{"id":60739,"date":"2023-08-09T10:22:00","date_gmt":"2023-08-09T08:22:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=60739"},"modified":"2023-08-09T10:22:00","modified_gmt":"2023-08-09T08:22:00","slug":"icyongereza-uburyo-buvuguruye-bwo-kwigisha-icyongereza-bumaze-guteza-intambwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739","title":{"rendered":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake"},"content":{"rendered":"<p>Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n\u2019abakiriya mu kwizihiza isabukuru y\u2019imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. <\/p>\n<p>Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n\u2019ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza n\u2019Igifaransa, iri shuri rimaze kwigisha abasaga 680, bize neza kandi bazi kuvuga icyongereza badategwa nk\u2019uko intego y\u2019iri shuri iri.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" size-full wp-image-59657\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\" alt=\"whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\" width=\"940\" height=\"788\" \/><\/p>\n<p>Ishuri kandi ryashyizeho uburyo bwo gukora imyitozo yo kuvugira mu ruhame yo ku rwego rwohejuru mu kitwa \u201cEnglish Speaking Lab\u201d itangira buri saa munani n\u2019igice mu minsi ya weekend. <\/p>\n<p>Ishuri rifite ibihe byo kwiga bikurikira:<\/p>\n<p>1.\tAbiga mu mibyigizi, ku manywa, mu gitondo no ku gicamunsi na nimugoroba<br \/>\n2.\tAbiga ONLINE<br \/>\n3.\tMuri  weekend, English Speaking Lab <\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" size-full wp-image-59658\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25.jpg\" alt=\"whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25.jpg\" width=\"1080\" height=\"1080\" \/><\/p>\n<p>Twakira abanyeshuri bari ku rwego rwo gutangira (Beginner to intermediate Level) n\u2019abafite icyongereza bashaka kongera (Intermediate to Advanced level). Buri kiciro muri ibi bibiri, kimara amezi ane. Tukaba turi gutanga poromosiyo yo kwishyura amezi atatu gusa ukiga ane yose. <\/p>\n<p>Bamwe mu bagannye iri shuri kuhavoma ubumenyi mu kuvuga icyongereza n\u2019izindi ndimi badategwa bavuga ko baribonyemo ibyo bifuzaga byose, ubu bakaba ari intyoza mu gukoresha, kwandika no kuvuga icyongereza. <\/p>\n<p>Nduwayezu Emmanuel yagize ati: \u201cUbusanzwe ndi umunyeshuri, nari mfite gahunda yo kujya kwiga muri Amerika ariko nkagira ikibazo cy\u2019uko ntari nzi kuvuga neza icyongereza kandi kujya kwiga hanze byansabaga gukora ibizamini, aho naziye kwiga muri iri shuri, ubu nzi kuvuga neza icyongereza mu ruhame, ku buryo byamfashije gutsinda neza ikizamini kizatuma njya gukomereza amasomo yanjye hanze, iri shuri ryadufashije kumenya neza icyongereza mu gihe gito gishoboka.\u201d<\/p>\n<p>Ingengabihe ya IFA SPEAK &#038; TECH ACADEMY <\/p>\n<p>Umuyobozi mukuru w\u2019iri shuri, Bwana Theoneste Uwayezu, avuga ko nyuma y\u2019uko ibyiciro byigaga muri iri shuri bisoje amasomo yabo ubu batangiye ibindi byiciro, akangurira abifuza kubagana gutangira kwiyandikisha.  Uyu muyobozi akomeza avuga ko mu ntego bafite ari ugufasha ababagana gutinyuka kuvuga neza icyongereza badategwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201cIntego dufite ni ukuzamura ubushobozi bw\u2019abatugana bwo kuvuga neza icyongereza badategwa, byumwihariko abayobozi, abacuruzi ndetse n\u2019abanyeshuri barangize amashuri y\u2019isumbuye na za kaminuza, yaba kukivuga mu ruhame cyangwa mu bindi biganiro, umuntu watugannye mu gihe cy\u2019amezi ane gusa, aba afite ubumenyi buhagije bwo kukivuga neza. <\/p>\n<p>Ishuri ryashyizeho uburyo bwo kwiga bwa ONLINE, aho ushobora kwiga utavuye aho uherereye mu gihe waba ufite ibikoresho by\u2019ikoranabuhanga nka mudasobwa na internet yihuta. Bikaba binoroshye kwiyandikisha unyuze ku rubuga rwacu: https:\/\/academy.ictforallinall.com\/apply-now\/ ugahita ufashwa mu zindi ntabwe zose kugirango utangire kwiga.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-60577\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/whatsapp_image_2023-08-02_at_8.45_54_pm_1_.jpg\" alt=\"whatsapp_image_2023-08-02_at_8.45_54_pm_1_.jpg\" align=\"center\" width=\"1080\" height=\"1080\" \/><\/p>\n<p>Iri shuri riherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo, ryatangiye mu 2017, ryigisha ururimi rw\u2019icyongereza aho bibanda cyane ku kubafasha kuvugira izi ndimi mu ruhame badategwa mu gihe gito, igihe cyo kwiga nacyo kikaba cyorohereza buri wese kuburyo bitabangamira izindi gahunda zabo kandi bigishwa n\u2019inzobere zavukiye mu bihugu bikoresha icyongereza nk\u2019ururimi kavukire.<\/p>\n<p>Ushaka kwiga muri iri shuri anashaka kumenya ibindi bisobanuro wahamagara kuri izi nimero 0788302964 | 0788384737.<br \/>\n<img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-60578\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/08\/whatsapp_image_2023-08-02_at_8.45_54_pm.jpg\" alt=\"whatsapp_image_2023-08-02_at_8.45_54_pm.jpg\" align=\"center\" width=\"1080\" height=\"1080\" \/><\/p>\n<p>Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyangisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza  no kuvugira mu ruhame, kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n\u2019abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK &#038; TECH ACADEMY, ukabimenya mu gihe gito.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n\u2019abakiriya mu kwizihiza isabukuru y\u2019imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n\u2019ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":59657,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-60739","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n\u2019abakiriya mu kwizihiza isabukuru y\u2019imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n\u2019ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-09T08:22:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"940\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"788\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake\",\"datePublished\":\"2023-08-09T08:22:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739\"},\"wordCount\":550,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/09\\\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739\",\"name\":\"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/09\\\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\",\"datePublished\":\"2023-08-09T08:22:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/09\\\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/09\\\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\",\"width\":940,\"height\":788,\"caption\":\"whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=60739#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA","og_description":"Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n\u2019abakiriya mu kwizihiza isabukuru y\u2019imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n\u2019ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-09T08:22:00+00:00","og_image":[{"width":940,"height":788,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake","datePublished":"2023-08-09T08:22:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739"},"wordCount":550,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739","name":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg","datePublished":"2023-08-09T08:22:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=60739"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/09\/whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg","width":940,"height":788,"caption":"whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=60739#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60739","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=60739"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/60739\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/59657"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=60739"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=60739"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=60739"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}