{"id":615,"date":"2016-02-15T15:04:11","date_gmt":"2016-02-15T15:04:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/15\/ese-umugore-ashobora-kugira-ububabare-mu-gihe-cy-039-imibonano-mpuzabitsina\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:22","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:22","slug":"ese-umugore-ashobora-kugira-ububabare-mu-gihe-cy-039-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615","title":{"rendered":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Niba uri umukobwa cyangwa umudamu, ukaba ubabara igihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, hari uko wakwitwara ntuzongere kubabara.Niba utekereza ko igitsina cy\u2019umugabo kinanirwa guca mu cy\u2019umugore kubera ubunini bwacyo aha ho sibyo kuko umutwe w\u2019igitsina cy\u2019umugabo ntiwaba uruta umutwe w\u2019umwana ubasha gucamo avuka, menya impamvu.<\/em> <\/strong><br \/>\nBiragoye cyane kubasha kumenya uko imibonano mpuzabitsina yagenze neza kandi irimo ibyishimo imera, keretse ku wigeze kuyikora akaryoherwa; ibi ntawakwirwa abishidikanyaho.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24329\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg\" alt=\"x\" width=\"648\" height=\"275\" \/><\/a><br \/>\nNk\u2019uko bitangazwa n\u2019urubuga Topsante, Hari abakobwa n\u2019abagore bamwe bababara cyane iyo bakora imibonano mpuzabitsina, ku buryo kuri bo kuyikora aba ari nko kwiyahura cyangwa kwigirizaho.<br \/>\nMbere y\u2019uko twinjira kuri iyi ngingo, reka tubanze turebe imiterere y\u2019igitsina gore kugira ngo tuze kubasha kureba uko ubu buribwe bwakwirindwa.<br \/>\nKugira ngo ibi ubimenye neza, fata indorerwamo uyishyire ahagana hasi, hanyuma ubeyureho (wigizeyo) imishino y\u2019igitsina cyawe, uzabona uko imwe n\u2019imwe mu myanya ndangagitsina y\u2019imbere yawe iteye.<br \/>\nHejuru gato hari rugongo, igizwe n\u2019akugara k\u2019uruhu gato kabyimbye. Hari igihe kaba katagaragara na mba cyangwa kakaba kagaragara igice kubera indi myanya igatwikiriye.<br \/>\nUkomeje kubeyura, imbere hari imigoma, itwikiriye akobo gasohokeramo inkari. Munsi ya kano kobo hari akenge k\u2019inda ibyara<br \/>\nAkenge k\u2019inda ibyara ( hari igihe kaba gatwikiriweho gato n\u2019akugara k\u2019umubiri gato bita urutezo . Urutezo ni akugara akenshi kaba karemwe nk\u2019igice cy\u2019ukwezi, gatwikiriye igice cyo hasi cy\u2019ubwinjiriro bw\u2019inda ibyara. Akenshi aka kugara kavaho iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina ye ya mbere.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/xy.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24330\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/xy.jpg\" alt=\"xy\" width=\"563\" height=\"422\" \/><\/a><br \/>\nKubera ukuntu aka kugara kaba koroshye, iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina isanzwe kandi yateguwe, bituma agira uburyaryate ariko butagera ku kigero cyo kuba yakumva ababara cyane ndetse rimwe na rimwe kuri iyi mibonano ya mbere umukobwa ashobora kuva uturaso tutari twinshi gusa hari n\u2019igihe utu turaso tutava.<br \/>\nUbusanzwe igitsina cy\u2019umugore kigaragiwe n\u2019inyama zisa nk\u2019izikubakubye ariko iyo umukobwa cyangwa umudamu yashyutswe, izi nyama zirarekura igitsina cye kikaba kinini (kikabyimba). Uko igitsina cy\u2019umugabo cyaba kingana kose ntibyakibuza kwinjira mu cy\u2019umugore.<br \/>\nIgitsina cy\u2019umugore kandi gifite ubushobozi bwo gukweduka; umutwe w\u2019umwana ugacamo mu gihe umugore ari kubyara. Ni yo mpamvu igihe cyose abakundana babiri (couple) bumva ko ikibazo cy\u2019ingano by\u2019ibitsina byabo ari cyo gituma umwe ababara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ntibiba ari byo.<br \/>\nImpamvu z\u2019uburibwe ahubwo zareberwa ahandi. Niba umukobwa atinya gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa bikaba ngombwa ko mugenzi we w\u2019umuhungu yinjiza ahata igitsina cye mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ibi biba bisobanura ko kidafite ububobere buhagije kubera ko iyo umukobwa yashyukwe bya nyabyo, igitsina cye kirekura ururenda kuburyo icy&#8217;umugabo kibasha kwinjira neza. Iyo bitameze gutya, umukobwa arababara.<br \/>\nIkindi gishobora guteza ububare ni uko inyama zigaragiye igitsina hari ubwo ziba zigifuganye bigatuma mu gihe habaye imibonano mpuzabitsina umukobwa agira ububabare cyangwa se igitsina cy\u2019umuhungu kikanga kwinjira.<br \/>\nIyo bimeze gutya, umugabo ashobora kwisanga arimo asa nk\u2019ujomba ku gikuta gikomeye kitamwemerera kwinjiza igitsina cye mu cya mugenzi we. Ibi nabyo byatera ububabare.<br \/>\nIndi mpamvu ishobora guteza ibibazo by\u2019uburibwe ni igihe umwe mu bayikora yumva atiteguye. Ushobora kuba wumva igihe cyo kuyikora kitaragera cyangwa utanyuzwe n\u2019uwo mugiye kuryamana.