{"id":6170,"date":"2017-05-14T23:29:48","date_gmt":"2017-05-14T23:29:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/14\/koreya-ya-ruguru-yongeye-kugeragereza-igisasu-karahabutaka-kirusha-ibindi\/"},"modified":"2025-02-12T16:05:01","modified_gmt":"2025-02-12T14:05:01","slug":"koreya-ya-ruguru-yongeye-kugeragereza-igisasu-karahabutaka-kirusha-ibindi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170","title":{"rendered":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2017, koreya yohereje igisasu kinini muri koreya y\u2019Epfo, iki gisasu kikaba cyarashwe umunsi umwe nyuma y\u2019uko Perezida mushya uherutse gutorwa muri iki gihugu igihugu mukeba  wa Korea ya ruguru asabiye gushyikirana.<\/strong> <\/em><br \/>\nEtat Major y\u2019Ingabo za Leta Zunze Ubumwe zikorera mu Nyanja ya Pacifika [ The U.S Pacific Command ] yahise yihutira gusesengura iby\u2019iki gisasu, bidatinze niko guhita itangaza ko nubwo byagenze gutyo,igisasu cya Korea ya Ruguru nta bushobozi cyari gifite bwo kwambukiranya bukagera kure cyane .<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNubwo Amerika n\u2019ingabo zayo bavuze iby\u2019uko iki igisasu cyatewe bidahangayikishije [ Intercontinental Ballistic Missile ] Minisitiri w\u2019Ingabo w\u2019u Buyapani, Tomoni Inada yabwiye amahanga ko iki gisasu ari ubwoko bushya burenze kubindi Korea ya Ruguru igerageje!<br \/>\nIki gisasu cyo mu bwoko bwa missile nyamara cyahangayikishije amahanga atari make cyane ko u Buyapani na Koreya ya Ruguru byashyize hanze amakuru y\u2019uko iyi missile  yarashwe ku bilometero 530  kandi ikaba yagenderaga ku butumburuke bwa kilometer ibihumbi 2.<br \/>\nIbi bikaba bihabanye kure n\u2019ikindi gisasu cyaherukaga kuraswa kirasiwe Kusong  mu kwezi kwa 2 kuko cyo cyagurutse ibilometero 500 ariko ntikizirenge mu gihe iki cyo cyageze aharenga 2000 km !<br \/>\nKorea ya Ruguru ikaba iri mu masiganwa yo gucura ibitwaro bya kirimbuzi ngo byashobora kurasa kure, cyane cyane kuba byabasha gusenya Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, ibintu Perezida uherutse gutorwa muri Amerika Bwana Donald Trump yatangaje ko atazemera ku bibaho na rimwe.<br \/>\nAbahanga mu by\u2019ibisasu bavuga ko ubundi kugirango igisasu kitwe ko kiri mu bwoko bwambukiranya imipaka [ Intercontinental Ballistic Missile ] kiba kigomba kuba cyaraswa kure hashoboka ku kilometero zisaga 6.000 mu gihe iki cyarashwe rero ku 2000 km kigaragaza ko nubwo kirenze kure icyageragejwe ubushize ariko inzira iracyari ndende!<br \/>\nAbahanga mu by\u2019ibisasu byo muri ubu bwoko kandi bavuze ko mu bilometero 530 ari hafi cyane kuba abantu batekereza ko iki gisasu cyagenda ahantu harehare kitarahanuka hasi, cyane ko ngo ubutumburuke cyagezeho mu bujyejuru hari n\u2019imisozi miremire, ibirengeje ibi rero bikaba byaba imbogamizi ko cyabasha kugera kure hadasanzwe.<br \/>\nAba bahanga ariko bakomeje bavuga ko ibi ntawabigenderaho cyane kuko harubwo Korea ya Ruguru ishobora kuba yaba itaragera ku butumburuke bukabije noneho ariko yo ikaba yakwifashisha kurasira ibisasu byayo ku misozi miremire [ High Standard Trajectory ] bityo ibyari ubutumburuke bugufi bukisunga uburebure bw\u2019aho cyarasiwe bikaba byagifasha kugera kure nta kigihungabanijwe.<br \/>\nIbi rero ngo bikozwe gutya byaba bivuze ko iki gisasu cyakagombye kugera ku bilometero 6.000, ari nayo ya ntego ya Ballistic Missile nyayo yakabaye ifite kwiruka [ kuguruka ] ibilometero 6000.<br \/>\nIri sesengura dukesha Reuters, bya Biro ntaramakuru by\u2019Abongereza rikaba ryakozwe na Kim Dong-yung, umushakashatsi mu Kigo Far Eastern Studies kiri muri Kaminuza ya Kyungnam Seoul muri Korea y\u2019epfo.<br \/>\nIki gisasu ngo kikaba cyaramaze iminota 30 mu kirere nyuma kigahanukira mu nyanja iherereye hagati ya Korea ya ruguru n\u2019agace k\u2019Iburasirazuba bwo ku nyanja y\u2019Ubuyapani kandi ariko Korea ya ruguru ikaba ari naho isanzwe ikunze kwerekeza ibisasu bya yo ijya igerageza.