{"id":6022,"date":"2017-05-03T15:07:46","date_gmt":"2017-05-03T15:07:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/03\/nyamasheke-umugabo-yishe-umugore-we-wari-umubajije-impamvu-avuye-kwiba-ibisheke\/"},"modified":"2017-05-03T15:07:46","modified_gmt":"2017-05-03T15:07:46","slug":"nyamasheke-umugabo-yishe-umugore-we-wari-umubajije-impamvu-avuye-kwiba-ibisheke","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022","title":{"rendered":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke"},"content":{"rendered":"<p>Ntagozera Stanislas w\u2019imyaka 46 y\u2019amavuko utuye mu mudugudu wa Gasharu,akagari k\u2019Impala,mu murenge wa Bushenge,mu karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Shangi mu karere ka Nyamasheke nyuma yo kwica umugore we Mukangango Sophie amuziza kuba yari amubajije impamvu avuye kwiba ibisheke mu rugo rw\u2019umuturanyi we.<br \/>\nMu kiganiro na Bwiza.com,umunyambanga nshingwabikorwa w\u2019 uyu murenge wa Bushenge Nabagize Justine yavuze ko uyu mugabo yacocaguje umugore we umupanga yari avuye kwibisha ibyo bisheke na byo birambitse aho,akaba ari umuhoro ari n\u2019ibisheke,byose yabifatanywe akabijyananwa kuri sitasiyo ya polisi ya Shangi.<br \/>\nYagize ati\u2019\u2019hari mu ma saa saba n\u2019igice z\u2019ijoro zo kuri uyu wa gatatu,ubwo uyu mugabo Ntagozera Stanislas yari avuye kwiba ibisheke mu rugo rwo muri uyu mudugudu wa Gasharu atuyemo, ageze mu rugo umugore amubaza impamvu avuye kwiba ibisheke by\u2019abandi,anamugaragariza ko adashobora gukomeza kwihanganira iyi ngeso y\u2019ubujura,ko abirambiwe igisigaye ari ukubishyira ahagaragara,umugabo nta kindi avuze ahita amucocaguza uwo mupanga yari avuye kwibisha.\u2019\u2019<br \/>\nYakomeje agira ati\u2019\u2019 yamujanjaguye umutwe,abaturanyi bumva abana bavuza induru muri iryo joro natwe baraduhuruza turatabara dusanga yamumenaguye umutwe wose ari hafi yo gupfa duhita tumwihutana mu bitaro bya Bushenge ari ho yashiriyemo umwuka saa kumi n\u2019ebyiri za mugitondo umurambo we ukaba uri bushyingurwe uyu munsi.\u2019\u2019<br \/>\nAvuga ko uyu mugabo yari asanzwe afite ingeso y\u2019ubujura n\u2019imyitwarire mibi mu mudugudu aho umugore we ngo yahoraga avuga ko arambiwe izi ngeso zidaha umutekano umuryango n\u2019abo uyu mugabo acucura utwabo,bikaba ngo byari bimaze gukurura amakimbirane akomeye muri uyu muryango,bagakeka ko ari yo mpamvu uyu mugabo yahisemo kumujanjagura umutwe gutya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNubwo bamwe mu baturanyi baganiriye na Bwiza.com bagaragaje akababaro gakomeye batewe n\u2019urupfu rwa nyakwigendera wazize kutihanganira ingeso mbi y\u2019ubujura y\u2019umugabo we,banashimye ubutwari bw\u2019uyu mugore,basaba bagenzi babo kudahishira ukuri nubwo umuntu yakuzira.<br \/>\nUmwe muri bo yagize ati\u2019\u2019 jye ndabona apfuye nk\u2019intwari izize ukuri. Bitwgishije ko tutagomba guhishira ukuri nubwo twakuzira,kuko uyu mugore wari umaze kugaragaza ko atihanganira ingeso mbi y\u2019ubujura y\u2019umugabo we arabizize ariko natwe bidusigiye isomo rikomeye ryo kutihanganira abanyangeso mbi nk\u2019aba nubwo babituziza.<br \/>\nIkindi ni uko uyu mugome akwiye gukanirwa urumukwiye kandi tukifuza ko yazaburanishirizwa mu ruhame kugira ngo bibere isomo n\u2019abandi bagikinisha kwica abo bashakanye mu gihe igihugu cyacu cyigisha amahoro.Ahemukiye umuryango we n\u2019umuryango nyarwanda atiretse kuko nawe bitazamugwa amahoro.\u2019\u2019<br \/>\nMu nama y\u2019umutekano idasanzwe yahise ikoreshwa abaturage b\u2019aka kagari, basabwe kwirinda ingeso mbi z\u2019ubujura n\u2019izindi zose ziganisha ku bugizi bwa nabi,no kwirinda amakimbirane mu ngo nk\u2019aya ageza no ku rupfu,bizezwa ko uyu mugizi wa nabi azakanirwa urumukwiye n\u2019ahamwa n\u2019iki cyaha,banasabwa kujya batangira amakuru ku gihe ku cyo babona gishobora guhungabanya umutekano cyose.Nyakwigendera asize abana 5.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>BAHUWIYONGERA Sylvestre\/bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntagozera Stanislas w\u2019imyaka 46 y\u2019amavuko utuye mu mudugudu wa Gasharu,akagari k\u2019Impala,mu murenge wa Bushenge,mu karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Shangi mu karere ka Nyamasheke nyuma yo kwica umugore we Mukangango Sophie amuziza kuba yari amubajije impamvu avuye kwiba ibisheke mu rugo rw\u2019umuturanyi we. Mu kiganiro na Bwiza.com,umunyambanga nshingwabikorwa w\u2019 uyu murenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-6022","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntagozera Stanislas w\u2019imyaka 46 y\u2019amavuko utuye mu mudugudu wa Gasharu,akagari k\u2019Impala,mu murenge wa Bushenge,mu karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Shangi mu karere ka Nyamasheke nyuma yo kwica umugore we Mukangango Sophie amuziza kuba yari amubajije impamvu avuye kwiba ibisheke mu rugo rw\u2019umuturanyi we. Mu kiganiro na Bwiza.com,umunyambanga nshingwabikorwa w\u2019 uyu murenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-03T15:07:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke\",\"datePublished\":\"2017-05-03T15:07:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022\"},\"wordCount\":496,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022\",\"name\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-03T15:07:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6022#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA","og_description":"Ntagozera Stanislas w\u2019imyaka 46 y\u2019amavuko utuye mu mudugudu wa Gasharu,akagari k\u2019Impala,mu murenge wa Bushenge,mu karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Shangi mu karere ka Nyamasheke nyuma yo kwica umugore we Mukangango Sophie amuziza kuba yari amubajije impamvu avuye kwiba ibisheke mu rugo rw\u2019umuturanyi we. Mu kiganiro na Bwiza.com,umunyambanga nshingwabikorwa w\u2019 uyu murenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-03T15:07:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke","datePublished":"2017-05-03T15:07:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022"},"wordCount":496,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6022#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022","name":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-03T15:07:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6022"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6022#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we wari umubajije impamvu avuye kwiba ibisheke"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6022","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6022"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6022\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6022"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6022"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6022"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}