{"id":6259,"date":"2017-05-20T08:29:00","date_gmt":"2017-05-20T08:29:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/20\/bamwe-mu-biga-muri-kaminuza-ya-unilak-ntabwo-bari-bazi-gutandukanya-abadepite-n\/"},"modified":"2025-02-12T16:03:41","modified_gmt":"2025-02-12T14:03:41","slug":"bamwe-mu-biga-muri-kaminuza-ya-unilak-ntabwo-bari-bazi-gutandukanya-abadepite-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259","title":{"rendered":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe Sena y\u2019u Rwanda iri muri gahunda yo gusobanurira banamenyekanisha mu mashuli makuru na za Kaminuza, amahame remezo akubiye mu ngingo ya 10 y\u2019 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019 u Rwanda, bamwe mu banyeshuli biga muri Kaminuza ya UNILAK, batangaje ko batari bazi gutandukanya abadepite n\u2019abasenateri.<br \/>\nVisi perezida wa Sena, Jeanne d\u2019 Arc Gakuba avuga ko ibi biri mu nshingano za Sena. yagize ati \u201cBuriya mu itegeko nshinga rya repubulika y\u2019 U Rwanda, imwe mu nshingano y\u2019 ibanze ya sena, ni ukugenzura ishyirwa mu bikorwa ry\u2019 aya mahame remezo ari mu ngingo ya 10.<br \/>\nIkindi, urabona dufite ibyiciro bitandukanye, ababyeyi, abakuru n\u2019 aba bana bakibyiruka. Ni ukuvuga ngo ejo hazaza h\u2019 u Rwanda ni ahaba bana&#8221;.<br \/>\nJeanne d\u2019Arc akomeza avuga ko ari ngombwa kubategura mu myumvire n\u2019 imyitwarire n\u2019 imitekerereze ibereye u Rwanda, kandi bisaba ko bagomba kuba bazi ubuzima bw\u2019 igihugu. Rero amahame remezo akaba aro ingenzi kuyamenya.<br \/>\nBamwe mu banyeshuri b&#8217;iyi kaminuza ishami rya Rwamagana, bemeza ko kubasobanurira aya mahame, byabunguye ubumenyi ku mitegekere y\u2019 igihugu cyabo, n\u2019uruhare bafite mu kukirinda amacakubiri.<br \/>\nManiraho Manasseh, uhagarariye abanyeshuri ba UNILAK\/ Rwamagana, nk\u2019uko radiyo Dix ibitangaza,yagize ati \u201cNagize ubumenyi ku gihugu cyanjye. Kuko nanjye ndi urubyiruko, ntawamenya nanjye nshobora kuzaba umusenateri, nkazajya nkora ibyo sena ikora. Ku giti cyanjye twamenye amategeko ashyirwaho muri sena, n\u2019 uko sena ikora. Sena yacu twaje kumenya ko sena idaseswa, batubwira impamvu idaseswa&#8221;<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmwamikazi Chantal we aragira ati&#8221;Ikintu kiruta ibindi nungutse, sinari nzi gutandukanya abadepite n\u2019 abasenateri. Ikindi twaje kumenya ko perezida ishyaka avamo minisitiri w\u2019 intebe atari ryo aba aturukamo. Ni ibintu byamfanshije cyane, kandi byatumye mbasha kwagura ibitekerezo byanjye, mbasha kumenya ukuntu amategeko y\u2019 u Rwanda ateye n\u2019 uko akora. Twabonye y\u2019 uko n\u2019 ubwo imyaka cyangwa iterabere rigenda ryiyongera, barashimangira ku mategeko yo guhana abakoze jenoside&#8221;.<br \/>\nJeanne d\u2019Arc arasobanura ko ubusanzwe ingingo ya 10 y\u2019 itegeko nshinga igizwe n\u2019 amahame remezo 6. Arimo ihame ryo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside ; iryo kurandura burundu ivangura n\u2019 amacakubiri, hashyirwa imbere ubumwe bw\u2019 Abanyarwanda.<br \/>\nIhame ryo gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize, hubakwa Leta igendera ku mategeko n\u2019 ubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye; iryo kubaka Leta iharanira imibereho myiza y\u2019 abaturage no gushyiraho uburyo bukwiye kugira ngo bagire amahirwe angana mu mibereho yabo; n\u2019 ihame ryo gushaka buri gihe umuti w\u2019 ibibazo binyuze mu nzira y\u2019 ibiganiro n\u2019 ubwumvikane busesuye.<br \/>\nNaho Ubuyobozi bwa kaminuza ya UNILAK bwizeza ko buzategurira abanyeshuri ingendo shuri, hagamijwe kurushaho kubungura ubumenyi mu by\u2019 amategeko n\u2019 imitegekere y\u2019 igihugu, kuko ngo bakibifiteho icyuho mu bumenyi.