{"id":6184,"date":"2017-05-15T16:36:39","date_gmt":"2017-05-15T16:36:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/15\/adepr-kuba-abakiristo-barahishwe-ibibazo-byugarije-itorero-barasaba-ubuyobozi\/"},"modified":"2025-02-25T14:18:36","modified_gmt":"2025-02-25T12:18:36","slug":"adepr-kuba-abakiristo-barahishwe-ibibazo-byugarije-itorero-barasaba-ubuyobozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184","title":{"rendered":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho bamwe mu bayobozi mu itorero rya ADEPR mu Rwanda batawe muri yombi ariko kuva icyo gihe, ku itariki 03 Gicurasi hakaba nta rwego na rumwe mu zigize itorero ruramenyesha abagize itorero ibiri kuriberamo, bamwe mu bakirisito baravuga ko bigaragaza ko izi nzego zidahangayikishijwe n\u2019ibikorerwa mu itorero kandi zidahangayikishijwe n\u2019ibikomere umukumbi w\u2019Imana ufite ngo ube wahumurizwa. Aba bakaba bifuza ko imiterere n\u2019imikorere y\u2019imyubakire y\u2019ubuyobozi y\u2019itorero yahinduka ndetse abagize inzego z\u2019ubuyobozi buriho bakegura mu maguru mashya.<br \/>\nKuwa 03 Gicurasi 2017 nibwo Polisi y\u2019u Rwanda yemeje ifatwa n\u2019 ifungwa ry\u2019abayobozi muri ADEPR ari bo; Eng. Sindayigaya Theophile; Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imari, Gasana Valens n\u2019uwitwa Mutuyemariya Christine ushinzwe ubutegetsi n\u2019Imari. Umuvugizi wa polisi ACP Badege akaba yaravuze ko bakurikiranweho gucunga nabi umutungo.<br \/>\nMu ibaruwa ifunguye bamwe mu bagize itorero, bavuga ko bavugira abakirisitu bagenzi babo kuko babuze kivugira, bagejeje kuri Bwiza.com, bavuga ko bababajwe n\u2019ibihe itorero ryabo ririmo, bituruka ku ifatwa n\u2019ifungwa rya bamwe mu bayobozi bakuru b\u2019itorero, bakaba kandi bababajwe no kumva abayobozi b\u2019itorero bashinjwa ibyaha byo kunyereza no gucunga nabi umutungo w\u2019itorero kandi ari bo bakagombye kuba intangarugero.<br \/>\nAba kandi ngo bababajwe n\u2019imvune abakirisitu b\u2019itorero bagize bagira ngo bagere ku gikorwa cy\u2019iterambere rivuye mu maboko yabo, ariko inzego batumye bikaza kugaragara ko zitabasohoreje ubutumwa nk\u2019uko bikwiye, bagatahishwa Hotel Dove irimo imyenda ya banki kandi baratanze amafaranga yo kwishyura yose.<br \/>\nAba bakirisitu barangajwe imbere na Rurangwa Denis na Sugira Steven, bamwe mu bari mu itsinda ry\u2019urubyiruko rw\u2019itorero bagaragaje  ubushake bwo gutanga umusanzu mu gushakira umuti ibibazo bigaragara muri ADEPR batumiwe mu nama yo kuwa 18 Mata 2012 yabahuje n\u2019abakomiseri ba komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge, bavuga ko nk\u2019uko bakomeje kubigaragaza imikorere n\u2019imyubakire y\u2019ubuyobozi bw\u2019iri torero rikoreramo iteza amakimbirane mu itorero akagera no ku bakirisitu bo hasi ari nabo Banyarwanda kandi ko abagiye bahagararira iyo miyoborere bayifashisha gukora ibyo bashaka ugasanga inzego zose z\u2019ubuyobozi zaramunzwe na ruswa nta wakosora undi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKubera ibi byose, aba bagaye Inama y\u2019ubuyobozi y\u2019itorero itarahagarariye abagize itorero ngo irengere inyungu zabo, bakagaya inteko rusange bashinja kuba itaritaye ku nyungu z\u2019itorero n\u2019iz\u2019abakirisitu ikita ku nyungu zayo, ndetse bakagaya biro nyobozi bavuga ko abayigize birebyeho ubwabo bakifashisha ububasha bahawe mu kurenganya abagize itorero ndetse bagashyirisha igisebo k\u2019umurimo w\u2019Imana bakagombye guhesha icyubahiro.<br \/>\nAba bavuga ko bavugira abandi bakirisitu kuko ngo babuze kivugira, basanga Umuvugizi mukuru w\u2019itorero, Bishop Sibomana Jean akwiye kuvugira abapasitoro kuko ngo ari bo bamutoye kandi ngo akaba ari bo ahagarariye nk\u2019uko biri kwigaragaza. Bakaba bavuga ko kugeza ubu ntacyo Bishop Sibomana aratangariza abakirisitu ku birebana n\u2019aba bayobozi baherutse gutabwa muri yombi bashinjwa kunyereza umutungo w\u2019itorero.<br \/>\nBimwe mu byifuzo aba bakirisitu bafite, harimo gusaba abagize inzego zose z\u2019ubuyobozi bw\u2019itorero, kwicuza no gusaba Imana n\u2019abagize itorero imbabazi z\u2019uko bemeye gukoreshwa n\u2019imiterere n\u2019imiyoborere mibi mu bihe bitandukanye no kuba baratereranye abakirisitu muri ibi bihe bigoye.