{"id":61215,"date":"2023-08-28T14:44:06","date_gmt":"2023-08-28T12:44:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61215"},"modified":"2023-08-28T14:44:06","modified_gmt":"2023-08-28T12:44:06","slug":"leta-kugeza-ku-banyarwanda-bose-amashanyarazi-n-amazi-meza-biracyari-kure-nk","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215","title":{"rendered":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#8217;amazi meza biracyari kure nk&#8217;ukwezi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Muri 2017 ni bwo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yashyizeho gahunda y&#8217;igihugu y&#8217;imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1).<\/strong><\/p>\n<p>Ni gahunda igomba kurangirana n&#8217;umwaka utaha wa 2024.<\/p>\n<p>Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n&#8217;ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n\u2019amashanyarazi ku kigero cya 100%.<\/p>\n<p>Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda binjire mu mwaka wa nyuma w&#8217;iriya gahunda, birasa n&#8217;aho urugendo rukiri rurerure kugira ngo Leta y&#8217;u Rwanda igere ku ntego yihaye mu myaka itandatu ishize.<\/p>\n<p>Nko muri 2017 imibare yerekana ko Abanyarwanda bagerwagaho n&#8217;amazi meza bari ku kigereranyo cya 87.4%, mu gihe abari bafite umuriro w&#8217;amashanyarazi bari 34.4%.<\/p>\n<p>Imibare y\u2019ibyavuye mu Ibarura Rusange rya 2022 yashyizwe ahagaragara muri Gashyantare uyu mwaka, yerekana ko kuri ubu Abanyarwanda bangana na 82.3 ari bo bafite amazi meza mu gihugu.<\/p>\n<p>Ibi bisobanuye ko umubare w&#8217;ababona amazi meza wagabanutseho 5.1% ugereranyije n&#8217;uko byari byifashe muri 2017.<\/p>\n<p>Umujyi wa Kigali ni wo ufite abaturage benshi bagerwaho n&#8217;amazi meza (97.4%), mu gihe Intara y&#8217;Uburengerazuba ari yo ifite bake (75.4%).<\/p>\n<p>Muri rusange uturere tukiri inyuma kurusha utundi ni Nyamagabe ifite abaturage bangana na 59% bagerwaho n&#8217;amazi meza, Rutsiro (61.2%), Karongi (63.7%), Ngororero (68.6%) na Nyaruguru iri kuri 72.1%.<\/p>\n<p>Mu mbogamizi abaturage bo hirya no hino mu gihugu bamaze igihe bagaragaza, harimo kuba hari amavomo menshi yubatswe gusa akaba atazana amazi; by&#8217;umwihariko nko muri iki gihe cy&#8217;impeshyi.<\/p>\n<p>Ku bijyanye n&#8217;amashanyarazi, ibyavuye mu ibarura byerekana ko kuri ubu Abanyarwanda bangana na 61% ari bo bafite umuriro w&#8217;amashanyarazi.<\/p>\n<p>Ibi bisobanuye ko mu myaka itandatu ishize, ingo zifite umuriro w&#8217;amashanyarazi mu gihugu ziyongereyeho 26.6%.<\/p>\n<p>Mu gihe habura amezi mbarwa kugira ngo u Rwanda rugere mu mwaka wa nyuma wa gahunda ya NST1, ingo zingana na 39% ni zo zigikeneye kubona umuriro w&#8217;amashanyarazi.<\/p>\n<p>Ni ibisobanura ko mu gihe gisigaye Leta y&#8217;u Rwanda ikwiriye gukoresha incuro ziruta izakoreshejwe mu myaka itandatu ishize kugira ngo igere ku ntego y&#8217;uko muri 2024 Abanyarwanda bose bagomba kuba bafite umuriro w&#8217;amashanyarazi.<\/p>\n<p>Kuri ubu Umujyi wa Kigali ni wo ufite ingo nyinshi zifite umuriro w&#8217;amashanyarazi (89.7%), mu gihe Intara y&#8217;Amajyaruguru ari yo ikiri inyuma kuko abayituye bafite umuriro w&#8217;amashanyarazi bangana na 54.1%.<\/p>\n<p>Uturere turi inyuma mu gihugu kurusha utundi ni Gatsibo iri Ngororero iri ku kigero cya 40.5%, Nyabihu (47.0%), Gatsibo (48.8%), Gicumbi (49.1) na Gakenke iri kuri 49.7%.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri 2017 ni bwo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yashyizeho gahunda y&#8217;igihugu y&#8217;imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n&#8217;umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n&#8217;ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n\u2019amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-61215","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#039;amazi meza biracyari kure nk&#039;ukwezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#039;amazi meza biracyari kure nk&#039;ukwezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muri 2017 ni bwo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yashyizeho gahunda y&#8217;igihugu y&#8217;imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n&#8217;umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n&#8217;ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n\u2019amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-08-28T12:44:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#8217;amazi meza biracyari kure nk&#8217;ukwezi\",\"datePublished\":\"2023-08-28T12:44:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215\"},\"wordCount\":388,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215\",\"name\":\"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n'amazi meza biracyari kure nk'ukwezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-08-28T12:44:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61215#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#8217;amazi meza biracyari kure nk&#8217;ukwezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n'amazi meza biracyari kure nk'ukwezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n'amazi meza biracyari kure nk'ukwezi - BWIZA","og_description":"Muri 2017 ni bwo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yashyizeho gahunda y&#8217;igihugu y&#8217;imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n&#8217;umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n&#8217;ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n\u2019amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-08-28T12:44:06+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#8217;amazi meza biracyari kure nk&#8217;ukwezi","datePublished":"2023-08-28T12:44:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215"},"wordCount":388,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61215#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215","name":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n'amazi meza biracyari kure nk'ukwezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-08-28T12:44:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61215"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61215#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n&#8217;amazi meza biracyari kure nk&#8217;ukwezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61215","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61215"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61215\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61215"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61215"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61215"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}