<br \/>\nJonathan McDowell ni Umuhanga mu by\u2019ubumenyi bw\u2019ikirere n\u2019ubugenge mu Kigo Smithsonian for Astrophysics  kiri muri Kaminuza ya Harvard muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, yatangaje ko hatagira uwibwira ko ubushobozi bwo gukora igisasu kirasa kuri metero 2000, ari ikintu cyoroshye ko biteye impungenge kandi bikwiye kwiganwa ubushishozi mu maguru mashya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nPerezidansi y\u2019Amerika yagize icyo nayo ibivugaho aho Donald Trump ngo yaba yabajijwe icyo avuga kuri iri geragezwa ry\u2019iki gisasu asubiza ko kuri iyi nshuro atajyaho ngo yihandagaze avuge ko Amerika ariyo izakomeza guhangayika yonyine kuri iki kibazo kuko bibaye ibyo ngo n\u2019Uburusiya bwakagombye kubyibazaho cyane ko iki gisasu cyarashwe hafi yabwo kurusha ndetse u Buyapani!<br \/>\n <em> <strong><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/strong> <\/em><br \/>\nDavid@Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2017, koreya yohereje igisasu kinini muri koreya y\u2019Epfo, iki gisasu kikaba cyarashwe umunsi umwe nyuma y\u2019uko Perezida mushya uherutse gutorwa muri iki gihugu igihugu mukeba wa Korea ya ruguru asabiye gushyikirana. Etat Major y\u2019Ingabo za Leta Zunze Ubumwe zikorera mu Nyanja ya Pacifika [ The U.S [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6170","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2017, koreya yohereje igisasu kinini muri koreya y\u2019Epfo, iki gisasu kikaba cyarashwe umunsi umwe nyuma y\u2019uko Perezida mushya uherutse gutorwa muri iki gihugu igihugu mukeba wa Korea ya ruguru asabiye gushyikirana. Etat Major y\u2019Ingabo za Leta Zunze Ubumwe zikorera mu Nyanja ya Pacifika [ The U.S [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-14T23:29:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:05:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta\",\"datePublished\":\"2017-05-14T23:29:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:05:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170\"},\"wordCount\":617,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170\",\"name\":\"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-14T23:29:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:05:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6170#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA","og_description":"Ku mugoroba wo kuwa gatandatu tariki ya 13 Gicurasi 2017, koreya yohereje igisasu kinini muri koreya y\u2019Epfo, iki gisasu kikaba cyarashwe umunsi umwe nyuma y\u2019uko Perezida mushya uherutse gutorwa muri iki gihugu igihugu mukeba wa Korea ya ruguru asabiye gushyikirana. Etat Major y\u2019Ingabo za Leta Zunze Ubumwe zikorera mu Nyanja ya Pacifika [ The U.S [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-14T23:29:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:05:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta","datePublished":"2017-05-14T23:29:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:05:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170"},"wordCount":617,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6170#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170","name":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-14T23:29:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:05:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6170"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6170#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Koreya ya Ruguru yongeye kugeragereza igisasu karahabutaka kirusha ibindi kwihuta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6170","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6170"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6170\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6170"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6170"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6170"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}