{"id":5839,"date":"2017-04-20T09:07:28","date_gmt":"2017-04-20T09:07:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/20\/kigali-basubijwe-uburenganzira-ku-byabo-nyuma-y-aho-rssb-ibabariye-ikananirwa\/"},"modified":"2025-02-12T16:34:51","modified_gmt":"2025-02-12T14:34:51","slug":"kigali-basubijwe-uburenganzira-ku-byabo-nyuma-y-aho-rssb-ibabariye-ikananirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839","title":{"rendered":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu Murenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge bongeye guhabwa uburenganzira bwo kugira icyo bakora mu butaka bwabo nyuma y\u2019igihe kirekire batemerewe bitewe nuko babariwe na RSBB bagiye kwimurwa ariko ariko bakaba barategereje ko bishyurwa bagaheba.<\/p>\n<p>Kuri ubu ngo igisubizo aba baturage bahawe n\u2019akarere ni u gukomeza ibikorwa byabo nk\u2019ibisanzwe, ushoboye gusana arabyemerewe ariko ngo ibikorwa byabo byaradindiye bitewe n\u2019igihe bamaze ntacyo bemerewe kubikoraho.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize abaturage bo mu Murenge wa Kigali ho mu Karere ka Nyarugenge, bari bafite ikibazo bavugaga ko kibakomereye cyane bitewe n\u2019uko bari bamaze imyaka hafi 3 batemerewe kugira icyo bakora ku bikorwa byabo , nk\u2019aho amazu yari yarabasaziye ho ,ubwiherero bwarabuzuranye ndetse batemerewe no guhinga ibihingwa bitinda mu butaka , kuko ngo bari barabariwe na RSSB ngo bimurwe ihashyire ibindi bikorwa ariko gitinda kubishyura.<\/p>\n<p>Icyo gihe ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Nyarugenge, bwijeje abaturage ko amasezerano bari bafitanye n\u2019icyo kigo cyendaga kubagurira bagomba kuyahagarika bakikomereza ibikorwa byabo nk\u2019uko bisanzwe kugeza igihe ikigo cyazabona amafaranga kikazagaruka maze kikazabara aho bazaba bagereje aho guhora bategereje badafite uburenganzira ku byabo; nk\u2019uko bwana NSABIMANA Vedaste umuyobozi wungirije w\u2019Akarere ka Nyarugenge ushinzwe Iterambere ry\u2019ubukungu yabitangarije RoyalTV dukesha iyi nkuru.<\/p>\n<p>Kuri ubu rero abaturage bemerewe gusana, abafite amafaranga barasana amazu yabo nta kibazo ndetse baranahinga imbuto zitandukanye bivuze ko basubiranye uburenganzira ku byabo, gusa n\u2019ubwo bimeze bityo ngo byabagizeho ingaruka kuko igihe ibikorwa byamaze ntacyo bikorwaho, ngo imishinga yaradindiye hari n\u2019abo inzu zasenyutse icyo gihe batari bemerewe kugira icyo bazikoraho.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Kubarira abaturage ngo bimurwe ku mpamvu zitandukanye ariko bagatinda kwishyurwa, ni ikibazo gikomeye benshi bakunze kugaragaza, cyokora aba bo mu Murenge wa Kigali barashima ubuyobozi bw\u2019akarere kuko bwumvise akababaro kabo bukabasubiza uburenganzira ku byabo mu gihe batinze kwishyurwa ,kandi bakaba bazabarirwa bundi bushya.<\/p>\n<p>Aba baturage ariko nanone basaba ubuyobozi kujya bubaba hafi ugiye kubimura akabikora vuba aho kudindiza ibikorwa byabo nubwo n\u2019ubu batapfa gukora ibirambye mu gihe bumva ko isaha n\u2019isaha bakwimurwa cyane ko ngo ntawapfa kubona umugurira ubutaka butarimo inzu kuko inzu zigenewe kuhubakwa ngo ari amagorofa ya etage 3 byibuze.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong><br \/>\nDennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu Murenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge bongeye guhabwa uburenganzira bwo kugira icyo bakora mu butaka bwabo nyuma y\u2019igihe kirekire batemerewe bitewe nuko babariwe na RSBB bagiye kwimurwa ariko ariko bakaba barategereje ko bishyurwa bagaheba. Kuri ubu ngo igisubizo aba baturage bahawe n\u2019akarere ni u gukomeza ibikorwa byabo nk\u2019ibisanzwe, ushoboye gusana arabyemerewe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5839","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu Murenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge bongeye guhabwa uburenganzira bwo kugira icyo bakora mu butaka bwabo nyuma y\u2019igihe kirekire batemerewe bitewe nuko babariwe na RSBB bagiye kwimurwa ariko ariko bakaba barategereje ko bishyurwa bagaheba. Kuri ubu ngo igisubizo aba baturage bahawe n\u2019akarere ni u gukomeza ibikorwa byabo nk\u2019ibisanzwe, ushoboye gusana arabyemerewe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-20T09:07:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:34:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura\",\"datePublished\":\"2017-04-20T09:07:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:34:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839\"},\"wordCount\":378,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839\",\"name\":\"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-20T09:07:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:34:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5839#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu Murenge wa Kigali, mu Karere ka Nyarugenge bongeye guhabwa uburenganzira bwo kugira icyo bakora mu butaka bwabo nyuma y\u2019igihe kirekire batemerewe bitewe nuko babariwe na RSBB bagiye kwimurwa ariko ariko bakaba barategereje ko bishyurwa bagaheba. Kuri ubu ngo igisubizo aba baturage bahawe n\u2019akarere ni u gukomeza ibikorwa byabo nk\u2019ibisanzwe, ushoboye gusana arabyemerewe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-20T09:07:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:34:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura","datePublished":"2017-04-20T09:07:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:34:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839"},"wordCount":378,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5839#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839","name":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-20T09:07:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:34:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5839"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5839#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Basubijwe uburenganzira ku byabo nyuma y\u2019aho RSSB ibabariye ikananirwa kwishyura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5839","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5839"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5839\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5839"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5839"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5839"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}