{"id":6217,"date":"2017-05-17T15:36:59","date_gmt":"2017-05-17T15:36:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/17\/komisiyo-y-039-amatora-yihanangirije-ushaka-kuba-umukandida-watangaga\/"},"modified":"2025-02-12T16:04:16","modified_gmt":"2025-02-12T14:04:16","slug":"komisiyo-y-039-amatora-yihanangirije-ushaka-kuba-umukandida-watangaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217","title":{"rendered":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe"},"content":{"rendered":"<p>Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora yihanije uwifuza kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika washakaga abamusinyira mu buryo butemewe n\u2019amategeko.<br \/>\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora, Munyaneza Charles yabwiye abanyamakuru bagiye gufashwa kongererwa ubumenyi ku bijyanye n\u2019amatora, ko hari umwe muri abo bantu babonye ku munsi w\u2019ejo bakamubwira ko bitemewe.<br \/>\nMunyaneza avuga ko  hari umwe mu bashaka guhatanira uwo mwanya(yirinze kuvuga) basanze ari guha abaturage amafaranga ngo bamusinyire, ariko ngo bamwihanangirije kuko bitemewe.<br \/>\n <strong>Ese ubundi guha abaturage amafaranga ngo bamusinyire bitwaye iki?<\/strong><br \/>\nMunyaneza yatangaje ko gutanga ayo mafaranga bifatwa nka ruswa, kandi bitanagaragaza icyizere umukandida afitiwe.<br \/>\nAti \u201cNtabwo ujya kugura imikono (signature) y\u2019abantu. Ntabwo wagomye kugura kuba perezida wa repubulika, ibyo bifatwa nka ruswa. Ni ugukoresha amafaranga kugira ngo ategeke icyemezo cy\u2019umuntu,  nutakagusinyiye agusinyire kuko wakoresheje amafaranga. Ntabwo ari byo , kandi umuntu ushaka kuba perezida wa repubulika ubundi ntabwo bimukwiye.\u201d<br \/>\n <strong>Abazemerwa nk\u2019abakandida baburiwe<\/strong><br \/>\nMunyaneza yibukije ko ibyanezwe kuri uwo ushaka kuba umukandida, ko iyo abikora yaremejwe nk\u2019umukandida byari kumugiraho ingaruka.<br \/>\nAti \u201cNi uko ubu nyine tutari twemeza abakandida, umunsi bazaba abakandida twabemeje, hakagira ukora ibintu nk\u2019ibyo, uwo we tuzamuhamagaraa tumubwire ko ibyo atari byo.\u201d<br \/>\nUwakoze ibyo arabanza akihanangirizwa mu magambo,  yakomeza akihanangirizwa mu nyandiko, yakomeza ku nshuro ya gatatu akavanwa ku rutonde rw\u2019abakandida bemewe kwiyamamaza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi byo bikozwe  umuntu yaramaze kwemezwa nk\u2019umukandida tubifata nka ruswa, kandi amategeko ntabwo abyemera.\u201d<br \/>\nAsoza iyo ngingo agaragaza ko niba babikoze batabizi, ko nta rundi rwitwazo mu gihe baba babaye abakandida.<br \/>\nKomisiyo y\u2019amatora imaze guha batatu bifuza kuba abakandida bigenga kuri uwo mwanya, impapuro basinyirwaho n\u2019umubare w\u2019abantu basabwa kuba babasinyiye, bayishyikiriza kugira ngo ubusabe bwabo bwemerwe.<br \/>\nMunyaneza yavuze ko basabwa gutangariza akarere na komisiyo y\u2019amatora aho bashyira ibiro by\u2019abaza kubasinyira. Ubundi ngo niba abaturage baje kubasinyira bigaragaza ubushake kurenza ko ari abashaka kuba abakandida babashakisha hirya no hino mu nzira n\u2019ahandi.<br \/>\nKomisiyo y\u2019Amatora yemeza ko mu matora yabanje ngo hari abajyaga basinyisha abantu babasanze mu modoka, hari n\u2019abasinyishaga abana bo ku muhanda, mu gihe hari n\u2019abasinyiraga bakabeshya ko basinyiwe n\u2019abandi.<br \/>\nUsinyira ushaka kuba umukandida ajya ku biro yateganyije akandika amazina ye, nimero z\u2019indangamuntu akanasinya.<br \/>\nUshaka kuba umukandida agomba kuba ari Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw\u2019inkomoko, kuba inyangamugayo, atarakatiwe igihano kirengeje amezi atandatu, agomba kuba afite uburenganzira bwo gutora n\u2019ubwa politiki, kuba ari mu Rwanda mu gihe cyo gutora.<br \/>\nUsinyisha agomba kugira byibura abantu 600, ariko muri buri karere yasinyiwe byibura n\u2019abantu 12.<br \/>\nImitwe ya politiki ifite uburenganzira bwo kuba yatanga umukandida. Isinya icyemezo kibyemeza ikakigeza kuri komisiyo y\u2019Amatora.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora yihanije uwifuza kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika washakaga abamusinyira mu buryo butemewe n\u2019amategeko. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora, Munyaneza Charles yabwiye abanyamakuru bagiye gufashwa kongererwa ubumenyi ku bijyanye n\u2019amatora, ko hari umwe muri abo bantu babonye ku munsi w\u2019ejo bakamubwira ko bitemewe. Munyaneza avuga ko hari umwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6217","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora yihanije uwifuza kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika washakaga abamusinyira mu buryo butemewe n\u2019amategeko. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora, Munyaneza Charles yabwiye abanyamakuru bagiye gufashwa kongererwa ubumenyi ku bijyanye n\u2019amatora, ko hari umwe muri abo bantu babonye ku munsi w\u2019ejo bakamubwira ko bitemewe. Munyaneza avuga ko hari umwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-17T15:36:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:04:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe\",\"datePublished\":\"2017-05-17T15:36:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217\"},\"wordCount\":460,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217\",\"name\":\"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-17T15:36:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:04:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6217#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA","og_description":"Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora yihanije uwifuza kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika washakaga abamusinyira mu buryo butemewe n\u2019amategeko. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora, Munyaneza Charles yabwiye abanyamakuru bagiye gufashwa kongererwa ubumenyi ku bijyanye n\u2019amatora, ko hari umwe muri abo bantu babonye ku munsi w\u2019ejo bakamubwira ko bitemewe. Munyaneza avuga ko hari umwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-17T15:36:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:04:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe","datePublished":"2017-05-17T15:36:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217"},"wordCount":460,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6217#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217","name":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-17T15:36:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:04:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6217"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6217#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Komisiyo y&#039;amatora yihanangirije ushaka kuba umukandida watangaga amafaranga ngo asinyirwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6217","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6217"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6217\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6217"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6217"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6217"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}