<br \/>\nDr Semana Javan, ayobora UNILAK ishami rya Rwamagana, agira ati&#8221; Bakeneye byinshi ubonye ko babazaga bafite amatsiko, bafite inyota yo kumenya byinshi. Bityo rero tuzagerageza gukora ibishoboka byose kugira ngo ibiganiro nk\u2019 ibi, n\u2019 urwo rugendo shuri, kugira ngo bamenye aho amategeko akorerwa n\u2019 aho yigirwa, babimenye biruhijeho. Ibi natwe biradufasha, ku rubyiruko kugira ngo bamenye uburenganzira bwa bo&#8221;.<br \/>\nMu gihe aba banyeshuli bagaragaza ko hari byinshi bakeneye kumenya mu bikubiye mu Itegeko Nshinga, Iyi Kaminuza ya UNILAK inavuga ko izakomeza gutegurira abanyeshuri ibiganiro bigamije kurushaho kubumvisha uburenganzira bwa bo, n\u2019 uruhare bategerejweho mu gufatanya n\u2019 abandi banyarwanda kwiyubakira igihugu.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Nsengiyumva Philipe\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe Sena y\u2019u Rwanda iri muri gahunda yo gusobanurira banamenyekanisha mu mashuli makuru na za Kaminuza, amahame remezo akubiye mu ngingo ya 10 y\u2019 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019 u Rwanda, bamwe mu banyeshuli biga muri Kaminuza ya UNILAK, batangaje ko batari bazi gutandukanya abadepite n\u2019abasenateri. Visi perezida wa Sena, Jeanne d\u2019 Arc Gakuba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6259","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe Sena y\u2019u Rwanda iri muri gahunda yo gusobanurira banamenyekanisha mu mashuli makuru na za Kaminuza, amahame remezo akubiye mu ngingo ya 10 y\u2019 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019 u Rwanda, bamwe mu banyeshuli biga muri Kaminuza ya UNILAK, batangaje ko batari bazi gutandukanya abadepite n\u2019abasenateri. Visi perezida wa Sena, Jeanne d\u2019 Arc Gakuba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-20T08:29:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:03:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri\",\"datePublished\":\"2017-05-20T08:29:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259\"},\"wordCount\":557,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259\",\"name\":\"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-20T08:29:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6259#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA","og_description":"Mu gihe Sena y\u2019u Rwanda iri muri gahunda yo gusobanurira banamenyekanisha mu mashuli makuru na za Kaminuza, amahame remezo akubiye mu ngingo ya 10 y\u2019 itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019 u Rwanda, bamwe mu banyeshuli biga muri Kaminuza ya UNILAK, batangaje ko batari bazi gutandukanya abadepite n\u2019abasenateri. Visi perezida wa Sena, Jeanne d\u2019 Arc Gakuba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-20T08:29:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:03:41+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri","datePublished":"2017-05-20T08:29:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259"},"wordCount":557,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6259#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259","name":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-20T08:29:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6259"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6259#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bamwe mu biga muri kaminuza ya UNILAK ntabwo bari bazi gutandukanya Abadepite n\u2019Abasenateri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6259","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6259"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6259\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6259"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6259"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6259"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}