{"id":6199,"date":"2017-05-16T13:28:32","date_gmt":"2017-05-16T13:28:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/16\/perezida-macron-arabazwa-niba-agiye-gutsura-umubano-n-u-rwanda-akanakurikirana\/"},"modified":"2025-02-12T16:04:32","modified_gmt":"2025-02-12T14:04:32","slug":"perezida-macron-arabazwa-niba-agiye-gutsura-umubano-n-u-rwanda-akanakurikirana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199","title":{"rendered":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyuma y\u2019amasaha macye Perezida mushya w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron arahiriye kuyobora kiriya gihugu, yibukijwe ko agiye kunywana inka ikirego ku bijyanye n\u2019uruhare rw\u2019iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyakomeje kuzinzika.<\/strong> <\/em><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi yabyibukijwe binyujijwe mu ibaruwa, ihuriro ry\u2019imiryango yiyemeje gushakisha abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bahungiye mu Bufaransa(CPCR)  bamwandikiye bamusaba kugaragaza politiki ye ku bijyanye no gukurikira abakekwaho kuyigiramo uruhare ndetse n\u2019imibanire ye mishya n\u2019u Rwanda.<br \/>\nMuri iyo baruwa ndende ifite umutwe ukomoza ku \u2018gufata ihene igihebeba\u2019(Battre le fer tant qu\u2019il est chaud), igenewe Perezida Macron yanditswe tariki ya 14 Gicurasi 2017  igaruka kuri byinshi bisabwa Macron, yasinyweho na Alain Gauthier, Umufaransa akaba n\u2019Umunyarwanda  uyobora CPCR <strong>(<\/strong>  <strong>Collectif des Parties Civiles pour le<\/strong>  <strong> <\/strong>  <strong>Rwanda<\/strong>  <strong>).<\/strong><br \/>\nBagira bati \u201cmumaze gutorerwa kuyobora u Bufaransa , ni muri urwo rwego nifuje kugira ubutumwa mbagezaho  nka perezida wa CPCR, ihuriro ryashinzwe  mu 2001 ryihaye intego yo gukurikirana mu butabera abakekwaho kugira uruhare muri jenoside  yakorewe Abatutsi bari ku butaka bw\u2019u Bufaransa.<br \/>\nAtangira amwibutsa ko mu ntangiriro zo kwiyamamaza kwe hari indi baruwa yamugejejeho ikurikiwe n\u2019iyi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAti \u201cmu ntangiriro zo kwiyamamaza kwanyu, nabagejejeho ibaruwa ifunguye yasinywe na Rwabuhihi, perezida wa ACPCR igizwe n\u2019inshuti za  CPCR, umuryango nyarwanda uri mu cyerekezo nk\u2019icyacu.\u201d<br \/>\nGauthier yibukije Macron wagaragaraga ko ashobora kwegukana umwanya wa perezida muri ayo matora,ko bamwandikiye ibaruwa yarimo ibibazo bitatu byabazwaga Macron ku bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi.<br \/>\n\u00abMwemeza umwanzuro w\u2019urukiko rusesa imanza rwahakanye kohereza mu Rwanda abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside , aho bakekwa kugirira uruhare rwabo muri jenoside yakorewe Abatutsi ? \u00bb<br \/>\n\u201cNi izihe ngamba muteganya gufata kugira ngo uburyo u Bufaransa bugenda biguru ntege mu gukurikirana  dosiye zabo ngo bihagarare ? ni izihe ngamba zidasanzwe  mwatanga  ngo zikurikizwe zituma, itsinda ryashyizweho mu kurwanya ibyaha byakorewe inyoko muntu  ryashinzwe muri 2012 mu rukiko rwisumbuye rwa Paris rukorana ubushobozi bukwiye.\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Gauthier yibutsa Perezida Macron uko igihu cyabuditse<\/strong><br \/>\nKu gice kigenewe Macron nka Perezida Mushya w\u2019u Bufaransa, Gauthier amwibutsa ko guhera mu 1994, hari amabaruwa asaga 30 yagejejwe ku Bufaransa akomoza ku bufatanye bwavugwaga ku bufaransa mu guhishira abakekwaho kugira uruhare mu byaha byakorewe inyokomuntu, harimo 25 yanditswe na CPCR.<br \/>\nNubwo hakozwe ibyo byose , kugeza ubu u Bufaransa bumaze kuburanisha imanz eshatu z\u2019abakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Abo ni Simbikangwa Pascal wahoze mu ngabo z\u2019u Rwanda(EX-FAR) wakatiwe igifungo cy\u2019imyaka 25 yashingiwe n\u2019urukiko rw\u2019ubujurire, hari kandi na Tito Barahira na Ngenzi Octavien bahoze bayobora komine Kabarondo nabo bakatiwe  bakatiwe igihano cya burundu.<br \/>\n <strong>Iyi ni ngendo ki nyakubahwa Perezida ?<\/strong><br \/>\nGauthier akomeza abaza Macron iby\u2019uyu muvuduko anenga.Ati \u00ab  Bizafata igihe kingana iki mu gihe hakigenderwa kuri uyu muvuduko , nyakubahwa Perezida, kugirango ibirego byose twabagejejeho byigweho ? bizafata igihe kingana iki ngo abavugwamo bose bazajyanwe imbere y\u2019ubutaberaa bw\u2019igihugu cyacu ?. \u00bb<br \/>\nAkomeza yerekana ko hari izindi bateganya kuba batanga ziyongera ku zindi. Ikindi ni uko pariki  nta muntu yigeze ikurikirana ukekwaho kugira uruhare muri jenoside, mu gihe bitagizwemo uruhare n\u2019imiryango yanze kurebera abakekwaho ibyo byaha bidegembya muri icyo gihugu, aho usanga abantu badakunze gukomoza kuri Jenoside  imaze imyaka 23 ibaye.