{"id":6147,"date":"2017-05-13T08:06:41","date_gmt":"2017-05-13T08:06:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/13\/gatsibo-abatuye-mu-mudugudu-utarangwamo-ibyaha-polisi-igiye-kubaha-umuriro-w\/"},"modified":"2025-02-12T16:05:18","modified_gmt":"2025-02-12T14:05:18","slug":"gatsibo-abatuye-mu-mudugudu-utarangwamo-ibyaha-polisi-igiye-kubaha-umuriro-w","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147","title":{"rendered":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi"},"content":{"rendered":"<div>\nPolisi y\u2019u Rwanda irashima imbaraga akarere ka Gatsibo kashyize mu kurwanya ibyaha, kabinyujije mu kwishyira hamwe kw\u2019abaturage ndetse no gutangira amakuru ku gihe, kugirango barusheho kugira umutekano usesuye aho batuye.\n<\/div>\n<div>\nIbi byavuzwe  n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege  kuwa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi, ubwo yaganiraga n\u2019abaturage b\u2019umurenge wa Gitoki muri aka karere, nyuma y\u2019umuganda Polisi y\u2019u Rwanda yakoranye n\u2019abaturage bawo mu rwego rwo kwitegura icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi muri uyu mwaka wa 2017.\n<\/div>\n<div>\nUyu muganda ukaba wari ugamije gusobanurira abaturage ibikorwa bizibandwaho muri icyo cyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi.<br \/>\nUmurenge wa Gitoki ukaba ari umwe muyatoranyijwe kuzahabwa na Polisi y\u2019u Rwanda umuriro w\u2019amashanyarazi uturuka ku mirasire y\u2019izuba muri iki cyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi, aho ingo zigera ku 120 zizawuhabwa ndetse ibikoresho bimwe na bimwe bikaba byaratangiye kuhagezwa.<br \/>\n<img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg\" alt=\"\" \/>\n<\/div>\n<div>\nBiteganyijwe ko muri iki cyumweru, Polisi y\u2019u Rwanda izaha ingo 3000 n\u2019ibigo nderabuzima 30 umuriro w\u2019amashanyarazi uturuka ku mirasire y\u2019izuba mu gihugu hose.<br \/>\nAgeza ijambo ku baturage b\u2019uyu murenge, ACP Badege yabashimiye uko bakorera hamwe ndetse n\u2019imikoranire myiza iri hagati yabo na Polisi y\u2019u Rwanda mu gukumira no kurwanya ibyaha.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nAbashimira, ACP Badege yatanze urugero ku mudugudu wa Kagarama uri muri uyu murenge wa Gitoki, kuko nk\u2019uko imibare ya Polisi ibyerekana, uyu mudugudu uri ku isonga mu mutekano, kuko  kuva uyu mwaka watangira nta cyaha kirakorerwamo.<br \/>\nYaravuze ati: &#8220;Birashimishije rwose kuba nta kanyanga n\u2019ibindi biyobyabwenge biboneka aha, nta n\u2019urugomo ruhaboneka. Ibi biragaragaza abaturage bumva neza uruhare rwabo mu kwicungira umutekano.\u201d\n<\/div>\n<div>\nNk\u2019uko byatangajwe n\u2019umuyobozi w\u2019uyu mudugudu wa Kagarama witwa Bimenyimana Patrick, yavuze ko kugirango bagere ku mutekano bafite banabashe gushyira mu bikorwa gahunda zose za Leta, bagabanyije ingo bafite mu matsinda bise  \u201cAmasibo\u201d,  aho isibo imwe igizwe n\u2019ingo cumi n\u2019eshanu, bikabafasha kumenya no guhanahana amakuru y\u2019umudugudu no kumenya abantu bashya bawinjiyemo.<br \/>\nKuri iyi ngingo yaravuze ati:\u201dBuri munsi mba nzi icyabereye mu mudugudu mbereye umuyobozi, nkaba nzi umuturage utawurayemo n\u2019uwinjiyemo mushya ndetse n\u2019umwana wavutse. Ubu buryo butuma buri wese aba ijisho rya mugenzi we, tukanamenya imiterere y\u2019abantu bose bawubamo.\u201d<br \/>\n<img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-2.jpg\" alt=\"\" \/>\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Gatsibo, Gasana Richard nawe yavuze ko amasibo afasha abayobozi kugeza ubutumwa no gukemura ibibazo mu buryo bwihuse.<br \/>\nYaravuze ati: &#8220;Kubera aya masibo, biroroha kumenya umwana utajya mu ishuri, uwarwaye n\u2019undi muntu ukeneye ubufasha ndetse no kumenya ufite imyitwarire idahwitse cyangwa uwahungabanya umutekano.\u201d\n<\/div>\n<div>\nUbu uyu mudugudu wanarangije gutanga ubwisungane mu kwivuza bw\u2019umwaka wa 2019.\n<\/div>\n<div>\nMuri uwo muganda wabaye, Polisi y\u2019u Rwanda yifatanyije n\u2019abaturage kubakira abaturage batishoboye ubwiherero.