{"id":60311,"date":"2023-07-21T11:33:26","date_gmt":"2023-07-21T09:33:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=60311"},"modified":"2023-07-21T11:33:26","modified_gmt":"2023-07-21T09:33:26","slug":"rutangarwamaboko-aribaza-niba-gatabazi-ari-bwo-yamenya-icyerekezo-cy-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311","title":{"rendered":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda n\u2019igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by\u2019iyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n\u2019ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame wamubabariye ku bwo kuwitabira.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 20 Nyakanga, Gatabazi yagize ati: &#8220;Mwarakoze Nyakubahwa PerezidaWacu, Paul Kagame, ku nama, impanuro no kudukebura mutwibutsa umurongo twahisemo nk\u2019Abanyarwanda wo kubaka igihugu gishingiye ku Bunyarwanda (National Identity), tuyobowe n\u2019intekerezo ya Ndi Umunyarwanda (RwandanSpirit) yo sano muzi iduhuza twese.\u201d<\/p>\n<p>Kuri ubu busesenguzi yatambukije ku muyoboro we wa YouTube kuri uyu wa 21 Nyakanga, Rutangarwamaboko yagize ati: &#8220;Kare hari umwe mu bayobozi nabonye, ntabwo ari ibanga kuko yabyitangarije. Gatabazi, wahoze ari umutware ukuriye ubutegetsi bw\u2019igihugu, wabaye umutware w\u2019intara y\u2019Amajyaruguru, wabaye intumwa ya rubanda, arazwi mu butegetsi bw\u2019u Rwanda.\u201d<\/p>\n<p>Rutangarwamaboko yasubiyemo ubu butumwa bwa Gatabazi, araseka, maze asubiramo ubutumwa avuga ko yahawe n\u2019abamwandikiye, ati: \u201cHari abanyandikiye bambwira bati \u2018Ariko se, nk\u2019uyu muyobozi uvuga ngo bakoze kumukebura bakamwereka icyerekezo igihugu cyerekeramo, ubu igihe yabereye ntabwo azi icyerekezo igihugu cyerekeramo\u2019?\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje ati: \u201cSi we nshaka gutindaho, ariko hari igihe nigeze kumubwira na bwo hari ibyari byamubayeho, nti \u2018Dore ugaruwe n\u2019inkirirahato, uramenye! Kuko ubundi inkirirahato iba izaramba\u2019. Ibindi ntacyo nshaka kongeraho. Muri bakuru, muri Abanyarwanda.\u201d<\/p>\n<p>Rutangarwamaboko yavuze ko umuyobozi adakwiye guhora asaba imbabazi, ahubwo aba akwiye kuva mu nshingano. Ati: &#8220;Mfite ubwoba, ndarurumwa nka Nyagasani Imandwa Nkuru y&#8217;u Rwanda. Ntabwo numva ukuntu umuntu yavuga ko ari umuyobozi, akaba nyamujya iyo bigiye! Ugahora usaba imbabazi, kuzageza ryari?&#8221;<\/p>\n<p>Na none ati: &#8220;Niba ibyo urimo utabyumva, wabivuyemo ukabireka! Ukareka kurindagiza ben&#8217;Imana kuko Abanyarwanda bayoborwaga biturutse ku Mana. N&#8217;ubu ni ko bigomba kumera! Niba utarimo umwuka w&#8217;Imana y&#8217;i Rwanda, rorera! Higama, ureke abo imana zereye berekeze u Rwanda aho rugomba kwerekera. Ariko we guhora ujahagurika, &#8216;Natsikiye, Nyakubahwa Mumbabarire, murakoze kudukebura, murakoze kugira&#8230;&#8217; Oya!&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mushakashatsi aremeza ko amoko gakondo (clan) ari ingenzi kuko ari yo umuco nyarwanda ushingiyeho, akanemeza ko uko biri kose Leta y&#8217;u Rwanda yahagurukiye ibirori by&#8217;iyimikwa ry&#8217;Umutware w&#8217;Abakono ifite ibyo yashingiyeho mu bushishozi bwayo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda n\u2019igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by\u2019iyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n\u2019ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[126],"class_list":["post-60311","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda n\u2019igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by\u2019iyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n\u2019ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-21T09:33:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda\",\"datePublished\":\"2023-07-21T09:33:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311\"},\"wordCount\":380,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311\",\"name\":\"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-07-21T09:33:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60311#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA","og_description":"Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda n\u2019igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by\u2019iyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n\u2019ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-07-21T09:33:26+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda","datePublished":"2023-07-21T09:33:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311"},"wordCount":380,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60311#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311","name":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-07-21T09:33:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60311"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60311#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy\u2019u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60311","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=60311"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60311\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=60311"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=60311"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=60311"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}