{"id":6239,"date":"2017-05-19T07:55:45","date_gmt":"2017-05-19T07:55:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/19\/perezida-trump-asanga-nta-wundi-muperezida-wanzwe-nka-we-kuva-yajya-ku\/"},"modified":"2025-02-12T16:03:56","modified_gmt":"2025-02-12T14:03:56","slug":"perezida-trump-asanga-nta-wundi-muperezida-wanzwe-nka-we-kuva-yajya-ku","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239","title":{"rendered":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Perezida wa Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika, Donald Trump avuga ko kuva yajya ku butegetsi yarwanyijwe cyane binyuze mu itangazamakuru ndetse ko nta n\u2019uwundi muperezida warwanyijwe ku isi nka we.<\/strong> <\/em><br \/>\nIbi yabitangaje ku wa 16 Gicurasi 2017, ubwo yatangaga ikiganiro ku kijyanye n\u2019imiyoborere kuva yagera ku ngoma, aho yavuze ko uburyo yafashwe akigera ku butegetsi budahwutse ndetse ko nta n\u2019undi muyobozi ku isi wanyuze mu bihe nk\u2019ibye.<br \/>\nGusa yavuze ko ibyo bamukoreye byagize ingaruka zitari nziza ku buyobozi bwe.<br \/>\nNubwo nta gitangazamakuru perezida Trump yatunze agatoki, yagize ati\u201dibyo itangazamakuru ryankoreye kuva ngiye ku butegetsi, nta handi byumvikanye mu mateka kuko kuri njye byarazambye ndetse birenza urugero. Gusa nta wabuza abavuga kuvuga nubwo baba bashaka gusubiza hasi indoto zawe.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nWashingtonpost dukesha iyi nkuru ivuga ko perezida Trump yageragaje no gutanga ubusobanuro ku mugambi we yari aherutse gufata wo kubuza umukozi wa FBI, Director James B. Comey gukomeza iperereza ku mubano we n\u2019igihugu cy\u2019u Burusiya.<br \/>\nMu gutanga ubu busobanuro, perezida Trump akaba ari na ho yahereye abisasira akabanza kwikoma itangazamakuru ryamuvuzeho ibyo yise ibitariho cyane cyane guhera mu bihe byashize.<br \/>\nYagize ati\u201dmu buzima bwawe bwa buri munsi na sosiyete ikuzengurutse uzabona ko ibintu byose bitagendera ku murongo mwiza, ibikubaho byose si ko biba byitezwe ndetse si ko uba wabigombaga.niyo mpamvu ugomba kubika umutwe ukarwana nta we ureba igihe kiragera ugatsinda.\u201d<br \/>\nYasabye abandi banyepolitiki kutagenza umugongo mu gihe babonye bugarijwe n\u2019ibibazo  kuko akenshi usanga ari byo bituma barushaho gukomera iyo biyemeje guhangana na byo.<br \/>\nYagize ati\u201dntimuzahagarare gukora kandi nta kintu kingana gukora cyane wugarijwe n\u2019ibibazo.\u201d<br \/>\nPerezida Trump yagarutse ku bandi baperezida bagiye bahura n\u2019ibizazane mu mirimo yabo ndetse n\u2019abafashe ubutegetsi babanje kurwana no gufungwa.<br \/>\nYagarutse kuri Nelson Mandela wafungiwe mu gihugu cye imyaka igera kuri 27, aho yavuze ko na byo biri mu byakozwe n\u2019abanyagihugu be kandi bikarenga akabayobora, perezida John F. Kennedy, wayoboye Amerika akaza kwicwa ku itariki ya 22 Ugushyingo 1963 i Dallas n\u2019abandi batandukanye bityo ngo ibi bikaba ari bimwe mu bimwongerera imbaraga mu kazi ke.<br \/>\nNyuma y\u2019iki kiganiro kigufi, Perezida trump yitabriye undi munsi mukuru w\u2019abanyeshuri bari barangije mu ishuri rya  Coast Guard Academy aho yakomeje ibiganiro bias n\u2019ibya mbere, aho yagize ati\u201dsinatorewe kwita ku bitangazamakuru byo muri Washington cyangwa abandi bantu bakomeye, ahubwo natorewe kwita ku bagore n\u2019abagabo basa n\u2019abibagiranye mu gihugu cyacu.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi yabitangaje nyuma ypo kumva ibyagezweho n\u2019urukiko rukuru muri Amerika, gusubira muri bimwe mu byagezweho ku bijyanye no kongerera imbaraga igisirikare, kugabanya abinjirira ku mipaka mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko n\u2019ibindi bitandukanye, ari na byo biza ku isonga mu byatumye ashyirwa mu majwi cyane n\u2019itangazamakuru guhera mu mezi yashize.<br \/>\nYakomeje agira ati\u201csinzarekera aho kurwana ku muturage w\u2019Umunyamerika.&#8221;<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika, Donald Trump avuga ko kuva yajya ku butegetsi yarwanyijwe cyane binyuze mu itangazamakuru ndetse ko nta n\u2019uwundi muperezida warwanyijwe ku isi nka we. Ibi yabitangaje ku wa 16 Gicurasi 2017, ubwo yatangaga ikiganiro ku kijyanye n\u2019imiyoborere kuva yagera ku ngoma, aho yavuze ko uburyo yafashwe akigera ku butegetsi budahwutse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6239","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika, Donald Trump avuga ko kuva yajya ku butegetsi yarwanyijwe cyane binyuze mu itangazamakuru ndetse ko nta n\u2019uwundi muperezida warwanyijwe ku isi nka we. Ibi yabitangaje ku wa 16 Gicurasi 2017, ubwo yatangaga ikiganiro ku kijyanye n\u2019imiyoborere kuva yagera ku ngoma, aho yavuze ko uburyo yafashwe akigera ku butegetsi budahwutse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-19T07:55:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:03:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi\",\"datePublished\":\"2017-05-19T07:55:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239\",\"name\":\"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-19T07:55:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6239#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA","og_description":"Perezida wa Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika, Donald Trump avuga ko kuva yajya ku butegetsi yarwanyijwe cyane binyuze mu itangazamakuru ndetse ko nta n\u2019uwundi muperezida warwanyijwe ku isi nka we. Ibi yabitangaje ku wa 16 Gicurasi 2017, ubwo yatangaga ikiganiro ku kijyanye n\u2019imiyoborere kuva yagera ku ngoma, aho yavuze ko uburyo yafashwe akigera ku butegetsi budahwutse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-19T07:55:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:03:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi","datePublished":"2017-05-19T07:55:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239"},"wordCount":490,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6239#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239","name":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-19T07:55:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6239"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6239#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Trump asanga nta wundi muperezida wanzwe nka we kuva yajya ku butegetsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6239","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6239"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6239\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6239"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6239"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6239"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}