{"id":6180,"date":"2017-05-15T14:47:06","date_gmt":"2017-05-15T14:47:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/15\/ndi-umunyakuri-simbereyeho-kuneeza-rubanda-perezida-kagame\/"},"modified":"2025-02-12T16:04:52","modified_gmt":"2025-02-12T14:04:52","slug":"ndi-umunyakuri-simbereyeho-kuneeza-rubanda-perezida-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180","title":{"rendered":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame"},"content":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame atangaza ko ari umunyakuri, udakora agamije gushimisha abantu, ahubwo akora ibikwiye ku bw\u2019inyungu rusange z\u2019Abanyarwanda, aho gukora agamije gushimisha bamwe.<br \/>\nIbi aherutse kubitangaza mu kiganiro kirekire yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique mu ntangiriro za Gicurasi 2017. Ku kibazo yabajijwe ati &#8220;Ibihe by\u2019amatora bijyana no gusezeranya abaturage ibyo uzabakorera, ni iki musezeranya Abanyarwanda ngo bazabatore&#8221;.<br \/>\nUmukuru w\u2019igihugu yasubije ko ari umunyakuri, atabereyeho kunezeza rubanda. &#8220;Muranzi, si ndi wa muntu wo kubeshyeshya Abanyarwanda uduhendabana mbasezeranya ibinyoma. Ndi Umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda. Tuzi aho tuvuye, ibyo twagezeho ndetse n\u2019ibyo dukwiye tunagomba kongera gukora, ariko tukamenya n\u2019aho tugarukira&#8221;.<br \/>\nAkomeza avuga ko atasezeranya Abanyarwanda ibyo atazabagezaho. Ati &#8220;Sinshobora kugira icyo nsezeranya ntabasha gushyira mu bikorwa, mwintegerezaho ibindi bitari ukwibutsa Abanyarwanda ko bagomba gukorera hamwe kugirango bagire ejo heza hazaza. Nakongeraho ikindi kintu cya ngombwa : aya matora aratureba twese, twebwe twenyine ubwacu&#8221;.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAkongera yerekana ko umwenda aba awubereyemo Abanyarwanda, ati &#8220;Niba nshaka guha isomo Isi, ishobora kubimbaza, aha rero ni i by\u2019u Rwanda, ni iby\u2019abanyarwanda, amahanga ntacyo agomba kutwigisha&#8221;.\u00bb<br \/>\nUmunyamakuru yamubajije icyo atangaza ku badashidikanya ko azatorwa, agira ati &#8220;Tariki ya 4 Kanama, Abanyarwanda bazitabira amatora yo kwitorera perezida wabo&#8221;.<br \/>\nNamwe muri umukandida, kandi kongera gutorwa kwanyu ntibishidikanywaho, mwabisobanura mute? Perezida Kagame yamusubije agira ati \u00ab Ibihe n\u2019amateka u Rwanda rwanyuzemo bigira uruhare kuri demokarasi yarwo n\u2019imyitwarire mu matora mu buryo bwihariye. Gushaka kubijyamo impaka ugereranya n\u2019ibihugu bitabayemo jenoside, nta mpamvu bifite ahubwo byatuma abantu batiyumvisha neza ibibera mu Rwanda&#8221;.<br \/>\nAmubajije niba nta bwoba afitiye abandi bakandida bashobora guhatana nawe  mu matora, yamusubije ko icyo ari ikibazo gito cyane, ati &#8220;Twanyuze mu bihe bikomeye kandi bibabaje, ako rero ni akabazo gato cyane mu bindi binini&#8221;.<br \/>\nMuri iki kiganiro kandi Umukuru w\u2019igihugu yatangaje ko atajya yicuza ku cyemezo runaka yafashe, ahubwo afata igihe agahangana n\u2019ingaruka z\u2019ibyo yagizemo uruhare.<br \/>\nYanasobanuye kandi icyo yahereyeho yirukana uwari umuyobozi wa Sosiyete Nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere(RwandAir), avuga ko abanyarwanda bamushinze kureba ibitagenda akabikosora.<br \/>\n <em> <strong><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/strong> <\/em><br \/>\nNtakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame atangaza ko ari umunyakuri, udakora agamije gushimisha abantu, ahubwo akora ibikwiye ku bw\u2019inyungu rusange z\u2019Abanyarwanda, aho gukora agamije gushimisha bamwe. Ibi aherutse kubitangaza mu kiganiro kirekire yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique mu ntangiriro za Gicurasi 2017. Ku kibazo yabajijwe ati &#8220;Ibihe by\u2019amatora bijyana no gusezeranya abaturage ibyo uzabakorera, ni iki musezeranya Abanyarwanda ngo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6180","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame atangaza ko ari umunyakuri, udakora agamije gushimisha abantu, ahubwo akora ibikwiye ku bw\u2019inyungu rusange z\u2019Abanyarwanda, aho gukora agamije gushimisha bamwe. Ibi aherutse kubitangaza mu kiganiro kirekire yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique mu ntangiriro za Gicurasi 2017. Ku kibazo yabajijwe ati &#8220;Ibihe by\u2019amatora bijyana no gusezeranya abaturage ibyo uzabakorera, ni iki musezeranya Abanyarwanda ngo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-15T14:47:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:04:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame\",\"datePublished\":\"2017-05-15T14:47:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180\"},\"wordCount\":354,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180\",\"name\":\"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-15T14:47:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6180#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame atangaza ko ari umunyakuri, udakora agamije gushimisha abantu, ahubwo akora ibikwiye ku bw\u2019inyungu rusange z\u2019Abanyarwanda, aho gukora agamije gushimisha bamwe. Ibi aherutse kubitangaza mu kiganiro kirekire yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique mu ntangiriro za Gicurasi 2017. Ku kibazo yabajijwe ati &#8220;Ibihe by\u2019amatora bijyana no gusezeranya abaturage ibyo uzabakorera, ni iki musezeranya Abanyarwanda ngo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-15T14:47:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:04:52+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame","datePublished":"2017-05-15T14:47:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180"},"wordCount":354,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6180#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180","name":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-15T14:47:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6180"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6180#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndi umunyakuri, simbereyeho kuneeza rubanda-Perezida Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6180","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6180"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6180\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6180"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6180"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6180"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}