{"id":60280,"date":"2023-07-20T06:15:24","date_gmt":"2023-07-20T04:15:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=60280"},"modified":"2025-02-12T11:47:49","modified_gmt":"2025-02-12T09:47:49","slug":"u-rwanda-rwihanangirije-rdc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280","title":{"rendered":"U Rwanda rwihanangirije RDC"},"content":{"rendered":"<p><strong>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y&#8217;itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk&#8217;urwitwazo rwo kurushozaho intambara.<\/strong><\/p>\n<p>Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu.<\/p>\n<p>Ni itangazo ryashyizweho umukono n&#8217;Umuvugizi wa FARDC, G\u00e9n\u00e9ral-Major Sylvain Ekenge Songesa.<\/p>\n<p>FARDC yasohoye iri tangazo isa n\u2019itanga intabaza, ivuga ko ifite amakuru ashingiye ku itangazo yavuze ko ryasohowe na Leta y\u2019u Rwanda, ku wa 18 Nyakanga 2023, rivuga ko rwiteguye kohereza ingabo za RDF ku butaka bwa RDC mu rwego rwo guhashya umutwe wa FDLR.<\/p>\n<p>Itangazo ryayo rivuga ko &#8220;Abayobozi b\u2019u Rwanda bavuga ko iryo yoherezwa ry\u2019ingabo rizasobanurwa nk\u2019igitero kigamije guhashya FDLR\/FOCA.&#8221;<\/p>\n<p>RDC yunzemo ko mu gihe u Rwanda rwaba rwohereje Ingabo zarwo ku butaka bwayo byeruye, Ingabo zayo zifite &#8220;uburenganzira bwo kwirwanaho mu buryo bukomeye.&#8221;<\/p>\n<p>Guverinoma y&#8217;u Rwanda mu itangazo yaraye isohoye, yatangaje ko nta tangazo iryo ari ryo ryose rivuga ko iteganya kohereza Ingabo muri RDC yigeze isohora.<\/p>\n<p>Yavuze ko ibyakozwe n&#8217;Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari &#8220;urwitwazo rwo gushaka gushoza intambara no gushakisha impamvu zo kugaba igitero ku butaka bw\u2019u Rwanda ari na ko ikomeza guha intwaro, gutera inkunga no gukorana n\u2019umutwe wa FDLR wasize ukoze Jenoside mu Rwanda.&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda nyuma yo kwihanangiriza RDC rwunzemo ruti: &#8220;Nk\u2019uko byakomeje gushimangirwa, u Rwanda ruzakomeza ibikorwa bigamije kurinda ubusugire bwarwo ku butaka no mu kirere kandi ruzahangana n\u2019icyo ari cyo cyose cyaterwa n\u2019intambara mu Burasirazuba bwa Congo.&#8221;<\/p>\n<p>Kuri ubu hashize umwaka ibihugu byombi bidacana uwaka ku mpamvu z&#8217;ibirego buri gihugu gishyira ku kindi.<\/p>\n<p>Congo Kinshasa ishinja u Rwanda guha ubufasha umutwe wa M23 umaze igihe mu mirwano n&#8217;Ingabo zayo, gusa u Rwanda na rwo rukayishinja guha ubufasha umutwe wa FDLR.<\/p>\n<p>Igisirikare cy&#8217;u Rwanda giheruka gutangaza ko uyu mutwe umaze igihe mu myiteguro yo kugaba ibitero mu karere ka Rubavu.<\/p>\n<p>Ni amakuru yemejwe n\u2019Umuyobozi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lt Col Ryarasa William, ubwo mu cyumweru gishize yari mu nama mpuzabikorwa yahuje abayobozi b\u2019inzego zitandukanye mu karere ka Rubavu ndetse n\u2019abahagarariye ibyiciro by\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Yavuze ko FDLR iteganya guhungabanya umutekano w\u2019igihugu, nyuma yo kwegera imipaka y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku mupaka hose hagiye FDLR. Barahari hafi n\u2019umupaka hariya. Noneho wajya kugera Cyanzarwe kuri uriya mupaka wa Cyanzarwe bahazanye uwo bita Gaston [Iyamuremye], ariko gahunda zabo nta n\u2019ubwo ari ukurasa gusa, ahubwo bagize amahirwe babona n\u2019uko bica abaturage.&#8221;<\/p>\n<p>Lt Col Ryarasa yavuze ko muri gahunda FDLR irimo harimo gutera za Grenades mu mujyi wa Gisenyi, ibyatumye asaba abaturage kuba maso.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nk\u2019uko navuze FDLR hano, ariko noneho bari bafite na gahunda yo gutera Grenades muri uyu mujyi. Nandetse batubwira ko zamaze no kwinjira, birashoboka kuko hari inzira nyinshi zishobora kwinjiriramo. Iya mbere ni forode, zakwinjirira muri forode. Icyo gihe rero, ni ukuba maso.&#8221;<\/p>\n<p>FDLR na yo yemeje ko imaze igihe ifite iriya gahunda biciye mu muvugizi wayo, Cur\u00e9 Ngoma.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda, Yolande Makolo aheruka gutangaza ko Ingabo z\u2019u Rwanda zimaze igihe ziryamiye amajanja ku mupaka w&#8217;u Rwanda na RDC, mu rwego rwo kwirinda ko hari icyaturuka hakurya kigahungabanya umutekano w\u2019igihugu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y&#8217;itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk&#8217;urwitwazo rwo kurushozaho intambara. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni itangazo ryashyizweho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[478,131],"class_list":["post-60280","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw","tag-amamenyesha-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y&#8217;itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk&#8217;urwitwazo rwo kurushozaho intambara. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni itangazo ryashyizweho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-20T04:15:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T09:47:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwihanangirije RDC\",\"datePublished\":\"2023-07-20T04:15:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:47:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280\"},\"wordCount\":558,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280\",\"name\":\"U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-07-20T04:15:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:47:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60280#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwihanangirije RDC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA","og_description":"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y&#8217;itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk&#8217;urwitwazo rwo kurushozaho intambara. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni itangazo ryashyizweho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-07-20T04:15:24+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T09:47:49+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwihanangirije RDC","datePublished":"2023-07-20T04:15:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:47:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280"},"wordCount":558,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60280#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280","name":"U Rwanda rwihanangirije RDC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-07-20T04:15:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:47:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60280"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60280#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwihanangirije RDC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60280","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=60280"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60280\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=60280"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=60280"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=60280"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}