<br \/>\nIki gihe ubwonko bwawe ntabwo bushobora gutanga itegeko ryo kurekura imisemburo ituma imibonano mpuzabitsina igenda neza. Ubushakashatsi bwakorewe hirya no hino ku isi bwagaragaje ko umubare w\u2019abakobwa n\u2019abagore benshi utaryoherwa n\u2019imibonano mpuzabitsina keretse iyo bayikorana n\u2019umuntu bakundana bya nyabyo (rimwe na rimwe ndetse biba byiza iyo bamaranye igihe kinini).<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/by.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-24331 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/by.jpg\" alt=\"by\" width=\"660\" height=\"355\" \/><\/a><br \/>\nNi ngombwa rero ko igihe ukora imibonano mpuzabitsina ubanza kwitegura neza, ukumva ko umubiri wawe witeguye iki gikorwa kugira ngo mwembi muryoherwe.<br \/>\nInyigisho nk\u2019izi ni ingenzi ku bashakanye cyangwa se abari mu nzira yo kurushinga, kubatarashaka bagirwa inama yo kwirinda kwishora mu busambanyi kuko bahuriramo n\u2019ingaruka nyinshi nko gutwara inda zitateguwe,kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina VIH\/SIDA,imitezi,\u2026<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Gentille Kamikazi\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Niba uri umukobwa cyangwa umudamu, ukaba ubabara igihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, hari uko wakwitwara ntuzongere kubabara.Niba utekereza ko igitsina cy\u2019umugabo kinanirwa guca mu cy\u2019umugore kubera ubunini bwacyo aha ho sibyo kuko umutwe w\u2019igitsina cy\u2019umugabo ntiwaba uruta umutwe w\u2019umwana ubasha gucamo avuka, menya impamvu. Biragoye cyane kubasha kumenya uko imibonano mpuzabitsina yagenze neza kandi irimo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-615","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=615\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Niba uri umukobwa cyangwa umudamu, ukaba ubabara igihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, hari uko wakwitwara ntuzongere kubabara.Niba utekereza ko igitsina cy\u2019umugabo kinanirwa guca mu cy\u2019umugore kubera ubunini bwacyo aha ho sibyo kuko umutwe w\u2019igitsina cy\u2019umugabo ntiwaba uruta umutwe w\u2019umwana ubasha gucamo avuka, menya impamvu. Biragoye cyane kubasha kumenya uko imibonano mpuzabitsina yagenze neza kandi irimo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=615\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-15T15:04:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute?\",\"datePublished\":\"2016-02-15T15:04:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615\"},\"wordCount\":654,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/x-1024x435.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615\",\"name\":\"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/x-1024x435.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-15T15:04:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/x-1024x435.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/x-1024x435.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=615#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA","og_description":"Niba uri umukobwa cyangwa umudamu, ukaba ubabara igihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, hari uko wakwitwara ntuzongere kubabara.Niba utekereza ko igitsina cy\u2019umugabo kinanirwa guca mu cy\u2019umugore kubera ubunini bwacyo aha ho sibyo kuko umutwe w\u2019igitsina cy\u2019umugabo ntiwaba uruta umutwe w\u2019umwana ubasha gucamo avuka, menya impamvu. Biragoye cyane kubasha kumenya uko imibonano mpuzabitsina yagenze neza kandi irimo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-15T15:04:11+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:22+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute?","datePublished":"2016-02-15T15:04:11+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615"},"wordCount":654,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=615#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615","name":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg","datePublished":"2016-02-15T15:04:11+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=615"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/x-1024x435.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=615#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese umugore ashobora kugira ububabare mu gihe cy&#039;imibonano mpuzabitsina byagenze gute?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/615","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=615"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/615\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=615"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=615"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=615"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}