{"id":61161,"date":"2023-08-25T20:14:45","date_gmt":"2023-08-25T18:14:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61161"},"modified":"2023-08-25T20:14:45","modified_gmt":"2023-08-25T18:14:45","slug":"igiterane-cyaberaga-i-musanze-cyahagaritswe-ikitaraganya-nyuma-yo-kunengwa-na-p","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161","title":{"rendered":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame"},"content":{"rendered":"<p><strong>Igiterane mpuzamahanga cy&#8217;itorero Angilikani cyagombaga kumara iminsi ine kibera mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu cyahagaritswe ikitaraganya.<\/strong><\/p>\n<p>Ni igiterane cy&#8217;ububyutse cyaberaga mu ishuri Muhabura Integrated Polytechnic College ruherereye mu mujyi wa Musanze, kikaba cyari cyitabiriwe n&#8217;abarenga 5,000.<\/p>\n<p>Intego y&#8217;iki gitaramo cyari cyateguwe n&#8217;Itorero EAR Diyosezi ya Shyira yari iyo &#8220;gukora ubukangurambaga bwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge no kurwanya amakimbirane yo mu miryango.&#8221;<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatanu Umukuru w&#8217;Igihugu ubwo yari i Nkumba mu karere ka Burera aho yari yitabiriye umuhango wo gusoza Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, yavuze ko yanyuze ahabereye kiriya giterane yumva abantu basakuza; abajije ibyari byabaye asubizwa ko ari cyo ndetse ko kizageza ku itariki ya 29 Kanama.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Nza hano hari ahantu numvise abantu basakuza cyane, barambwira ngo bari mu giterane, ndavuga nti igiterane cyo kugira gute? Bambwiye ko ari igiterane cy\u2019abanyamasengesho ngo kigomba kumara ibyumweru kikazarangira ahari ku itariki 29.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yagaragaje ko ari byiza kuba abantu babona umwanya wo kwisanzura bagakora ibyo bashaka harimo no gusenga, gusa agaragaza ko abantu bakwiye no kwibaza icyo gusenga bibamarira mu bijyanye n\u2019amajyambere.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Njye iyo numvise nk\u2019ibyo ndabaza nti ibi biradufasha kugera he? N\u2019abo babirimo birabafasha kugera he mu majyambere. Kubyitabira ukajyayo ugasenga ukamara amasaha 24 ku munsi ariko njye ndenga aho nkabanza nti haravamo iki kuri wowe, kuri njye no ku bandi bose muri rusange?\u201d<\/p>\n<p>Ntiharamenyekana niba hari uruhare Umukuru w&#8217;Igihugu yaba yagize mu guhagarika kiriya giterane.<\/p>\n<p>Mu gihe mu busanzwe Igiterane cyarangiraga saa kumi n&#8217;ebyiri z&#8217;Umugoroba, kuri uyu wa Gatanu abari bacyitabiriye batunguwe no kubona ibyuma bizimijwe burundu.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko umuhanzi Israel Mbonyi yagombaga kuririmba muri iki giterane, gusa ageze aho cyaberaga asanga ibyuma byazimijwe ahita yitahira.<\/p>\n<p>Ni na ko kandi byagenze ku bakristu bari bacyitabiriye bategereje ko ibyuma byongera kwatswa bakaheba, nk&#8217;uko amakuru abivuga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igiterane mpuzamahanga cy&#8217;itorero Angilikani cyagombaga kumara iminsi ine kibera mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu cyahagaritswe ikitaraganya. Ni igiterane cy&#8217;ububyutse cyaberaga mu ishuri Muhabura Integrated Polytechnic College ruherereye mu mujyi wa Musanze, kikaba cyari cyitabiriwe n&#8217;abarenga 5,000. Intego y&#8217;iki gitaramo cyari cyateguwe n&#8217;Itorero EAR Diyosezi ya Shyira yari iyo &#8220;gukora ubukangurambaga bwo kurwanya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-61161","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igiterane mpuzamahanga cy&#8217;itorero Angilikani cyagombaga kumara iminsi ine kibera mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu cyahagaritswe ikitaraganya. Ni igiterane cy&#8217;ububyutse cyaberaga mu ishuri Muhabura Integrated Polytechnic College ruherereye mu mujyi wa Musanze, kikaba cyari cyitabiriwe n&#8217;abarenga 5,000. Intego y&#8217;iki gitaramo cyari cyateguwe n&#8217;Itorero EAR Diyosezi ya Shyira yari iyo &#8220;gukora ubukangurambaga bwo kurwanya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-25T18:14:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame\",\"datePublished\":\"2023-08-25T18:14:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161\"},\"wordCount\":317,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161\",\"name\":\"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-25T18:14:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61161#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA","og_description":"Igiterane mpuzamahanga cy&#8217;itorero Angilikani cyagombaga kumara iminsi ine kibera mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu cyahagaritswe ikitaraganya. Ni igiterane cy&#8217;ububyutse cyaberaga mu ishuri Muhabura Integrated Polytechnic College ruherereye mu mujyi wa Musanze, kikaba cyari cyitabiriwe n&#8217;abarenga 5,000. Intego y&#8217;iki gitaramo cyari cyateguwe n&#8217;Itorero EAR Diyosezi ya Shyira yari iyo &#8220;gukora ubukangurambaga bwo kurwanya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-25T18:14:45+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame","datePublished":"2023-08-25T18:14:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161"},"wordCount":317,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61161#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161","name":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-25T18:14:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61161"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61161#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61161","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61161"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61161\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61161"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61161"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61161"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}