{"id":6091,"date":"2017-05-09T15:20:16","date_gmt":"2017-05-09T15:20:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/09\/abagore-bafite-ubwonko-buto-ugereranyije-n-ubw-abagabo-ubushakashatsi\/"},"modified":"2017-05-09T15:20:16","modified_gmt":"2017-05-09T15:20:16","slug":"abagore-bafite-ubwonko-buto-ugereranyije-n-ubw-abagabo-ubushakashatsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091","title":{"rendered":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi)"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abagabo benshi babihinduye nk\u2019urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab\u2019igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane.<\/strong> <\/em><br \/>\nUbushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba kure.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 900 b\u2019igitsinagabo ndetse n\u2019abandi b\u2019abagore, bugaragaza ko abagabo barusha abagore IQ ku kigero kingana na 14%, gusa bavuga ko ibi bidakuyeho kuba hari abagore batekereza cyane ndetse kurusha abagabo, ariko ko iyi 14% ihagije ngo bigaragare ko abagabo bafite ikintu kinini barusha abagore.<br \/>\nUbushakashatsi buherutse gukorerwa muri kaminuza ya Erasmus muri kiriya gihugu, bwerekanye ko abagabo bagira ubwonko bugari ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagore, bityo bakaba babarusha ubwenge nubwo n\u2019abandi babuzi.<br \/>\nDr Dimitri van der Linden wayoboye ubu bushakashatsi yagize ati\u201dmu nyigo twakoze twasanze abagore bafite ubwenge buri munsi y\u2019ubw\u2019abagabo, kuko abagabo hari utugingo tumwe na tumwe bafite abagore badafite, tunatuma bagira ubwonko bugali k\u2019ubw\u2019abagore.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko nubwo abagore bagira ubwonko buto, babasha kugira ibitekerezo biri ku murongo ndetse byubaka ariko ko atari cyo ubushakashatsi bwabo bwari bugamije kureba, ari na yo mpamvu nta byinshi yabivuzeho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbu bushakashatsi bwongeye gusa n\u2019ubuzamura impaka kubera bujya gusa n\u2019ubwigeze gukorwa mu kinyejana cya 19, na bwo bwagaragazaga uburyo ubwonko bw\u2019umugore ari buto cyane ku bw\u2019umugabo.<br \/>\nMuri ubu bushakashatsi bwakozwe n\u2019umuhanga Darwin, yavuze ko imitekerereze y\u2019umugore (raisonnement) irutaho gato iy\u2019imbwa, cyangwa se ko ibitekerezo by\u2019umugore byabarirwaga hagati y\u2019iby\u2019umwana muto n\u2019umuntu mukuru.<br \/>\nUbu bushakashatsi bwa none, bwo bwari bufite intego yo kureba koko ubunini bw\u2019ubwonko hagati y\u2019umugore n\u2019umugabo bari mu kigero kimwe, bukaba bwarakozwe ku bagore n\u2019abagabo bafite imyaka hagati ya 22-37.<br \/>\nUbu bushakashatsi kandi bwasohotse mu gitabo \u201dIntelligence\u201d, bukaba buri kugibwaho impaka n\u2019abatari bacye hirya no hino ku isi.<br \/>\nDr Joseph Devlin, umushakashatsi mu bijyanye n\u2019imirekerereze (Psychology) I Londres mu Bwongereza, yashimye ubu bushakashatsi avuga ko buteguye neza, ndetse ko bufite ibimenyetso bifatika.<br \/>\nGusa ahakana amakuru ko kuba abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo bishobora no kugirana isano n\u2019ibijyanye n\u2019imitekerereze ya bo kuko hari aho usanga abagore barusha abagabo ibitekerezo nubwo baba bari mu kigero kimwe kandi babarusha ubwonko bunini.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNaho ubwakorewe muri kaminuza ya Carifornia bugaragaza ko abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019ab\u2019igitsina gabo, ariko ko ubwonko bwa bo bushobora gukora neza kurushaho bitewe n\u2019uturemangingo tw\u2019ubwonko bwa bo twihuta cyane kandi tuzima.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagabo benshi babihinduye nk\u2019urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab\u2019igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane. Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-6091","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagabo benshi babihinduye nk\u2019urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab\u2019igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane. Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-09T15:20:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi)\",\"datePublished\":\"2017-05-09T15:20:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091\"},\"wordCount\":457,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091\",\"name\":\"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-09T15:20:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6091#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA","og_description":"Abagabo benshi babihinduye nk\u2019urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab\u2019igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane. Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-09T15:20:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi)","datePublished":"2017-05-09T15:20:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091"},"wordCount":457,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6091#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091","name":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-09T15:20:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6091"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6091#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n\u2019ubw\u2019abagabo (Ubushakashatsi)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6091","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6091"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6091\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6091"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6091"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6091"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}