<br \/>\nBarasaba kandi abagize inzego z\u2019ubuyobozi z\u2019itorero ADEPR kwegura mu maguru mashya kuko batakibafitiye icyizere. Ibi bakaba babihurizaho na komisiyo yiswe  \u2018Nzahuratorero\u2019, aho uyihagarariye,  Dr Jean de Dieu Basabose, nawe mu minsi ishize yatangaje ko abayobozi bariho bakwiye kuvaho, ko ubuyobozi bwabo ari \u201cubuyobozi butarangwa n\u2019ubunyangamugayo\u2019\u201d akanabushinja ko budacunga neza umutungo w\u2019itorero.<br \/>\nAba kandi barasaba abapasitoro n\u2019abagize itorero batahwemye kugaragaza ibibazo biri mu itorero n\u2019uburyo byakemuka, gukomeza gusenga Imana no gukora ubuvugizi ku bw\u2019abagize itorero bavuga ko babaye isibaniro ry\u2019inyungu za bamwe bagiye bifashisha imiyoborere y\u2019itorero irwaye.<br \/>\nBanasabye inzego za leta zifite amatorero mu nshingano zazo gukomeza kubafasha muri uru rugendo barimo bavuga ko ruganisha ku mpinduka nziza mu itorero ADEPR kugirango rikomeze kuba umusemburo w\u2019iterambere ry\u2019Abanyarwanda.<br \/>\nMu gusoza iyi baruwa yabo bakaba bashimiye perezida Kagame kuba yarumvise gutakamba kw\u2019Abanyarwanda babarizwa muri ADEPR agahagurukira kubarengera, bakaba bamwizeza ko bamuri inyuma kandi bamushyigikiye mu rugendo rw\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/05\/KANDA-HANO-USOME-ITANGAZO.pdf\">kanda-hano-usome-itangazo<\/a><br \/>\n <em> <strong><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho bamwe mu bayobozi mu itorero rya ADEPR mu Rwanda batawe muri yombi ariko kuva icyo gihe, ku itariki 03 Gicurasi hakaba nta rwego na rumwe mu zigize itorero ruramenyesha abagize itorero ibiri kuriberamo, bamwe mu bakirisito baravuga ko bigaragaza ko izi nzego zidahangayikishijwe n\u2019ibikorerwa mu itorero kandi zidahangayikishijwe n\u2019ibikomere umukumbi w\u2019Imana ufite ngo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-6184","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019aho bamwe mu bayobozi mu itorero rya ADEPR mu Rwanda batawe muri yombi ariko kuva icyo gihe, ku itariki 03 Gicurasi hakaba nta rwego na rumwe mu zigize itorero ruramenyesha abagize itorero ibiri kuriberamo, bamwe mu bakirisito baravuga ko bigaragaza ko izi nzego zidahangayikishijwe n\u2019ibikorerwa mu itorero kandi zidahangayikishijwe n\u2019ibikomere umukumbi w\u2019Imana ufite ngo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-15T16:36:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:18:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura\",\"datePublished\":\"2017-05-15T16:36:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184\"},\"wordCount\":686,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184\",\"name\":\"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-15T16:36:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6184#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019aho bamwe mu bayobozi mu itorero rya ADEPR mu Rwanda batawe muri yombi ariko kuva icyo gihe, ku itariki 03 Gicurasi hakaba nta rwego na rumwe mu zigize itorero ruramenyesha abagize itorero ibiri kuriberamo, bamwe mu bakirisito baravuga ko bigaragaza ko izi nzego zidahangayikishijwe n\u2019ibikorerwa mu itorero kandi zidahangayikishijwe n\u2019ibikomere umukumbi w\u2019Imana ufite ngo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-15T16:36:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:18:36+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura","datePublished":"2017-05-15T16:36:39+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184"},"wordCount":686,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6184#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184","name":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-15T16:36:39+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6184"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6184#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ADEPR: Kuba Abakiristo barahishwe ibibazo byugarije itorero, barasaba ubuyobozi buriho kwegura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6184","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6184"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6184\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6184"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6184"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6184"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}