<br \/>\nPolisi y\u2019u Rwanda kandi yanashyikirije imyenda yo guserukana mu birori itorero  ryitwa Garuka Urebe ryo muri uwo murenge ry\u2019imbyino n\u2019imivugo bishishikariza abantu kwirinda no gukumira ibyaha.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irashima imbaraga akarere ka Gatsibo kashyize mu kurwanya ibyaha, kabinyujije mu kwishyira hamwe kw\u2019abaturage ndetse no gutangira amakuru ku gihe, kugirango barusheho kugira umutekano usesuye aho batuye. Ibi byavuzwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege kuwa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi, ubwo yaganiraga n\u2019abaturage b\u2019umurenge wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6147","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irashima imbaraga akarere ka Gatsibo kashyize mu kurwanya ibyaha, kabinyujije mu kwishyira hamwe kw\u2019abaturage ndetse no gutangira amakuru ku gihe, kugirango barusheho kugira umutekano usesuye aho batuye. Ibi byavuzwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege kuwa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi, ubwo yaganiraga n\u2019abaturage b\u2019umurenge wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-13T08:06:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:05:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi\",\"datePublished\":\"2017-05-13T08:06:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:05:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147\"},\"wordCount\":492,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.police.gov.rw\\\/fileadmin\\\/templates\\\/images\\\/News-2017\\\/Crime-free_Village-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147\",\"name\":\"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.police.gov.rw\\\/fileadmin\\\/templates\\\/images\\\/News-2017\\\/Crime-free_Village-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-05-13T08:06:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:05:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.police.gov.rw\\\/fileadmin\\\/templates\\\/images\\\/News-2017\\\/Crime-free_Village-1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.police.gov.rw\\\/fileadmin\\\/templates\\\/images\\\/News-2017\\\/Crime-free_Village-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6147#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima imbaraga akarere ka Gatsibo kashyize mu kurwanya ibyaha, kabinyujije mu kwishyira hamwe kw\u2019abaturage ndetse no gutangira amakuru ku gihe, kugirango barusheho kugira umutekano usesuye aho batuye. Ibi byavuzwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege kuwa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi, ubwo yaganiraga n\u2019abaturage b\u2019umurenge wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-13T08:06:41+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:05:18+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi","datePublished":"2017-05-13T08:06:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:05:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147"},"wordCount":492,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147","name":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg","datePublished":"2017-05-13T08:06:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:05:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6147"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#primaryimage","url":"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.police.gov.rw\/fileadmin\/templates\/images\/News-2017\/Crime-free_Village-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6147#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gatsibo: Abatuye mu mudugudu utarangwamo ibyaha, polisi igiye kubaha umuriro w\u2019amashanyarazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6147","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6147"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6147\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6147"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6147"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6147"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}