{"id":5897,"date":"2017-04-24T14:15:38","date_gmt":"2017-04-24T14:15:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/24\/ubwo-najyaga-aho-papa-bamwiciye-namusabye-kubyuka-arabyanga-yari-yapfuye-leah\/"},"modified":"2025-02-12T16:12:32","modified_gmt":"2025-02-12T14:12:32","slug":"ubwo-najyaga-aho-papa-bamwiciye-namusabye-kubyuka-arabyanga-yari-yapfuye-leah","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897","title":{"rendered":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ni ubuhamya bwa Leah Mihana, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mudamu yatangiye ubu buhamya mu ijoro ryo kwibuka ryo ku wa <\/em> <\/strong>  <strong> <em> 21 Mata 2017, ryateguwe na sirivisi zitangwa na Minisitiri w\u2019Intebe (primature) n\u2019ibindi bigo biyishamikiyeho ku kicaro cya yo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali.<\/em> <\/strong><br \/>\nMadamu Leah Mihana ni mwene nyakwigendera, Gervais wari utuye mu Gatsata mu mujyi wa Kigali igihe jenoside yakorewe abatutsi yabaga mu 1994.<br \/>\nLeah Mihana wari mu kigero cy\u2019imyaka 10 avuga inzira y\u2019umusaraba yanyuzemo amarira akisuka mu maso ya buri wese, ikiniga kigashinga mu gituza cy\u2019uwari uri mu busitani ubu buhamya bwatangiwemo wese.<br \/>\nLeah Mihana hari aho yagize ati ; \u201cNubwo nari mfite basaza banjye ariko njye nari umukobwa wa Papa ,namuhoraga hafi kuko yari muremure nkakunda gukinira hagati y\u2019amaguru ye.<br \/>\nUku gukinira hagati y\u2019amaguru ye kenshi ni ko yaje kumpendesha ubwenge mbere y\u2019uko ajya kutwitangira ngo apfe asa nubona ko ahari we nibamwica harubwo twabaho\u201d.<br \/>\nArakomeza \u201cUbwo nari muherekeje agana ahari abicanyi, Papa yaratuje ampenda ubwenge arambwira ati, Urabona uko ndeshya n\u2019ukuntu mfite imbaraga mukobwa wanjye ? Subira inyuma batakwica wowe ntiwabasha kwiruka ngo usige abicanyi ariko njyewe nta n\u2019umwe wanshyikira kandi mbarusha imbaraga\u201d.<br \/>\nLeah Mihana wakundaga Papa we cyane ngo yahise yizera ibyo Papa we amubwiye ndetse ahita anemeza ko koko nta muntu wari kubasha Papa we kubera ukuntu yamwizeraga ku bwenge n\u2019ubushobozi kandi ku bw\u2019urukundo yamukundaga ngo yumvaga Papa we ntacyo azaba.<br \/>\nNyuma gato ngo nibwo abana b\u2019aho yari yihishe baje basimbagurika by\u2019abana basubiramo uko Papa we bamaze kumurasa, akarambarara hasi .<br \/>\nMusaza wa Leah Mihana ngo yahise ajya kureba aho bivugwa ko Papa bamwiciye asanga byarangiye, yapyuye agaruka azenga amarira mu maso.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nLeah ngo nawe yaciye mu rihumye ab\u2019aho yari yihishe ajya kureba Papa we asanga aravirirana amaraso.<br \/>\nIcyo yihutiye ngo ni ukumuhanagura amaraso aramwitegereza n\u2019ubwo yari yapfuye ngo aramuhamagara ati \u2018 <strong>\u2019 <\/strong>  <em>Gervais (papa), byuka tugende , maze Papa arabyanga \u2026kuko yari yapfuye<\/em>  <em>\u201d<\/em> .<br \/>\nUrugendo rwa Leah Mihana rwaje no kumutandukanya na Mama we umubyara n\u2019abandi bana bavaga inda imwe kuko uko imirwano yagendaga yicuma hagati y\u2019Ingabo za FPR Inkotanyi n\u2019abicanyi, niko bagendaga batatana.<br \/>\nGusa ngo  mu gihiriri, agenda yerekeza i Gitarama yaje kongera kubona Mama we za Giticyinyoni gusa nubwo ngo yashoboraga kuba yasubira inyuma wenda akaba yarokorwa n\u2019Ingabo za FPR Inkotanyi ibi byasaga n\u2019ibidashoboka kuko uwasubiraga inyuma yicwaga, ngo asanze Inkotanyi.<br \/>\nInkotanyi zari ziri hafi kwigarurira Jari na Gatsata ntizamurokoreye i Kigali kuko zamusanze iyo za Masango ya Gitarama kwa sekuru ubyara nyina ariko nabo bari barashize.<br \/>\nLeah Mihana arangiza ubuhamya bwe avuga ukuntu Leta y\u2019Ubumwe yagize neza cyane kuko yazanye ubutabera bwa Gacaca bwunga, byatumye u Rwanda rutera intambwe yo kubanisha Abanyarwanda, mu nzira y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge.<br \/>\nMadame Leah Mihana akomeza avuga ko kuba Leta y\u2019Ubumwe yarashyizeho Ikigega cyashyiriweho gufasha abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ari intambwe ikomeye yabayeho kuko icyo kigega FARG cyamufashije kwiga hamwe n\u2019abandi bavandimwe be, ubu bakaba baranaminuje.<br \/>\nUbu Madame Leah Mihana ni umukozi mu Kigo cya RURA, kibarizwa muri serivisi za Minisitiri w\u2019Intebe ,arubatse ni umubyeyi ushima Imana kandi wizeye kubaho kandi neza bidasubirwaho, muri Jenoside yari umukobwa w\u2019imyaka 10, ubu ni umubyeyi w\u2019imyaka 33 y\u2019amavuko.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Marshall E.David\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni ubuhamya bwa Leah Mihana, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mudamu yatangiye ubu buhamya mu ijoro ryo kwibuka ryo ku wa 21 Mata 2017, ryateguwe na sirivisi zitangwa na Minisitiri w\u2019Intebe (primature) n\u2019ibindi bigo biyishamikiyeho ku kicaro cya yo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Madamu Leah Mihana ni mwene nyakwigendera, Gervais wari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5897","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ni ubuhamya bwa Leah Mihana, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mudamu yatangiye ubu buhamya mu ijoro ryo kwibuka ryo ku wa 21 Mata 2017, ryateguwe na sirivisi zitangwa na Minisitiri w\u2019Intebe (primature) n\u2019ibindi bigo biyishamikiyeho ku kicaro cya yo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Madamu Leah Mihana ni mwene nyakwigendera, Gervais wari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-24T14:15:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:12:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana\",\"datePublished\":\"2017-04-24T14:15:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:12:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897\"},\"wordCount\":563,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897\",\"name\":\"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-24T14:15:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:12:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5897#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA","og_description":"Ni ubuhamya bwa Leah Mihana, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mudamu yatangiye ubu buhamya mu ijoro ryo kwibuka ryo ku wa 21 Mata 2017, ryateguwe na sirivisi zitangwa na Minisitiri w\u2019Intebe (primature) n\u2019ibindi bigo biyishamikiyeho ku kicaro cya yo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Madamu Leah Mihana ni mwene nyakwigendera, Gervais wari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-24T14:15:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:12:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana","datePublished":"2017-04-24T14:15:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:12:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897"},"wordCount":563,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5897#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897","name":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-24T14:15:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:12:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5897"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5897#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5897","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5897"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5897\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5897"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5897"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5897"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}