kuba yakubahiriza ibisabwa kuko uretse abo batwaye, nabo baba bashyira ubuzima bwabo mu kaga ndetse n\u2019ibinyabiziga byabo; bityo utwaye akaba agomba kujya ashyira ubuzima imbere.\u201d<br \/>\nPolisi yanaboneyeho kugira inama kandi ba nyir\u2019ibinyabiziga kujya bitwararika ubuziranenge bwabyo no kujya bakoresha igenzura mu gihe kiba kigenwe kugira ngo birinde impanuka bishobora guteza.<br \/>\nIteka rya Perezida no.85\/01 ryo kuwa 02 Nzeli 2002, rivuga ku mategeko y\u2019umuhanda n\u2019imikoreshereze yawo, rivuga ko imodoka itujuje ubuziranenge busabwa, idahabwa icyangombwa kiyemerera  kugenda mu mu muhanda; uyikoresha idafite icyo cyangombwa acibwa ihazabu y\u2019amafaranda 25,000.\u201d<br \/>\nIriya kamyo ifite icyapa kiyiranga RAD 731J ni  iy\u2019ikigo cy\u2019ubwubatsi, niyo yagonze inzu yari yegereye umuhanda mu murenge wa Nduba nyuma yo kugonga abana batatu, ariko nta muntu yasanze muri iyo nzu.<br \/>\nCIP Kabanda yasabye abakoresha umuhanda kwitonda, bakubahiriza amategeko y\u2019umuhanda kuko impanuka zishobora kwirindwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYasabye abashoferi bafite ibinyabiziga bitwara abagenzi ko mu modoka zabo hashyirwamo utugabanyamuvuduko dutuma imodoka itarenza umuvuduko wa kilometero 60 mu isaha.<br \/>\nKuri uwo munsi nanone, indi mpanuka yabereye mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gicumbi; aho imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Coaster ifite icyapa kiyiranga  RAD 792 B yagonze uwitwa Ganishyaka Aloys ahita yitaba Imana. Polisi ikaba yaravuze ko byatewe n\u2019uburangare bw\u2019umushoferi.<br \/>\nUmuvugizi w\u2019ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda yagize ati \u201cgutwara ikinyabiziga bisaba ubwitonzi no gushishoza, kuko iyo bitagenze gutyo bishyira ubuzima bw\u2019umushoferi ndetse n\u2019abo atwaye mu kaga.\u201d<br \/>\nPolisi y\u2019u Rwanda yashyizeho ingamba zitandukanye zo gukumira izo mpanuka harimo gushyira abapolisi hirya no hino mu mihanda bashinzwe kugenzura ko amategeko y\u2019umuhanda yubahirizwa , ariko kandi hari abashoferi bamwe bakomeje kubirengaho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nimpanuka nyinshi zishobora kwirindwa kuko akenshi ziterwa no kugenda nabi mu muhanda ndetse n\u2019uburangare, hakaniyongeraho no gutwara ibinyabiziga bitameze neza bitanakorewe isuzumwa ry\u2019imiterere yabyo, abanyamaguru nabo bateza impanuka mu gihe bambuka umuhanda uko biboneye batashishoje n\u2019ibindi.<br \/>\nBwiza.com<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019impanuka 2 zabaye ku italiki ya 18 Mata zihitana ubuzima bw\u2019abantu bagera kuri 5, Polisi y\u2019u rwannda yongeye kuburira abatwara ibinyabiziga kwirinda uburangare, aho inavuga ko abakora ayo makosa bazajya bakurikiranwa bagahanwa ndetse bakamburwa n\u2019impushya zabo zo gutwara ibyo binyabiziga. Ni nyuma y\u2019uko impanuka imwe yabereye mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5835","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019impanuka 2 zabaye ku italiki ya 18 Mata zihitana ubuzima bw\u2019abantu bagera kuri 5, Polisi y\u2019u rwannda yongeye kuburira abatwara ibinyabiziga kwirinda uburangare, aho inavuga ko abakora ayo makosa bazajya bakurikiranwa bagahanwa ndetse bakamburwa n\u2019impushya zabo zo gutwara ibyo binyabiziga. Ni nyuma y\u2019uko impanuka imwe yabereye mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-19T22:12:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:34:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga\",\"datePublished\":\"2017-04-19T22:12:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:34:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835\"},\"wordCount\":484,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835\",\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-19T22:12:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:34:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5835#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019impanuka 2 zabaye ku italiki ya 18 Mata zihitana ubuzima bw\u2019abantu bagera kuri 5, Polisi y\u2019u rwannda yongeye kuburira abatwara ibinyabiziga kwirinda uburangare, aho inavuga ko abakora ayo makosa bazajya bakurikiranwa bagahanwa ndetse bakamburwa n\u2019impushya zabo zo gutwara ibyo binyabiziga. Ni nyuma y\u2019uko impanuka imwe yabereye mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-19T22:12:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:34:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga","datePublished":"2017-04-19T22:12:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:34:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835"},"wordCount":484,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5835#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835","name":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-19T22:12:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:34:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5835"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5835#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi y\u2019u Rwanda yongeye kwihaniza abashoferi barangara batwaye ibinyabiziga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5835","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5835"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5835\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5835"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5835"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5835"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}