{"id":61902,"date":"2023-09-23T08:30:00","date_gmt":"2023-09-23T06:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=61902"},"modified":"2025-02-12T11:37:43","modified_gmt":"2025-02-12T09:37:43","slug":"igisubizo-cya-p-kagame-ku-mpamvu-gen-muhoozi-ari-we-wenyine-washoboye-kunga-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902","title":{"rendered":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kuba Gen Muhoozi Kainerugaba yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda ari uko hari abashobora kuba barabimufashijemo, barimo na se umubyara, Yoweri Kaguta Museveni.<\/strong><\/p>\n<p>Kuva mu ntangiriro za 2022 ni bwo umubano wongeye kuba mwiza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda, nyuma y&#8217;imyaka ibarirwa muri ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka.<\/p>\n<p>Ni umwuka mubi wari waragejeje ibihugu ku gufunga imipaka ibihuza.<\/p>\n<p>Mu byo u Rwanda rwagaragaza nk&#8217;intandaro y&#8217;uyu mwuka mubi harimo kuba hari abaturage barwo bari bamaze igihe bakorerwa ihohoterwa n&#8217;inzego z&#8217;umutekano za Uganda zabashinjaga kuba intasi; ikindi ubutegetsi bwa Uganda bukaba bwarashinjwaga gukorana n&#8217;imwe mu mitwe yitwaje intwaro igambiriye guhungabanya umutekano w&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Umubano hagati ya Uganda n&#8217;u Rwanda wasubiye mu buryo nyuma y&#8217;ingendo zitandukanye Gen Muhoozi Kainerugaba yagiriye mu Rwanda kuva mu ntangiriro za 2022.<\/p>\n<p>Uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba umujyanama we mukuru ku bikorwa byihariye, yashoboye kunga u Rwanda na Uganda mu gihe abakuru b&#8217;ibihugu by&#8217;akarere bari baragerageje gucubya umwuka mubi w&#8217;ibihugu byombi ariko bikananirana.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame mu kiganiro aheruka kugirana na Jeune Afrique, yabajijwe impamvu Gen Muhoozi Kainerugaba ari we wenyine washoboye kumwumvisha ko ari ngombwa kwiyunga n&#8217;abanya-Uganda.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yasubije agira ati: &#8220;Rwose abantu ku giti cyabo ni ingenzi, by&#8217;umwihariko ku nshingano zo ku rwego nk&#8217;uru. Ibyo bakora, uko babikora byose ni ingenzi.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ku rundi ruhande nta mpamvu yo kurenza ingohe abashobora kugaragara gake ariko bakagira uruhare rukomeye mu gukemura ibibazo batangira inyuma y&#8217;amarido, ari na rwo rufasha ba bantu ku giti cyabo kugera ku musaruro.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko ari byo ko Gen Muhoozi yashoboye gucubya umubano mubi w&#8217;u Rwanda na Uganda, gusa akaba afite abandi babimufashijemo.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Niba Gen Muhoozi yarageze ku musaruro, ni ku ruhande rumwe kubera ko ku ruhande rwacu twakoze ibyo twasabwaga tubifashijwemo n&#8217;abafatanyabikorwa bacu. Ndetse ni ukubera ko na we yafashijwe na bamwe nanatekereza ko harimo na se umubyara.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Birashoboka ko ibyo se atashoboraga kwerura ngo ambwire yabinyujije mu muhungu we. Birashoboka. Icy&#8217;ingenzi ni umusaruro [wabonetse].&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kuba Gen Muhoozi Kainerugaba yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda ari uko hari abashobora kuba barabimufashijemo, barimo na se umubyara, Yoweri Kaguta Museveni. Kuva mu ntangiriro za 2022 ni bwo umubano wongeye kuba mwiza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda, nyuma y&#8217;imyaka ibarirwa muri ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-61902","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kuba Gen Muhoozi Kainerugaba yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda ari uko hari abashobora kuba barabimufashijemo, barimo na se umubyara, Yoweri Kaguta Museveni. Kuva mu ntangiriro za 2022 ni bwo umubano wongeye kuba mwiza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda, nyuma y&#8217;imyaka ibarirwa muri ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-09-23T06:30:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T09:37:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda\",\"datePublished\":\"2023-09-23T06:30:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:37:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902\",\"name\":\"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-09-23T06:30:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:37:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=61902#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kuba Gen Muhoozi Kainerugaba yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda ari uko hari abashobora kuba barabimufashijemo, barimo na se umubyara, Yoweri Kaguta Museveni. Kuva mu ntangiriro za 2022 ni bwo umubano wongeye kuba mwiza hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda, nyuma y&#8217;imyaka ibarirwa muri ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-09-23T06:30:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T09:37:43+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda","datePublished":"2023-09-23T06:30:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:37:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902"},"wordCount":367,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61902#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902","name":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-09-23T06:30:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:37:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=61902"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=61902#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61902","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=61902"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/61902\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=61902"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=61902"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=61902"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}