{"id":5936,"date":"2017-04-27T10:07:12","date_gmt":"2017-04-27T10:07:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/27\/indaya-zize-indi-mitwe-yo-kunyarira-abagabo-zibabeshya-ko-ari-amavangingo\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:37","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:37","slug":"indaya-zize-indi-mitwe-yo-kunyarira-abagabo-zibabeshya-ko-ari-amavangingo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936","title":{"rendered":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo"},"content":{"rendered":"<p>Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa\/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina.<br \/>\nIyi ngingo yo kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite umugore udafite amavangingo usanga bimubabaza ku buryo yanamuca inyuma akajya gushaka undi ku ruhande.<br \/>\nUretse ibi kandi, iyi ngingo isenya ingo nyinshi kubera kutaryoherwa mu buriri, bityo abo ingeso zokamye bagafata iya mbere bakajya kuryamana n\u2019indaya, aha rero niho bahurira n\u2019uruva gusenya.<br \/>\nIyi nkuru ikozwe nyuma y\u2019ubuhamya Bwiza.com yahawe n\u2019umugabo wahuye n\u2019uruva gusenya ubwo yaryamanaga n\u2019indaya ikamunyarira (inkari zisanzwe), mu gihe we yaryamanye nayo imubeshya ko inyara bihagije (amavangingo).<br \/>\nYagize ati: \u201cNjye naramubajije nti nitugera mu rugo uranezeza, ati, yego, nyibajije uburyo ibikoramo iti, njye ndanyara, nkanyonga, byose ndabizi papa! Kubera n\u2019agacupa kari kangezemo twashatse lodge, ariko yanteye guhurwa indaya, aho kongera kugura indaya nakwiyahura nkapfa\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYakomeje avuga ko iyo ndaya baryamanye, aho yari yakodesheje ku mafaranga ye, ibyo yamwizezaga byose nta na kimwe yabonye ahubwo yaramwanduje ataha anuka inkari.<br \/>\nAti: \u201cubwo twakoraga ibyo, yagezemo hagati isa nkirimo kwiyumvira cyaneeee, ngiye kumva irasakuje ngo zaje cyaneee, numva irimo kunyarira nanjye nti ndanyaje pe!! Ariko kubera umunuko zari zifite uvanze n\u2019inzoga nahise nibaza byinshi\u201d.<br \/>\nYakomeje avuga ko uko nubwo umugore we atarasanzwe azana amavangingo, ko yari asanzwe azi ingingo yo kunyaza, ati: \u201cnaramubajije nti ibyo ukoze urabizi, aho kunsubiza,\u2026 yahise avuga ngo ko aribyo muba mwifuza se, mugiye ataje [amavangingo] ndiyeranja nkanyara izisanzwe\u201d.<br \/>\nUyu mugabo wanze ko amazina ye yatangazwa, yakomeje avuga ko ubu indaya zirisha ibintu 2, kunyara [amavangingo] no kunyonga, ariko zikabivuga rimwe na rimwe zitazi nuko bikorwa, ahubwo ari uko ziba zizi ko abagabo baba bashaka abakobwa\/gore banyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina cyangwa babanezeza.<br \/>\n <strong>Inkari zitandukanye n\u2019amavangingo<\/strong><br \/>\nUbundi kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n\u2019umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n\u2019ibyishimo ndengakamere aba yatewe n\u2019uwo babikorana bitewe nyine n\u2019uburyo abimukoreramo.<br \/>\nAho amavangingo(Liquide Vaginal)) asohokera hatandukaniye naho inkari zisanzwe (urine), kuko amavangingo aza mu gihe umugore arimo gukora imibonano mpuzabitsina yaryohewe cyane, cyangwa akikinisha akagera ku rugero yumva aryohewe akamisha ayo mavangingo, naho inkari ni ibisanzwe ujya mu bwiherero ukanyara, igihe cyose ushakiye kunyara uranyara.<br \/>\nKutagira ubumenyi buhagije kuri iyi ngingo y\u2019amavangingo, nibyo bituma abasore benshi cyangwa abagabo bashukwa n\u2019indaya zikabanduza zibabeshya ngo ziranyara amavangingo kandi ari ukubanyarira bisanzwe, kugirango bazihere amafaranga.<br \/>\nKunyaza ntabwo byoroshye nko kubivuga mu rurimi.Ni ngombwa kumenya kubikora kugira ngo ushimishanye n&#8217;uwo mwashakanye, mugabo rero ufata umwanzuro wo kujya kugura indaya, uba wikururiye ibyago byinshi ndetse udasize nuwo mwashakanye.<br \/>\nRubyiruko mwirinde ubusambanyi, kuko ejo ni ahanyu, uko wishoramo niko ushobora kuvanamo indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyangwa ku mukobwa akaba yavanamo inda atazabasha kurera umwana azabyara, ugasanga ashyize ubuzima bwe mu bibazo ndetse n\u2019ubw\u2019umwana azabyara.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa\/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina. Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5936","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa\/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina. Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-27T10:07:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo\",\"datePublished\":\"2017-04-27T10:07:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936\"},\"wordCount\":548,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936\",\"name\":\"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-27T10:07:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5936#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA","og_description":"Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa\/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina. Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-27T10:07:12+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:37+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo","datePublished":"2017-04-27T10:07:12+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936"},"wordCount":548,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5936#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936","name":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-27T10:07:12+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5936"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5936#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5936","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5936"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5936\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5936"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5936"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5936"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}