{"id":59136,"date":"2023-06-04T15:39:04","date_gmt":"2023-06-04T13:39:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=59136"},"modified":"2023-06-04T15:39:04","modified_gmt":"2023-06-04T13:39:04","slug":"muhanga-utishoboye-agiye-kunyagwa-inka-amaranye-amezi-6","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136","title":{"rendered":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umukecuru witwa Mujawamariya Fran\u00e0\u00a7oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma y\u2019aho Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize.<\/strong><\/p>\n<p>Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare kabugenewe, kandi ko ari umukene uri mu cyiciro cya mbere cy\u2019ubudehe. Ngo mu 2018 yashyizwe ku rutonde rw\u2019abagomba guhabwa inka muri iyi gahunda, atinda kuyihabwa kubera ko atari afite umwana umuragirira kugeza mu Kuboza 2022 ubwo Umuyobozi w\u2019Umudugudu, yamuhamagaraga, akamuha ikimasa.<\/p>\n<p>Avuga ko nyuma y\u2019amezi 6 aragiye iki kimasa, Gitifu w\u2019akagari ukiri mushya muri yamugezeho, amubwira ko agiye kucyamburwa kuko atari we cyari cyaragenewe. Gusa we ntabyumva, kuko ngo yari maze igihe ari ku rutonde rw\u2019abaziturirwa, kandi ngo yayihawe bigizwemo uruhare n\u2019abarimo Umukuru w\u2019Umudugudu n\u2019uwayoboraga aka kagari.<\/p>\n<p>BWIZA yavuganye na Mudugudu Cyriake asobanura ko koko Mujawamariya yari amaze igihe kinini ku rutonde rw\u2019abagomba guhabwa inka, bityo akaba atumva impamvu Gitifu yaba ashaka kuyimwambura ngo ayihe undi utuye mu mudugudu wa Nyanza.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUwo mukecuru Mujawamariya Fran\u00e0\u00a7oise yagize impanuka inzu iramugwira. Mbega kuva mu nzu ni ugushinjagira. Noneho rero, baje kumutoranya mu bantu bagomba korozwa inka ya Gira Inka, ubwo hari umwana w\u2019umusore yari afite, yigira mu mujyi, tumutoranya yaragiye. Uwo mwaka rero, muri 2021 bamutarutse batamuhaye kubera ko ntabwo yari kubona uyigaburira. Icyo gihe nari umuyobozi, natangiranye na guverinoma, nayoboye ha mbere.\u201d<\/p>\n<p>Mudugudu yakomeje ati: \u201cUndi mwaka ukurikiyeho, ni bwo aje uwo muhungu. Ahageze ni bwo yabazaga ati \u2018Kuki batwemereye kuduha inka, ntituyibone?\u2019 Turavuga tuti \u2018Noneho kuva abaturage barayimwemereye, nta kibazo.\u2019 Ivutse mu mudugudu, turayimuha. None Gitifu w\u2019akagari arimo kuvuga ngo twayimuhaye atari ku rutonde rw\u2019uyu mwaka, ngo agomba kuyamburwa. Aramburwa si Umunyarwanda nk\u2019abandi?\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe impamvu Mujawamariya yazituriwe ikimasa, Mudugudu yasubije ko bari baremeranyije ko azakiragira, cyamara gukura akakigurisha, akaguramo inyana. Ati: \u201cN\u2019ubundi rwose biratangwa, nta kibazo.\u201d<\/p>\n<p>Gitifu Nkerabigwi L\u00e9onidas mu kiganiro yagiranye na BWIZA, yasobanuye ko yashe icyemezo cyo kwambura Mujawamariya inka, ashingiye ku mabwiriza agenda gahunda ya Gira Inka. Ati: \u201cGahunda ya Gira Inka ihabwa umuntu uri ku rutonde watowe n\u2019abaturage. We bakoze erreur, bayimuha atari ku rutonde. Nta yindi mpamvu rwose. Urutonde rukorwa mu kwezi kwa 6, uyu mwaka w\u2019imihigo rero ntabwo ari ku rutonde.\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe niba hari gahunda ihari yo guha Mujawamariya inka nyuma yo kunyagwa iyi nka, Gitifu yasubije ko mu gihe yatorwa n\u2019abaturage, akajya ku rutonde rw\u2019umwaka w\u2019imihigo utaha, yazaziturirwa nk\u2019abandi. Ku kuba yarahawe ikimasa, yasubije ko ari ikosa ryakozwe n\u2019Umuyobozi w\u2019Umudugudu.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, yatumenyesheje ko agiye gukurikirana aya makuru kandi ko nasanga harimo ikibazo, aragikemura. Ati: \u201cNgiye kubikurikirana, nidusangamo ikibazo turabikemura.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukecuru witwa Mujawamariya Fran\u00e0\u00a7oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma y\u2019aho Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize. Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-59136","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukecuru witwa Mujawamariya Fran\u00e0\u00a7oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma y\u2019aho Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize. Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-06-04T13:39:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6\",\"datePublished\":\"2023-06-04T13:39:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136\"},\"wordCount\":468,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136\",\"name\":\"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-06-04T13:39:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59136#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA","og_description":"Umukecuru witwa Mujawamariya Fran\u00e0\u00a7oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma y\u2019aho Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize. Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-06-04T13:39:04+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6","datePublished":"2023-06-04T13:39:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136"},"wordCount":468,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59136#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136","name":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-06-04T13:39:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59136"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59136#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59136","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=59136"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59136\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=59136"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=59136"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=59136"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}