{"id":60363,"date":"2023-07-24T21:23:00","date_gmt":"2023-07-24T19:23:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=60363"},"modified":"2023-07-24T21:23:00","modified_gmt":"2023-07-24T19:23:00","slug":"senateri-nyirasafari-yasabye-imbabazi-p-kagame-nyuma-yo-kujya-kwimika-umutware","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363","title":{"rendered":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono"},"content":{"rendered":"<p><strong>Visi-Perezida wa Sena, Nyirasafari Esperance, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame akanaba Chairman w&#8217;Umuryango wa RPF Inkotanyi, nyuma yo kwitabira umuhango wo kwimika umutware w&#8217;Abakono uheruka kubera mu karere ka Musanze.<\/strong><\/p>\n<p>Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo uyu muhango wabereye mu murenge wa Kinigi w&#8217;akarere ka Musanze, witabirwa n&#8217;abayobozi batandukanye barimo na Visi-Perezida wa Sena.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;uko amakuru yawo yari amaze kumenyekana FPR Inkotanyi yamaganye uriya muhango, ugaragaza ko &#8220;usubiza inyuma intambwe zatewe mu kubaka ubumwe bw\u2019Abanyarwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko byabaye ngombwa ko abayobozi bitabiriye uriya muhango bahamagazwa, mu rwego rwo gutanga ibisobanuro ndetse no gusaba imbabazi.<\/p>\n<p>Ku Cyumweru tariki ya 23 Nyakanga Kazoza Justin wari wimitswe nk&#8217;umutware w&#8217;Abakono yemeye ko ari we nyirabayazana w&#8217;ibyabaye byose, mbere yo gusaba imbabazi.<\/p>\n<p>Senateri Nyirasafari mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yongeye gusaba imbabazi Umukuru w&#8217;Igihugu ku bw&#8217;amakosa akomeye yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono yakoze.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Nyakubahwa Chairman w\u2019Umuryango FPR-INKOTANYI mukaba na Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, mbikuye ku mutima mfashe uyu mwanya ngo nsabe imbabazi ku makosa akomeye nakoze ubwo nitabiraga umuhango w\u2019icyiswe \u201cIyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono\u201d wabaye kuwa 9\/7\/2023 mu murenge wa Kinigi, akarere ka Musanze.&#8221;<\/p>\n<p>Senateri Nyirasafari yavuze ko akurikije inama Umukuru w&#8217;Igihugu adahwema kugira abayobozi ndetse no kuba aheruka kwitabira ibiganiro ku bumwe bw&#8217;Abanyarwanda asanga yarakoze &#8220;amahano yo kwitabira ibirori byateguwe mu buryo bugaragaramo kwironda.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;Nk\u2019umwe mu bahuye n\u2019ingaruka zituruka ku macakubiri yaranze igihugu cyacu, nzi uburemere bwazo, ntabwo nari nkwiriye kurangara kugeza ku rwego rwo kwitabira igikorwa nka kiriya.&#8221;<\/p>\n<p>Senateri Nyirasafari yagaragaje kandi ko ingaruka zo kwibona mu moko ari zo zabyaye Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994; ibyo aheraho yemeza ko yakoze &#8220;amakosa akomeye&#8221; bitewe no kuba ntacyo yakoze ngo aburizemo &#8220;kiriya gikorwa kibangamiye ubumwe bw\u2019Abanyarwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Yavuze ko yitandukanyine n&#8217;imyumvire n\u2019imigirire nk\u2019iyerekeye \u201cIyimikwa ry\u2019Umutware w\u2019Abakono\u201d, ashimangira ko kwivangura no kwironda mu Banyarwanda ari ibyo kurwanywa.<\/p>\n<p>Uyu musenateri kandi yavuze ko yiyemeje guca ukubiri n\u2019icyagarura Abanyarwanda mu mateka mabi nk\u2019ayo banyuzemo.<\/p>\n<p>Usibye gusaba imbabazi Perezida Kagame, Senateri Nyirasafari yanazisabye abanyamuryango ba FPR-INKOTANYI n\u2019Abanyarwanda muri rusange, atanga icyizere cyo gukomeza gutanga umusanzu mu kubaka ubumwe bw\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Yasabye buri buri Munyarwanda kumva ko ingaruka z\u2019iyi myitwarire ziremereye no guhora bazirikana akaga byabakururira iramutse idakumiriwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Visi-Perezida wa Sena, Nyirasafari Esperance, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame akanaba Chairman w&#8217;Umuryango wa RPF Inkotanyi, nyuma yo kwitabira umuhango wo kwimika umutware w&#8217;Abakono uheruka kubera mu karere ka Musanze. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo uyu muhango wabereye mu murenge wa Kinigi w&#8217;akarere ka Musanze, witabirwa n&#8217;abayobozi batandukanye barimo na Visi-Perezida wa Sena. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-60363","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#039;Abakono - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#039;Abakono - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Visi-Perezida wa Sena, Nyirasafari Esperance, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame akanaba Chairman w&#8217;Umuryango wa RPF Inkotanyi, nyuma yo kwitabira umuhango wo kwimika umutware w&#8217;Abakono uheruka kubera mu karere ka Musanze. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo uyu muhango wabereye mu murenge wa Kinigi w&#8217;akarere ka Musanze, witabirwa n&#8217;abayobozi batandukanye barimo na Visi-Perezida wa Sena. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-07-24T19:23:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono\",\"datePublished\":\"2023-07-24T19:23:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363\"},\"wordCount\":399,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363\",\"name\":\"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w'Abakono - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-07-24T19:23:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60363#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w'Abakono - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w'Abakono - BWIZA","og_description":"Visi-Perezida wa Sena, Nyirasafari Esperance, yasabye imbabazi Perezida Paul Kagame akanaba Chairman w&#8217;Umuryango wa RPF Inkotanyi, nyuma yo kwitabira umuhango wo kwimika umutware w&#8217;Abakono uheruka kubera mu karere ka Musanze. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo uyu muhango wabereye mu murenge wa Kinigi w&#8217;akarere ka Musanze, witabirwa n&#8217;abayobozi batandukanye barimo na Visi-Perezida wa Sena. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-07-24T19:23:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono","datePublished":"2023-07-24T19:23:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363"},"wordCount":399,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60363#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363","name":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w'Abakono - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-07-24T19:23:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60363"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60363#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Senateri Nyirasafari yasabye imbabazi P. Kagame nyuma yo kujya kwimika umutware w&#8217;Abakono"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60363","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=60363"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60363\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=60363"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=60363"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=60363"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}