{"id":61065,"date":"2023-08-23T10:07:13","date_gmt":"2023-08-23T08:07:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61065"},"modified":"2025-02-03T01:37:41","modified_gmt":"2025-02-02T23:37:41","slug":"ibyihariye-kuri-minisitiri-ngabitsinze-mu-mukino-njyarugamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065","title":{"rendered":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze  mu mukino njyarugamba"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ntabwo ari inshuro nyinshi abantu bajya babona benshi mu bayobozi bakora imyitozo ihambaye ngororamubiri  by&#8217;umwihariko mu mikino njyarugamba bitewe n&#8217;impamvu zitandukanye.<\/strong><\/p>\n<p>Ni we muyobozi uzwi  ukunda kugaragara mu ruhame  akora imyitozo ihambaye muri Karate,uwo ntawundi ni Minisitiri Ngabitsinze  usanzwe akina Karate mu mujyo uzwi nka  Shotokan.Abantu benshi bakunda kumubona kuri Stade cyangwa n\u2019ahandi hantu abandi bakorera imyitozo  mu rwego rwo kwiyubaka   mu mpande zose no gusabana abandi.<\/p>\n<p>Niwe muyobozi wo kurwego rwa Minisitiri byamenyekanye ko yihariye mu mikino njyarugamba by&#8217;umwihariko muri Karate kuko afite umukandara w&#8217;umukara na Dan ebyiri zitangwa n&#8217;abarimu mpuzamahanga muri uwo mukino.<\/p>\n<p>Ibi bishimangirwa  n&#8217;intera aherutsse kuzamukamo muri  uyu mukino  nyuma y&#8217;uko ahawe umukandara w&#8217;urwego rwa Dan ya kabiri uje wiyongera kuya mbere yari asanganwe nkuko byagarutsweho haruguru.<\/p>\n<p>Uyu muhango wo guhabwa iyi Dan wabaye mu mpera z&#8217;icyumweru gishize ubera mu ishuri rya Lyc\u00e9e Notre Dame des Angels i Remera  aho yari yabanje gukora ikizamini akaza gutsinda.Ntabwo ari Minisitiri Ngabitsinze wazamuwe mu ntera gusa muri Karate kuko hari n&#8217;abandi 10 bakoze ibyo bizamini nabo barabitsinda.<\/p>\n<p>Abo barimo uwakoreye umukandara wa Dan ya mbere, na batatu bakoreye Dan ya kabiri Barimo Ngabitsinze ndetse na batanu bakoreye umukandara wa Dan ya gatatu.Ibi bikaba byaragizwemo uruhare na Denis Houde ukomoka muri Canada akaba asanzwe ari umwarimu mpuzamahanga mu mukino wa Karate.Uyu akaba asanzwe afite Dan ya karindwi.<\/p>\n<p>Ahuza inshingano ze zo kuyobora Minisiteri y&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda no gukora siporo kandi imirimo ye ikagenda neza.Yagizwe Minisitiri taliki 30 Nyakanga 2022 avuye ku mwanya w&#8217;Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi.<\/p>\n<p>Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze Ni umugabo ucisha make, wizerera mu gukora cyane no kugira intego y\u2019icyo ushaka kugeraho, ibintu  yagiye agaragaza  ko byamuherekeje kuva mu bugimbi bwe no muri iki gihe.<\/p>\n<p>Igice kinini cy\u2019amashuri yakimaze mu Butaliyani kuko icyiciro cya Mbere cya Kaminuza yize muri Universit\u00e0\u00a0 Ca\u2019 Foscari Venezia, naho icya kabiri cya Kaminuza [Masters], yiga muri Universit\u00e0\u00a0 Cattolica del Sacro Cuore mu gihe icyiciro gihanitse [PhD], yagikoreye muri Kaminuza ya Milan.Aho hose birumvikana ko atigeze atererana umukino wa Karate kuko ni kimwe mu byamufashije kugira ubuzima bwiza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntabwo ari inshuro nyinshi abantu bajya babona benshi mu bayobozi bakora imyitozo ihambaye ngororamubiri by&#8217;umwihariko mu mikino njyarugamba bitewe n&#8217;impamvu zitandukanye. Ni we muyobozi uzwi ukunda kugaragara mu ruhame akora imyitozo ihambaye muri Karate,uwo ntawundi ni Minisitiri Ngabitsinze usanzwe akina Karate mu mujyo uzwi nka Shotokan.Abantu benshi bakunda kumubona kuri Stade cyangwa n\u2019ahandi hantu abandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[478],"class_list":["post-61065","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw","tag-amamenyesha-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntabwo ari inshuro nyinshi abantu bajya babona benshi mu bayobozi bakora imyitozo ihambaye ngororamubiri by&#8217;umwihariko mu mikino njyarugamba bitewe n&#8217;impamvu zitandukanye. Ni we muyobozi uzwi ukunda kugaragara mu ruhame akora imyitozo ihambaye muri Karate,uwo ntawundi ni Minisitiri Ngabitsinze usanzwe akina Karate mu mujyo uzwi nka Shotokan.Abantu benshi bakunda kumubona kuri Stade cyangwa n\u2019ahandi hantu abandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-23T08:07:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:37:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba\",\"datePublished\":\"2023-08-23T08:07:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:37:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065\"},\"wordCount\":366,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065\",\"name\":\"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-23T08:07:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:37:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61065#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA","og_description":"Ntabwo ari inshuro nyinshi abantu bajya babona benshi mu bayobozi bakora imyitozo ihambaye ngororamubiri by&#8217;umwihariko mu mikino njyarugamba bitewe n&#8217;impamvu zitandukanye. Ni we muyobozi uzwi ukunda kugaragara mu ruhame akora imyitozo ihambaye muri Karate,uwo ntawundi ni Minisitiri Ngabitsinze usanzwe akina Karate mu mujyo uzwi nka Shotokan.Abantu benshi bakunda kumubona kuri Stade cyangwa n\u2019ahandi hantu abandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-23T08:07:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:37:41+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba","datePublished":"2023-08-23T08:07:13+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:37:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065"},"wordCount":366,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61065#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065","name":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-23T08:07:13+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:37:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61065"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61065#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyihariye kuri Minisitiri Ngabitsinze mu mukino njyarugamba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61065","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61065"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61065\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61065"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61065"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61065"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}