<br \/>\nKu bijyanye n\u2019abayoboye u Bufaransa yerekana ko batigeze bashaka kwemera uruhare rwabo  mu bijyanye na jenoside.<br \/>\nAti \u00ab  ntabwo tuzatuza kugaragaza ubufatanye bwabayeho mu by gisirikare, muri dipolomasi , no mu gutera inkunga mu by\u2019ubukungu, byakozwe na guverinoma yari iyoboye u Bufaransa mu 1994  n\u2019abari abayobozi b\u2019u Rwanda icyo gihe  barimo Perezida Habyarimana. \u00bb<br \/>\n <strong> <\/strong>  <strong>Ni igihe cyo gutsura umubano n\u2019u Rwanda ?<\/strong><br \/>\nMacron abazwa niba agiye kugirana umubano usesuye n\u2019u Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n\u00ab  Ku buyobozi bwanyu , murateganya  kongera gutsura umubano n\u2019u Rwanda mu bya politiki, umubano nyamubano ? mu myaka myinshi mu by\u2019ukuri, Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019amahang y\u2019u Bufaransa(Quai d\u2019Orsay) bafata u Rwanda nk\u2019aho rutakibaho. Ese uruhare rw\u2019abagabo nka Vedrine na Juppe, ruzakomeza guhabwa agaciro. \u00bb<br \/>\nahereye ku byo Macron yatangaje ko ashak kugira u Bufaransa igihugu Isi yose ireberaho mu byiza,  Gauthier yamubajije niba no mu butabera agiye guhagurukira gukurikirana abakekwaho kugira uruhare muri jenoside.<br \/>\nYongera kumubaza niba ari igihe cyo guhindura uburyo bwo gutsura umubano ukwiye na Afurika, ndetse n\u2019u Rwanda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nNtakirutimana Deus<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019amasaha macye Perezida mushya w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron arahiriye kuyobora kiriya gihugu, yibukijwe ko agiye kunywana inka ikirego ku bijyanye n\u2019uruhare rw\u2019iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyakomeje kuzinzika. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi yabyibukijwe binyujijwe mu ibaruwa, ihuriro ry\u2019imiryango yiyemeje gushakisha abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bahungiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6199","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019amasaha macye Perezida mushya w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron arahiriye kuyobora kiriya gihugu, yibukijwe ko agiye kunywana inka ikirego ku bijyanye n\u2019uruhare rw\u2019iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyakomeje kuzinzika. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi yabyibukijwe binyujijwe mu ibaruwa, ihuriro ry\u2019imiryango yiyemeje gushakisha abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bahungiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-16T13:28:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:04:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye\",\"datePublished\":\"2017-05-16T13:28:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199\"},\"wordCount\":698,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199\",\"name\":\"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-16T13:28:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6199#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019amasaha macye Perezida mushya w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron arahiriye kuyobora kiriya gihugu, yibukijwe ko agiye kunywana inka ikirego ku bijyanye n\u2019uruhare rw\u2019iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyakomeje kuzinzika. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi yabyibukijwe binyujijwe mu ibaruwa, ihuriro ry\u2019imiryango yiyemeje gushakisha abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bahungiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-16T13:28:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:04:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye","datePublished":"2017-05-16T13:28:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199"},"wordCount":698,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6199#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199","name":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-16T13:28:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6199"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6199#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n\u2019u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6199","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6199"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6199\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6199"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6199"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6199"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}