{"id":59561,"date":"2023-06-22T10:03:25","date_gmt":"2023-06-22T08:03:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=59561"},"modified":"2023-06-22T10:03:25","modified_gmt":"2023-06-22T08:03:25","slug":"ibyihebe-rdf-yagiye-guhiga-i-cabo-delgado-mu-mikoranire-na-adf","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561","title":{"rendered":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umutwe w&#8217;iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n&#8217;indi mitwe itandukanye irimo n&#8217;uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z&#8217;u Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Ni ibyatangajwe n&#8217;impuguke z&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena.<\/p>\n<p>Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, mu rwego rwo kuhirukana ibyihebe byo mu mutwe wa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah unazwi nka Al Shabaab wari warigaruriye igice kinini cy&#8217;intara ya Cabo Delgado.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 21 Kamena yabwiye itangazamakuru ko bigizwemo uruhare na RDF, umutekano muri Cabo Delgado umaze kugaruka ku kigero cya 80%; ku buryo n&#8217;ibikorwa bitandukanye byari byarahagaze byongeye gusubukurwa.<\/p>\n<p>Cyakora cyo n&#8217;ubwo u Rwanda na Mozambique bishimira ibimaze kugerwaho mu kugarura umutekano muri Cabo Delgado; hari amakuru avuga ko ibyihebe byari byarabohoje iriya ntara bikomeje imikoranire n&#8217;undi mitwe witwaje intwaro wa ADF.<\/p>\n<p>Uyu mutwe wundi ukorera mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wo na Al Shabaab yo muri Mozambique bahuriye ku kuba bombi bafitanye imikoranire ya hafi n&#8217;undi mutwe wa Leta ya Kisilamu (IS) wo muri Syria.<\/p>\n<p>Ni imitwe yose igendera ku mahame akaze y&#8217;idini ya Islam.<\/p>\n<p>ADF imaze igihe igaba ibitero by&#8217;iterabwoba ku butaka bwa Uganda cyo kimwe no mu ntara za Kivu y&#8217;Amajyaruguru (muri Teritwari ya Beni) na Ituri zo mu burasirazuba bwa RDC.<\/p>\n<p>Ingabo za Uganda zifatanyije n&#8217;iza Congo Kinshasa bamaze igihe bawugabaho ibitero impande zombi zemeza ko byawushegeshe, gusa impuguke za Loni zivuga ko ADF yongeye kwisuganya ku buryo ibitero byayo bitigeze bihagarara.<\/p>\n<p>Igiheruka ni icyo mu cyumweru gishize uyu mutwe wagabye mu karere ka Kasese mu burengerazuba bwa Uganda, ucyiciramo abantu 42 barimo abanyeshuri 37.<\/p>\n<p>Raporo ya ziriya mpuguke kandi ivuga ko ADF yaguye imbibi ku buryo imaze iminsi ishaka abarwanyi bashya mu ntara za Kinshasa, Tshoppo, Haut U\u00e9l\u00e9 na Kivu y&#8217;Amajyepfo.<\/p>\n<p><strong>Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah na ADF mu mikoranire<\/strong><\/p>\n<p>Impuguke za Loni muri raporo yazo zivuga ko &#8220;kuva mu mpera za 2021, [ADF] yakoranye inama nyinshi n&#8217;abahagarariye Da&#8217;esh cyangwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah muri Mozambique na Kivu y&#8217;Amajyepfo, mu rwego rwo kuganira ku ngamba ndetse n&#8217;amayeri y&#8217;imikoranire.&#8221;<\/p>\n<p>Nko muri Kamena 2022 ibyihebe bikuru ku mpande zombi byahuriye muri Teritwari ya Shabunda, mu gihe mbere y&#8217;aho (muri Kanama 2021) byari byahuriye i Kigoma muri Tanzania.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro z&#8217;uyu mwaka bwo Ibn Omar na Sheikh Abu Yassir Hassan bayoboye Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah mu bya gisirikare no mu buryo bw&#8217;idini bagiye muri Kivu y&#8217;Amajyepfo; bahahurira n&#8217;abayobozi bakuru muri ADF.<\/p>\n<p>Imikoranire y&#8217;iyi mitwe yanigeze gukomozwaho na Perezida Paul Kagame, ubwo muri Kanama umwaka ushize yaganiraga n&#8217;inzego z&#8217;umutekano z&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Byari nyuma y&#8217;uko mu Ukwakira 2021 Polisi y&#8217;u Rwanda ndetse n&#8217;Urwego rw&#8217;Ubugenzacyaha bataye muri yombi abantu 13 biteguraga kugaba ibitero by&#8217;iterabwoba muri Kigali.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yavuze ko abatawe muri yombi bari bafitanye imikoranire na ADF, bakaba barashakaga &#8220;guhorera abo basangiye imyumvire n\u2019ibikorwa bari muri Cabo Delgado muri Mozambique.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Barabahoreraga bagira ngo bagirire nabi u Rwanda ko bagiye kurwanya iyo mitwe nka bo.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umutwe w&#8217;iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n&#8217;indi mitwe itandukanye irimo n&#8217;uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z&#8217;u Rwanda. Ni ibyatangajwe n&#8217;impuguke z&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-59561","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umutwe w&#8217;iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n&#8217;indi mitwe itandukanye irimo n&#8217;uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z&#8217;u Rwanda. Ni ibyatangajwe n&#8217;impuguke z&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-06-22T08:03:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF\",\"datePublished\":\"2023-06-22T08:03:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561\"},\"wordCount\":529,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561\",\"name\":\"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-06-22T08:03:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=59561#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA","og_description":"Umutwe w&#8217;iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n&#8217;indi mitwe itandukanye irimo n&#8217;uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z&#8217;u Rwanda. Ni ibyatangajwe n&#8217;impuguke z&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-06-22T08:03:25+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF","datePublished":"2023-06-22T08:03:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561"},"wordCount":529,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59561#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561","name":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-06-22T08:03:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=59561"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=59561#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59561","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=59561"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/59561\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=59561"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=59561"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=59561"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}