{"id":6092,"date":"2017-05-09T15:24:09","date_gmt":"2017-05-09T15:24:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/09\/transperancy-irasaba-ko-ibihano-bihabwa-ba-rwiyemezamirimo-byiyongera\/"},"modified":"2025-02-12T16:06:05","modified_gmt":"2025-02-12T14:06:05","slug":"transperancy-irasaba-ko-ibihano-bihabwa-ba-rwiyemezamirimo-byiyongera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092","title":{"rendered":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera"},"content":{"rendered":"<p>Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane(Transparency  International), ishami ry\u2019u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara.<br \/>\nIngabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu.<br \/>\nYabihereye ku gitekerezo cy\u2019umwe mu bari kumva ikiganiro isesenguramakuru cyatambukaga kuri RBA mu mpera z\u2019icyumweru gishize, wasabye ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo byakurwaho, ahubwo bakajya bihutira gutanga amakuru y\u2019uwabatse ruswa mu bijyanye n\u2019amasoko ya leta, agahanwa.<br \/>\nIngabire yavuze ko bitakurwaho, ahubwo ko asaba ko byakongerwa kuko hari bimwe mu bibazo byahangana nabyo.<br \/>\nAti \u201cNjyewe  ndasaba ko ibihano bya ba rwiyemezamirimo byiyongera. Mana Nyagasani, igituma hariya batavuga , badashobora no kurega uwabatse ruswa, bafite imibare  ipfuye.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n\u201cwe (rwiyemezamirimo) araza arashaka  isoko nawe urimuha urashaka amafaranga, kandi ndayakura  muri ya yandi umpa, noneho bose bakibeshya bakibona nk\u2019abantu bisanze muri win win situation, mbese ngo bose barungutse, Rwiyemezamirimo rero ntazajya kukuvuga  kuko nakuvuga ntuzarimuha.\u201d<br \/>\nIngabire agaragaza ko usanga ba rwiyemezamirimo bagikorana n\u2019abayobozi bashinzwe amasoko ya leta ku bijyanye n\u2019ibikorwa binini baba bakora, aho bagambana kongera  amafaranga mu gikorwa runaka, nyuma yo kubona ko ayatangaje mu ipiganwa adahagije, ariko ngo mu by\u2019ukuri hagamijwe ko buri ruhande rubona izindi nyungu.<br \/>\nNubwo bimeze gutyo ariko ngo hari akarengane bamwe mu bayobozi bo mu nzego za leta bajya bakorera ba rwiyemezamirimo.<br \/>\nAtanga urugero  rw\u2019umwe wabaregeye ko ubuyobozi bw\u2019ibitaro bya Remera Rukoma biherereye mu karere ka Kamonyi yabakaga ruswa ngo bamuhe isoko.<br \/>\nIcyo giye yababwiye ko bari kumusaba ruswa, TI-R ivugana na polisi batanga abajya gufatira mu cyuho uwayifataga.  Gusa ngo ingaruka zabaye kuri rwiyemezamirimo kuko mu gitondo yabyutse  yamburwa amasoko yose yari afite mu bitaro bitandukanye byo mu ntara y\u2019Amajyepfo.<br \/>\nAti \u201cAmasoko yose yari afite mu bitaro byo mu Majyepfo bwakeye bayamwambura, babwirana no kumuha akato, bakiyeranja ku buryo utsindwa.\u201d<br \/>\nRwiyemezamirimo yagerageje kugeza ikibazo cye ku Munyamabanga uhoraho muri imwe muri Minisiteri yagombaga kumurenganura, ariko ngo byageze aho yajyaga amuhamagara kuri telefoni, undi ntayifate.<br \/>\nUmugenzuzi Mukuru w\u2019Umutungo n\u2019Imari bya Leta, Obadiah Biraro nawe agaruka ku bufatanye buhombya igihugu buri hagati y\u2019abatanga amasoko ya leta na ba rwiyemezamirimo, ku buryo hari abakora amakosa avuga ko akomeye mu gutanga amasoko ariko bakabeshya ku bijyanye n\u2019ingwate ya ba rwiyemezamirimo, nk\u2019akarere ka Bugesera na Kaminuza y\u2019u Rwanda.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nNtakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane(Transparency International), ishami ry\u2019u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara. Ingabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu. Yabihereye ku gitekerezo cy\u2019umwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6092","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane(Transparency International), ishami ry\u2019u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara. Ingabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu. Yabihereye ku gitekerezo cy\u2019umwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-09T15:24:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:06:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera\",\"datePublished\":\"2017-05-09T15:24:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:06:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092\"},\"wordCount\":424,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092\",\"name\":\"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-09T15:24:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:06:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6092#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA","og_description":"Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane(Transparency International), ishami ry\u2019u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara. Ingabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu. Yabihereye ku gitekerezo cy\u2019umwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-09T15:24:09+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:06:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera","datePublished":"2017-05-09T15:24:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:06:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092"},"wordCount":424,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6092#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092","name":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-09T15:24:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:06:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6092"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6092#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6092","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6092"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6092\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6092"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6092"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6092"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}