{"id":62818,"date":"2023-10-25T14:13:07","date_gmt":"2023-10-25T12:13:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=62818"},"modified":"2023-10-25T14:13:07","modified_gmt":"2023-10-25T12:13:07","slug":"rutangarwamaboko-arabona-ko-gutandukira-umuco-nyarwanda-biri-mu-byateje-inzara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818","title":{"rendered":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umupfumu akaba n&#8217;umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka \u2018Muganga Rutangarwamaboko\u2019 arabona ko gutandukira indangagaciro z\u2019umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy\u2019ibura n&#8217;ihenda ry\u2019ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y\u2019Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo zigatanga umusaruro mwiza.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUbu rero twararebye mu bushakashatsi dukora, dusanga hari ikibazo cy\u2019umwero muke. Hari ikibazo cy\u2019inzara, hari ikibazo cy\u2019ihindagurika ry\u2019ikirere. Urabona biri no mu bituma ibiciro bizamuka umunsi ku munsi, abantu ntibafite ibisubizo, Isi yose ntifite ibisubizo.\u201d<\/p>\n<p>Rutangarwamaboko yakomeje ati: \u201cBaravuga ngo bagiye gukora ibi n\u2019ibi, barebe uko bagarura ikirere mu buryo bwacyo, kikanga kikatubera nabi ariko twagaruka, tukareba uko abakurambere bacu babagaho. Babanaga n\u2019isanzure, ugasanga mu buryo bwabo bafite ibiti, imiti n\u2019imbuto zabo zabo za gihanga bakoreshaga, zikanabana neza n\u2019ikirere, bakagira n\u2019uko bajya kubireberaho uko ikirere kizaba kimeze cyangwa kizamera.\u201d<\/p>\n<p>Ku butaka butera, uyu mupfumu yagize ati: \u201cUmunsi wa none igituma ubutaka butera ku misozi, Leta ikaba yarisamye yasandaye, tukibuka ibitereko twasheshe [Ariko na none nta gihe gitinda cyo gukora ibyiza], n\u2019ubu agahenge dufite ni ibiti Leta yashyizeho ngo abantu batere ibiti.\u201d<\/p>\n<p>Rutangarwamaboko yavuze ko ariko ibiti biterwa bidakwiye kuko birumbya ubutaka. Ati: \u201cAriko na bwo abantu baza gusanga barimo baratera ibiti bidakwiriye. Uwatera bya bindi bya gihanga ko ushobora gusanga ari byo bifite umumaro cyane!\u201d<\/p>\n<p>Ibiti bya gihanga yifuza ko byaterwa mu Rwanda ni: Umuko, Umuvumu, Umusave n\u2019Ikimera cy\u2019Umwishywa. Arasaba kandi ko haterwa imbuto gakondo zirimo amasaka, inzuzi, isogi n&#8217;uburo. Arahamya ko ubuzima bw\u2019igihugu bwaba bwiza, kikagera ku iterambere risambye, mu gihe cyabushingira ku muco.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umupfumu akaba n&#8217;umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka \u2018Muganga Rutangarwamaboko\u2019 arabona ko gutandukira indangagaciro z\u2019umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy\u2019ibura n&#8217;ihenda ry\u2019ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda. Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y\u2019Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[126],"class_list":["post-62818","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umupfumu akaba n&#8217;umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka \u2018Muganga Rutangarwamaboko\u2019 arabona ko gutandukira indangagaciro z\u2019umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy\u2019ibura n&#8217;ihenda ry\u2019ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda. Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y\u2019Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-10-25T12:13:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara\",\"datePublished\":\"2023-10-25T12:13:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818\"},\"wordCount\":295,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818\",\"name\":\"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-10-25T12:13:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62818#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA","og_description":"Umupfumu akaba n&#8217;umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka \u2018Muganga Rutangarwamaboko\u2019 arabona ko gutandukira indangagaciro z\u2019umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy\u2019ibura n&#8217;ihenda ry\u2019ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda. Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y\u2019Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-10-25T12:13:07+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara","datePublished":"2023-10-25T12:13:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818"},"wordCount":295,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62818#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818","name":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-10-25T12:13:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62818"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62818#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62818","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=62818"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62818\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=62818"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=62818"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=62818"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}