{"id":61154,"date":"2023-08-25T15:02:50","date_gmt":"2023-08-25T13:02:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61154"},"modified":"2023-08-25T15:02:50","modified_gmt":"2023-08-25T13:02:50","slug":"p-kagame-yasabye-urubyiruko-rw-indangamirwa-kwinjira-muri-rdf","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154","title":{"rendered":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguriye amarembo urubyiruko rwasoje itorero Indangamirwa rwifuza kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda (RDF).<\/strong><\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kanama ni bwo Umukuru w&#8217;Igihugu yasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, mu muhango wabereye mu kigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;ubutore cya Nkumba giherereye mu karere ka Burera.<\/p>\n<p>Ni itorero ryatangiye ku wa 14 Nyakanga, rikaba ryari rimaze iminsi 43.<\/p>\n<p>Intore zaryitabiriye ni 412, zirimo abahungu 235 ndetse n&#8217;abakobwa 177. Mu byo izi ntore zahawe harimo amasomo y&#8217;ubumenyi bw&#8217;ibanze mu bya gisirikare yabereye mu kigo cya gisirikare Mukamira.<\/p>\n<p>Perezida Kagame ubwo yahaga impanuro abasoje ririya torero, yavuze ko abizi neza ko hari abagowe n&#8217;umusogongero w&#8217;amasomo ya gisirikare bahawe.<\/p>\n<p>Yavuze ko &#8220;iyo bigitangira bishobora kuguhungabanya, ariko iyo umaze icyumweru uri mu cya kabiri utangira kubikunda, mu cya gatatu ubikunda kurushaho.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yaboneyeho gusaba intore zibyifuza kwinjira mu ngabo z&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Bamwe muri mwe rero cyangwa mwese, nimushaka muzagaruke, mugaruke mujye mu mwuga wubaka urinda igihugu.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yasobanuriye ruriya rubyiruko ko muri RDF nk&#8217;iyo wize ubuganga utaha ukabona akazi ko gukora ubuganga muri RDF.<\/p>\n<p>Yavuze ko ari na ko bigenda iyo wize amasomo ya engineering kuko ushobora gukora umwuga ujyanye n&#8217;ibyo wize uwufatanya n&#8217;uwo kurinda igihugu, cyo kimwe no ku bize amategeko.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yavuze ko ubushake ari bwo bwa mbere ku bifuza kwinjira mu ngabo z&#8217;u Rwanda, bityo ko nta wukwiriye kuzinjiramo ku gahato.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ntuzaze muri RDF utabitekereje cyangwa utabishaka. Nta gahato, ahubwo ni ukubigukundisha umuntu agusobanurira icyo usangamo, ibyo ukora bitanyuranye n&#8217;ubundi n&#8217;ibyo ubuzima bwawe bukeneye cyangwa bwifuza.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yasobanuriye Indangamirwa ko aho ubuzima bwo muri RDF butandukanira n&#8217;ubusanzwe ari uko mu ngabo z&#8217;u Rwanda imyitwarire mibi itajya yihanganirwa.<\/p>\n<p>Yavuze kandi ko iyo uri muri RDF &#8220;ushobora guhamagarirwa kurinda igihugu isaha iyo ari yo yose.&#8221;<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Hari ushobora kuvuga ati &#8216;njyewe ibyo ngibyo byampamagara ngo njye kurinda igihugu ntabyo nshaka&#8217;. Rwose niba utabishaka wowe ntabwo nakugira inama yo kujya muri RDF, ariko niba bikurimo nta wundi ahubwo nifuza muri RDF urenze wowe.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguriye amarembo urubyiruko rwasoje itorero Indangamirwa rwifuza kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kanama ni bwo Umukuru w&#8217;Igihugu yasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, mu muhango wabereye mu kigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;ubutore cya Nkumba giherereye mu karere ka Burera. Ni itorero ryatangiye ku wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-61154","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguriye amarembo urubyiruko rwasoje itorero Indangamirwa rwifuza kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kanama ni bwo Umukuru w&#8217;Igihugu yasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, mu muhango wabereye mu kigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;ubutore cya Nkumba giherereye mu karere ka Burera. Ni itorero ryatangiye ku wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-25T13:02:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF\",\"datePublished\":\"2023-08-25T13:02:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154\"},\"wordCount\":351,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154\",\"name\":\"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-25T13:02:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61154#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguriye amarembo urubyiruko rwasoje itorero Indangamirwa rwifuza kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kanama ni bwo Umukuru w&#8217;Igihugu yasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, mu muhango wabereye mu kigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;ubutore cya Nkumba giherereye mu karere ka Burera. Ni itorero ryatangiye ku wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-25T13:02:50+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF","datePublished":"2023-08-25T13:02:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154"},"wordCount":351,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61154#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154","name":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-25T13:02:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61154"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61154#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"P. Kagame yasabye urubyiruko rw\u2019indangamirwa kwinjira muri RDF"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61154","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61154"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61154\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61154"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61154"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61154"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}