{"id":59000,"date":"2023-05-29T11:34:05","date_gmt":"2023-05-29T09:34:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=59000"},"modified":"2023-05-29T11:34:05","modified_gmt":"2023-05-29T09:34:05","slug":"nkore-iki-narigase-mu-gitsina-cy-umugore-bimpesha-visa-none-ubu-nahindutse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000","title":{"rendered":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#8217;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Muraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw&#8217;umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b&#8217;itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n&#8217;urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy\u2019amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini cya Leta aho nigaga amanita yarasohotse nsanga natsinzwe.<\/p>\n<p>Mu rugo bamwiye ko njya kwiga ku kigo twari duturanye, nkajya niga ntaha ariko ndabyanga nsaba ko banjyana mu kigo cyiza nkabayo ariko papa arabyanga bitewe n\u2019uko imico yanjye yayikemangaga.Byasabye ko mbasaba igishoro ngo nicururize imyenda mu biryogo I Nyamirambo barayampa ndatangira.<\/p>\n<p>Kubera ko nakundaga gusa neza, yewe no kwishuri bari barampimbye akazina ntaribuvuge kajyanye n\u2019uko nahoraga nkeye no kurusha bamwe mu barium.Ariko nabikomoraga kuri mukuru wanjye wari umuhanzi.<\/p>\n<p>Natangiye ubucuruzi, bitangira kugenda, ariko nkabivangamo no gukunda abagore kuko banyuraga imbere baje kugura imyenda aho nacururizaga dore ko nabo bankundaga bitewe n\u2019akarimi keza nagiraga ikindi kandi no mu gihagararo nsa neza.<\/p>\n<p>Umunsi umwe naje kubona umugore uje kungurira imyenda ambwira ko hari umugore w\u2019inshuti yanjye umundangiye.Yansabye nimero tukajya tuvugana akajya ambwira ko yankunze cyane ndetse akanyuzamo nkabona anyoherereje amafaranga agera mu bihumbi 100 frw ngo nongere igishoro.<\/p>\n<p>Umunsi umwe yansabye kumusura aho yambwiye atuye, njyayo nsanga aba mu nzu icumbikwamo by\u2019igihe gito(Appartement). Naricaye turaganira ambwira ko aba muri Canada ariko akaba yaraje mu biruhuko.<\/p>\n<p>Twarishimanye turasangira kuko nanjye nari umunyabirori birangira duhuje urugwiro ndamuryohereza aranyishimira ndetse iryo joro ndamuraza.Mu byo namukoreye byamushimishije harimo no kumurigata mu gitsina kuko yambwiye ko abikunda cyane.<\/p>\n<p>Uretse nibyo yambwiye ko nitwaye neza no mu mibonano,kuko ngo yaherukaga kumena amavangingo mbere y\u2019imyaka ibiri uhereye igihe twari twabonaniye.Yambonyemo ubunararibonye dukomeza gucudika kugeza ubwo dupanze ko tujyana muri Canada tukabana.<\/p>\n<p>Ntibyatinze twagiye gusezerana mu mategeko byihuse, anshakira ibyangombwa mu mezi atandatu gusa byari birangiye aragenda hashize umwaka umwe musangayo tubana nk\u2019umugabo n\u2019umugore.Amezi atatu ya mbere twari tumaranye byari byifashe neza ariko hashize umwaka ibintu byatangiye guhinduka nyuma y\u2019uko ntangiye kunanirwa mu mibonano.<\/p>\n<p>Bitewe n\u2019uko nta kandi kazi nagiraga, wasangaga buri mwanya ashaka imibonano no kumurigata mu gitsina, naje gusa n\u2019unanirwa imbaraga zitangira kugabanuka, atangira kujya ankyurira ambwira ko icyo yanzaniye nta gishoboye akantuka ibitutsi nyandagazi kugeza n\u2019uko ankubita inshyi.<\/p>\n<p>Naratuje akajya ankora ibyo ashaka kuko ibyangombwa byanjye yabifatiriye, gusa nyuma naje kumenya ko buri mwaka aza mu biruhuko agacudika n\u2019umusore yasubira muri Canada bagakomezanya kuri Telefoni mu rwego rwo kugirango atigunga dore ko muri ibi bihugu habamo irungu.Gusa iyo agarutse undi mwaka wawundi bari bacuditse amwigizayo agafata undi.<\/p>\n<p>Itandukaniro hagati yanjye n\u2019abo bakundanaga buri mwaka, n\u2019uko njye yantwaye nk\u2019umugabo we.Kugeza ubu rero icyo nashakaga kubabwira n\u2019uko njye narambiwe mu minsi ishize nkigendera nyuma y\u2019uko namwibye ibyangomwa ngo nkomeze gushakisha ubuzima.<\/p>\n<p>Gusa icyo nibaza cyanyobeye, ese nzashake ticket nigarukire nsabe gatanya nishakire umukobwa twakundanaga nahemukiye dore ko we ngo akinkunda? cyangwa nsubire aho narindi nishakemo imbaraga uko nshoboye dore ko mu busanzwe usibye kungira imbata y\u2019imibonano nari mbayeho neza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw&#8217;umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b&#8217;itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n&#8217;urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo. Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy\u2019amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-59000","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#039;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#039;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw&#8217;umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b&#8217;itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n&#8217;urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo. Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy\u2019amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-05-29T09:34:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#8217;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi\",\"datePublished\":\"2023-05-29T09:34:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000\"},\"wordCount\":533,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000\",\"name\":\"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy'umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-05-29T09:34:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59000#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#8217;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy'umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy'umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA","og_description":"Muraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw&#8217;umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b&#8217;itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n&#8217;urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo. Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy\u2019amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-05-29T09:34:05+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#8217;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi","datePublished":"2023-05-29T09:34:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000"},"wordCount":533,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59000#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000","name":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy'umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-05-29T09:34:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59000"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59000#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nkore iki?Narigase mu gitsina cy&#8217;umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59000","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=59000"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59000\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=59000"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=59000"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=59000"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}