{"id":61033,"date":"2023-08-21T19:50:00","date_gmt":"2023-08-21T17:50:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61033"},"modified":"2023-08-21T19:50:00","modified_gmt":"2023-08-21T17:50:00","slug":"urujijo-ku-rupfu-rw-umucuruzi-w-umunyarwanda-waguye-mu-maboko-ya-cmi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033","title":{"rendered":"Urujijo ku rupfu rw&#8217;umucuruzi w&#8217;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyarwanda wacururizaga i Kampala muri Uganda, yapfiriye muri kasho y&#8217;Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI).<\/strong><\/p>\n<p>Kuri ubu inzego zirimo Polisi ya Uganda ndetse n&#8217;Igisirikare ziri gukora iperereza kuri ruriya rupfu.<\/p>\n<p>Abatanze amakuru y&#8217;urupfu rwa Fred Kamaliza waguye muri kasho ya Polisi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize, babanje kuvuga ko yaba yariyahuye nyuma yo gusimbuka aturutse mu igorofa rya kabiri ku nyubako ikoreramo Icyicaro Gikuru cya CMI.<\/p>\n<p>Ni inyubako iherereye mu gace ka Mbuya mu mujyi wa Kampala.<\/p>\n<p>Byavuzwe ko Kamaliza yasimbutse kuri iriya gorofa ubwo yarimo ahatwa ibibazo na CMI.<\/p>\n<p>Aya makuru cyakora yavugurujwe n&#8217;umwe mu baba mu ngabo za Uganda wabwiye Daily Monitor ko guhata ibibazo abakekwaho ibyaha bikorerwa mu igorofa rya mbere ry&#8217;inyubako CMI ikoreramo; idafite aho ihuriye n&#8217;aho bivugwa ko Kamaliza yaba yariyahuriye.<\/p>\n<p>Uyu mugabo wari ikimenyabose muri Kampala, rwagati mu cyumweru gishize ni bwo yari yatawe muri yombi n&#8217;abakozi ba CMI bari kumwe n&#8217;ab&#8217;urwego ruhuriweho rushinzwe kurwanya iterabwoba.<\/p>\n<p>Atabwa muri yombi yari atwaye imodoka ye ifite ibirango (Plaque) &#8216;Fred K&#8217;.<\/p>\n<p>Kugeza ubu icyaha Kamaliza Fred yari akurikiranweho kiracyari &#8216;urujijo&#8217;, dore ko amakuru amwe avuga ko yari akurikiranweho magendu andi akavuga ko yari akurikiranweho ibyaha bikorwa hifashishijwe murandasi (yashinjwe kwiba Banki yo mu Misiri miliyari 2 z&#8217;amashiringi ya Uganda).<\/p>\n<p>Ni amakuru Daily Monitor ivuga ko itashoboye kugenzura.<\/p>\n<p>Abo mu muryango wa Nyakwigendera bavuga ko bashenguwe cyane n&#8217;amakuru yatangajwe n&#8217;Igisirikare cya Uganda avuga ko yaba yiyahuye.<\/p>\n<p>Umupfakazi wa Kamaliza yatangaje ko nyuma y&#8217;ikiriyo kiri kubera i Kampala bateganya gucyura umurambo we mu Rwanda akaba ari ho bawushyingura.<\/p>\n<p>The Monitor ivuga ko yifuje kugerageza kuvugana na Maj Gen James Birungi uyobora CMI ku ntandaro y&#8217;urupfu rw&#8217;uriya Munyarwanda ndetse n&#8217;ibyaha yari akurikiranweho, gusa ntiyitaba terefoni ye igendanwa.<\/p>\n<p>Umuvugizi wungirije w&#8217;Igisirikare cya Uganda (UPDF), Col. Deo Akiiki, yavuze ko nta makuru afite ku rupfu rwa Kamaliza, gusa yizeza gutanga amakuru atangaje nyuma yo kuyamenya.<\/p>\n<p>Kamaliza si we Umunyarwanda wa mbere uguye mu maboko ya CMI.<\/p>\n<p>Mu myaka ibiri ishize ubwo umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda wari ukirimo ibibazo, hari Abanyarwanda bagiye batakaza kubera iyicarubozo bagiye bakorerwa mu nzu z&#8217;ibanga za CMI.<\/p>\n<p>Aba Uganda yabakekagaho kuba intasi z&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi bibazo cyakora byaje gucogora kuva mu ntangiriro za 2022, nyuma y&#8217;ingendo umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba yagiriye mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ni ingendo zasize umubano mubi wari umaze imyaka hafi itanu hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda ushyizweho akadomo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyarwanda wacururizaga i Kampala muri Uganda, yapfiriye muri kasho y&#8217;Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI). Kuri ubu inzego zirimo Polisi ya Uganda ndetse n&#8217;Igisirikare ziri gukora iperereza kuri ruriya rupfu. Abatanze amakuru y&#8217;urupfu rwa Fred Kamaliza waguye muri kasho ya Polisi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize, babanje kuvuga ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-61033","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urujijo ku rupfu rw&#039;umucuruzi w&#039;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urujijo ku rupfu rw&#039;umucuruzi w&#039;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyarwanda wacururizaga i Kampala muri Uganda, yapfiriye muri kasho y&#8217;Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI). Kuri ubu inzego zirimo Polisi ya Uganda ndetse n&#8217;Igisirikare ziri gukora iperereza kuri ruriya rupfu. Abatanze amakuru y&#8217;urupfu rwa Fred Kamaliza waguye muri kasho ya Polisi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize, babanje kuvuga ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-21T17:50:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Urujijo ku rupfu rw&#8217;umucuruzi w&#8217;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI\",\"datePublished\":\"2023-08-21T17:50:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033\"},\"wordCount\":427,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033\",\"name\":\"Urujijo ku rupfu rw'umucuruzi w'Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-21T17:50:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61033#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urujijo ku rupfu rw&#8217;umucuruzi w&#8217;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urujijo ku rupfu rw'umucuruzi w'Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urujijo ku rupfu rw'umucuruzi w'Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA","og_description":"Umunyarwanda wacururizaga i Kampala muri Uganda, yapfiriye muri kasho y&#8217;Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI). Kuri ubu inzego zirimo Polisi ya Uganda ndetse n&#8217;Igisirikare ziri gukora iperereza kuri ruriya rupfu. Abatanze amakuru y&#8217;urupfu rwa Fred Kamaliza waguye muri kasho ya Polisi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize, babanje kuvuga ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-21T17:50:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Urujijo ku rupfu rw&#8217;umucuruzi w&#8217;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI","datePublished":"2023-08-21T17:50:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033"},"wordCount":427,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61033#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033","name":"Urujijo ku rupfu rw'umucuruzi w'Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-21T17:50:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61033"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61033#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urujijo ku rupfu rw&#8217;umucuruzi w&#8217;Umunyarwanda waguye mu maboko ya CMI"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61033","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61033"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61033\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61033"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61033"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61033"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}