{"id":62813,"date":"2023-10-25T10:57:33","date_gmt":"2023-10-25T08:57:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=62813"},"modified":"2025-02-03T01:00:59","modified_gmt":"2025-02-02T23:00:59","slug":"ibyo-naboneye-muri-covid-19-ni-agahoma-munwa-ubuhamya-bw-umugabo-utera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813","title":{"rendered":"&#8216;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#8217;Ubuhamya bw&#8217;umugabo utera akabariro iminota ibiri"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwe mu bakunda inama zitangwa binyuze mu kinyamakuru ,aragisha  inama nyuma y\u2019uko umugore we atahuye ko arangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro.<\/strong><\/p>\n<p>Yagize ati&#8221;Nitwa &#8230;.. mbarizwa i Rusizi mu ntara y\u2019i Burengerazuba, ndubatse mfite umugore n\u2019abana 2.Ikinteye kugisha inama ni ikibazo nahuye nacyo ubwo twashyirwaga mu kato ubwo cyorezo cya COVID cyageraga mu Rwanda  byaratumye ntahurwa ko nta kigenda mu buriri.<\/p>\n<p>Ubusanzwe nkora akazi gasanzwe ariko ntari butangaze,katumaga nzinduka nkanataha ntinze ku buryo nakundaga gutaha madame yaryamye ndetse no muri weekend bikaba uko kuko iyo nabaga ntakoze nagoroberezaga mu kabari ngo nsange yaryamye.<\/p>\n<p>Impamvu y\u2019uko gutaha ntinze rero nta yindi n\u2019uko nagirango njijishe madame ngo atambaza impamvu musondeka iyo dutera akabariro.Ibi mbivuga kuko mbere tugishakana twajyaga tubikora nakwitwa ngo ndamutegura nkahita nsohora ntarinjiza igitsina cyanjye mucye.<\/p>\n<p>Iyo yabimbazaga nazanaga urwitwazo ko mbyuka kare nkataha ntinze bityo nkaba mfite umunaniro ukabije hanyuma akankundira akabyumva akihangana.<\/p>\n<p>Nakomeje kujya mujijisha gutyo iminsi irashira indi irihirika yarabyakiriye,ariko muri iyi minsi abantu bashyirwaga mu kato nibwo ibyanjye byose byamenyekanye maze mbura ayo ncira n\u2019ayo mira.<\/p>\n<p>Muti byagenze gute?<\/p>\n<p>Umunsi wa mbere abantu batemerewe gusohoka mu ngo, nanjye akazi karahagaze maze nkirirwa mu rugo ariko nkajya nshaka impamvu za hato na hato zituma ntatera akabariro inshuro nyinshi kuko n\u2019ubundi cya kibazo cyo kurangiza vuba nahuraga nacyo.<\/p>\n<p>Umunsi wa mbere umugore yaranyihanganiye, uwa kabiri biba uko kugeza icyumweru gishize. Umunsi umwe yaranyicaje ambwira ko arambiwe guhora abangamiwe n\u2019uko ntamuryohereza ambaza impamvu byakomeje kugenda nka mbere kandi nta nakazi mfite ngo wenda ndananiwe kandi nta nikindi kibazo kigendanye n\u2019amikoro cyari gihari ngo wenda mbe mpangayitse.<\/p>\n<p>Nabuze icyo musubiza ndaruca ndarumira ariko mu rwego rwo kwirinda kumubabaza mubwiza ukuri kuko nabonaga atangiye kugira agahinda nanjye bikambabaza kuko mukunda.<\/p>\n<p>Namusobanuriye ko mbere gato y\u2019uko mushaka najyaga nikinisha kenshi gashoboka ku buryo noneho najyaga guhura n\u2019umukobwa namusuhuza byonyine nkasohora gusa nyuma ibyo byo gusuhuza umukobwa nkarangiza byaje kurangira aho nshakiye umugore ariko ibyo gutera akabariro bikomeza kuba ikibazo kuko ubu mbibabwira ituru ya kabiri ntirenza iminota ibiri.<\/p>\n<p>Yangiriye inama ko twajya kwa muganga ariko tugezeyo bampa imiti ntiyagira icyo imarira none byanyobeye ari nayo mpamvu mbiyambaje  ngo mumfashe mumbwire niba hari ubundi buryo nabikoramo cyangwa niba hari indi miti nafata.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwe mu bakunda inama zitangwa binyuze mu kinyamakuru ,aragisha inama nyuma y\u2019uko umugore we atahuye ko arangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro. Yagize ati&#8221;Nitwa &#8230;.. mbarizwa i Rusizi mu ntara y\u2019i Burengerazuba, ndubatse mfite umugore n\u2019abana 2.Ikinteye kugisha inama ni ikibazo nahuye nacyo ubwo twashyirwaga mu kato ubwo cyorezo cya COVID cyageraga mu Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-62813","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>&#039;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#039;Ubuhamya bw&#039;umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"&#039;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#039;Ubuhamya bw&#039;umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwe mu bakunda inama zitangwa binyuze mu kinyamakuru ,aragisha inama nyuma y\u2019uko umugore we atahuye ko arangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro. Yagize ati&#8221;Nitwa &#8230;.. mbarizwa i Rusizi mu ntara y\u2019i Burengerazuba, ndubatse mfite umugore n\u2019abana 2.Ikinteye kugisha inama ni ikibazo nahuye nacyo ubwo twashyirwaga mu kato ubwo cyorezo cya COVID cyageraga mu Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-10-25T08:57:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:00:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"&#8216;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#8217;Ubuhamya bw&#8217;umugabo utera akabariro iminota ibiri\",\"datePublished\":\"2023-10-25T08:57:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:00:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813\"},\"wordCount\":388,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813\",\"name\":\"'Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa'Ubuhamya bw'umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-10-25T08:57:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:00:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62813#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"&#8216;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#8217;Ubuhamya bw&#8217;umugabo utera akabariro iminota ibiri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"'Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa'Ubuhamya bw'umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"'Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa'Ubuhamya bw'umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA","og_description":"Umwe mu bakunda inama zitangwa binyuze mu kinyamakuru ,aragisha inama nyuma y\u2019uko umugore we atahuye ko arangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro. Yagize ati&#8221;Nitwa &#8230;.. mbarizwa i Rusizi mu ntara y\u2019i Burengerazuba, ndubatse mfite umugore n\u2019abana 2.Ikinteye kugisha inama ni ikibazo nahuye nacyo ubwo twashyirwaga mu kato ubwo cyorezo cya COVID cyageraga mu Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-10-25T08:57:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:00:59+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"&#8216;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#8217;Ubuhamya bw&#8217;umugabo utera akabariro iminota ibiri","datePublished":"2023-10-25T08:57:33+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:00:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813"},"wordCount":388,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62813#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813","name":"'Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa'Ubuhamya bw'umugabo utera akabariro iminota ibiri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-10-25T08:57:33+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:00:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62813"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62813#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"&#8216;Ibyo naboneye muri COVID 19 ni agahoma munwa&#8217;Ubuhamya bw&#8217;umugabo utera akabariro iminota ibiri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62813","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=62813"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62813\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=62813"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=62813"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=62813"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}