{"id":6169,"date":"2017-05-14T15:08:26","date_gmt":"2017-05-14T15:08:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/14\/umugabo-wanjye-yanyirukanye-ngo-naravumwe-ndagisha-inama\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:34","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:34","slug":"umugabo-wanjye-yanyirukanye-ngo-naravumwe-ndagisha-inama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169","title":{"rendered":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nkiri umwana muto, numvaga nzaba umuntu ukomeye ndetse nkaba nk\u2019umucungamutungo w\u2019ikigo runaka gikomeye, gusa inzozi zanjye ntabwo zaje kumpira ahubwo ibyambayeho bitandukanye cyane n\u2019ibyo nibwiraga muri icyo gihe.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNarerewe ku mukecuru w\u2019incike nyuma y\u2019uko data utubyara adutaye uko twari abana 4.<br \/>\nNize amashuri abanza n\u2019ayisumbuye, aho narangwaga no kurata ibizamini no kwirukanwa kenshi nabuze amafaranga y\u2019ishuri, dore ko uwo mukecuru watureraga nta bushobozi yari afite.<br \/>\nNubwo nize nabi, nagerageje gushakisha imibereho uko nshoboye kugeza nshinze akabutike gaciriritse ariko kabashaga kumfasha kwita kuri barumuna banjye ndetse nkunganira wa mukecuru.<br \/>\nBurya koko ngo inzira ntibwira umugenzi, nyuma naje kumenyana n\u2019umugabo w\u2019imyaka 35 dutangira gukundana ntitaye ku myaka yandushaga ndetse nyuma y\u2019umwaka 1 tubyarana umwana mwiza w\u2019umukobwa, twatangiye kubana nk\u2019umugore n\u2019umugabo haciye indi myaka 2 tubyara undi mwana ariko ku bw\u2019ingorane aza kuva ku kazi yari afite.<br \/>\nMu by\u2019ukuri nabonaga dukundana nubwo ubuzima twabanagamo bwasaga n\u2019ubworoheje bwarangwaga no kwiyumvanamo.<br \/>\nKuva ubwo ubuzima bwatangiye guhinduka, umugabo twabanaga mu mahoro ahinduka nk\u2019ikirere atangira kujya arangwa n\u2019umwaga ndetse rimwe na rimwe akankubitira mu maso y\u2019abana.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nRimwe numvise telefone ya mabukwe ansaba ko namwoherereza abana bakamusura mu biruhuko, icyo gihe ndabikora kuko namwubahaga kandi na nubu nkimwubaha ku buryo nta cyo nari kurenza ku cyifuzo cye.<br \/>\nNyuma namusabye ko yakongera kubanyoherereza ngo bajye ku masomo ambwira ko nta bo azampa kugeza igihe mariye kubaka ubushobozi mu bijyanye n\u2019imibereho.<br \/>\nUbwo umugabo wanjye we ntitwari tukivugana kuko yahise anta avuga ko namuteye umwaku ko ari njye ntandaro yo kuva ku kazi kwe nubwo ntazi inzira byaciyemo ajya kukavaho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmugabo wanjye twigeze gukundana ndetse tukanabyarana ubugira 2, yambwiye ko ndi ikivume ndetse ko ntateze no kongera gusubirana n\u2019umuryango wanjye.<br \/>\nMbigenze nte?<br \/>\n <em> <strong><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/strong> <\/em><br \/>\n<a href=\"mailto:Gentille@Bwiza.com\">Gentille@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nkiri umwana muto, numvaga nzaba umuntu ukomeye ndetse nkaba nk\u2019umucungamutungo w\u2019ikigo runaka gikomeye, gusa inzozi zanjye ntabwo zaje kumpira ahubwo ibyambayeho bitandukanye cyane n\u2019ibyo nibwiraga muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Narerewe ku mukecuru w\u2019incike nyuma y\u2019uko data utubyara adutaye uko twari abana 4. Nize amashuri abanza n\u2019ayisumbuye, aho narangwaga no kurata ibizamini no kwirukanwa kenshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-6169","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nkiri umwana muto, numvaga nzaba umuntu ukomeye ndetse nkaba nk\u2019umucungamutungo w\u2019ikigo runaka gikomeye, gusa inzozi zanjye ntabwo zaje kumpira ahubwo ibyambayeho bitandukanye cyane n\u2019ibyo nibwiraga muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Narerewe ku mukecuru w\u2019incike nyuma y\u2019uko data utubyara adutaye uko twari abana 4. Nize amashuri abanza n\u2019ayisumbuye, aho narangwaga no kurata ibizamini no kwirukanwa kenshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-14T15:08:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama\",\"datePublished\":\"2017-05-14T15:08:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169\"},\"wordCount\":315,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169\",\"name\":\"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-14T15:08:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6169#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA","og_description":"Nkiri umwana muto, numvaga nzaba umuntu ukomeye ndetse nkaba nk\u2019umucungamutungo w\u2019ikigo runaka gikomeye, gusa inzozi zanjye ntabwo zaje kumpira ahubwo ibyambayeho bitandukanye cyane n\u2019ibyo nibwiraga muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Narerewe ku mukecuru w\u2019incike nyuma y\u2019uko data utubyara adutaye uko twari abana 4. Nize amashuri abanza n\u2019ayisumbuye, aho narangwaga no kurata ibizamini no kwirukanwa kenshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-14T15:08:26+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:34+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama","datePublished":"2017-05-14T15:08:26+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169"},"wordCount":315,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6169#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169","name":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-14T15:08:26+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6169"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6169#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugabo wanjye yanyirukanye ngo naravumwe-ndagisha inama"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6169","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6169"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6169\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6169"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6169"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6169"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}