{"id":60582,"date":"2023-08-02T11:26:53","date_gmt":"2023-08-02T09:26:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=60582"},"modified":"2025-02-03T01:37:43","modified_gmt":"2025-02-02T23:37:43","slug":"udukundi-two-mu-banyamakuru-b-imyidagaduro-mu-rwanda-tuzasenywa-nande","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582","title":{"rendered":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?"},"content":{"rendered":"<p><strong>Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk\u2019ako guhumbya.<\/strong><\/p>\n<p>Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by&#8217;umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry\u2019imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi.<\/p>\n<p>Bisobanuye ko umunyamakuru runaka aba afite itsinda ry\u2019abahanzi n\u2019abanyamakuru runaka bakorana n\u2019undi nawe ngo ugasanga afite agakundi bakorana ku buryo umwe iyo yumvise nk\u2019umuhanzi yakoranye nk\u2019ikiganiro n\u2019umunyamakuru utari mu itsinda rya mugenzi we bashobora gusibirana amayira.<\/p>\n<p>Aha twakwifashisha urugero rw\u2019ikiganiro cyatambutse ku rubuga rwa Twitter mu ijoro ryacyeye (Space), cyagarukaga ku  matsinda runaka bamwe mu banyamakuru n&#8217;abahanzi bahuriyemo bitari ibyakinyamwuga.<\/p>\n<p>Aha  hagarutswe ku gitaramo cya Bruce Melodie yakoreye i Burundi nyuma bikaza kuvugwa ko hari umunyamakuru umwe waje kwandika inkuru ivuga ko uyu muhanzi yahuye n\u2019uruva gusenya ubwo ngo inzengo z\u2019umutekano zamuhagarikaga ubwo yaririmbaga zimwe mu ndirimbo zakumiriwe muri iki gihugu bigatuma igitaramo cye kigenda nabi.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019amasaha macye  iyo nkuru isohotse ,uyu muhanzi yanditse kuri Twitter yifatira ku gahanga uyu munyamakuru avuga ko yatangaje inkuru ibogamye itarimo ubunyamwuga.Ibi byakurikiwe n\u2019andi makuru yagiye hanze avuga ko undi munyamakuru nawe asa n\u2019uvuguruza ibyavuzwe n\u2019uyu munyamakuru ariko ngo akabikora asa n\u2019ubikora ku nyungu ze  kugeza ubwo igitangazamakuru akorera cyabanje kugenzura inkuru ye maze hakagira ibikurwamo kugirango ibone gusohoka bitewe n\u2019uko ngo hasaga n\u2019aharimo kwibasira.<\/p>\n<p>Ibi rero biri mu byashingiwe hatahurwa ko bamwe mu banyamakuru bitwa ko bafite amazina azwi akomeye bajya bagira  udukundi bakorana nako kandi kakanakoreshwa mu kuzimya abandi runaka mu gihe bashatse kubura umutwe.Ariko ahanini ikiba kigamijwe ni indonke cyane cyane iba ituruka ku bahanzi by\u2019umwihariko abamaze kugira ubutunzi bufatika.<\/p>\n<p>Uretse kuba utu dukundi tugaragara cyane mu banyamakuru bakorera  ibitangazamakuru by\u2019imiyoboro migari nka Radio na tv ndetse n\u2019ibyandika kuri murandasi, byageze no ku rubaga rwa You Tube aho usanga hari abavuga ko umunyamakuru atumira umuntu runaka bitewe n\u2019ikiganiro bafitanye ariko akamubuza kujya ku yindi shene(Channel) kuko ngo baba batari mu gakundi kamwe.<\/p>\n<p>Ibi rero by\u2019udukundi usanga ngo bidindiza iterambere ry\u2019umuziki bityo ugasanga uhora ku rwego rumwe ntukure ngo ujye ejuru nko mu bindi bihugu.Ikindi kandi kinateje inkeke ni uko umuntu ufite impano akizamuka bimugiraho ingaruka mu muziki kuko usanga abakamuzamuye bahora mu matiku  no kwibanda ku babahanzi banini kuko aribo bafite ibyo batanga mu buryo bw\u2019amikoro.<\/p>\n<p>Hakomeje kwibazwa amaherezo y\u2019uru rugamba mu muziki nyarwanda kuko abakagize uruhare mu iterambere ryawo nibo bakomeje kuwugera intorezo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk\u2019ako guhumbya. Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by&#8217;umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry\u2019imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-60582","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk\u2019ako guhumbya. Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by&#8217;umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry\u2019imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-02T09:26:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:37:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?\",\"datePublished\":\"2023-08-02T09:26:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:37:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582\"},\"wordCount\":441,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582\",\"name\":\"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-02T09:26:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:37:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60582#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA","og_description":"Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk\u2019ako guhumbya. Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by&#8217;umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry\u2019imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-02T09:26:53+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:37:43+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?","datePublished":"2023-08-02T09:26:53+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:37:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582"},"wordCount":441,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60582#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582","name":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-02T09:26:53+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:37:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60582"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60582#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Udukundi two mu banyamakuru b\u2019imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60582","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=60582"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60582\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=60582"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=60582"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=60582"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}