{"id":6283,"date":"2017-05-22T10:46:13","date_gmt":"2017-05-22T10:46:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/22\/icyo-perezida-kagame-avuga-ku-kuba-mu-rwanda-hari-ishyaka-rimwe-rya-opozisiyo\/"},"modified":"2025-02-12T16:03:18","modified_gmt":"2025-02-12T14:03:18","slug":"icyo-perezida-kagame-avuga-ku-kuba-mu-rwanda-hari-ishyaka-rimwe-rya-opozisiyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283","title":{"rendered":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)"},"content":{"rendered":"<p>Perezida Kagame ubwo yabazwaga impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe na Leta, yasubije avuga ko nk\u2019umukuru w\u2019igihugu adashinzwe gushinga amashyaka amurwanya.<\/p>\n<p>Ni mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique, Perezida Kagame yabajijwe impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya DGPR ( <em>Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda<\/em> ) ritavuga rumwe na Leta.<\/p>\n<p>Mu gusubiza umunyamakuru wa Jeune Afrique, Perezida Kagame yagize ati: \u201cU Rwanda ni igihugu kigendera ku mategeko, akazi ka njye ntabwo ari ugushinga amashyaka ya opozisiyo (atavuga rumwe na Leta), Akazi kanjye ni ukunoza urubuga bavugiraho, ibindi ni amategeko\u201d.<\/p>\n<p>Perezida Kagame arakomeza ashimangira ko igihugu cy&#8217;u Rwanda abereye umukuru kigendera ku mategeko ndetse ko hari abafata opozisiyo bakayiha inyito ya rusange, ati &#8221; ntimugashake guha opozosiyo inyito isanzwe, abo biha kuduha amasomo cyane, abo birasi b\u2019abanyamurengwe b\u2019Abanyaburayi bashaka guha inyito ubwisanzure bwacu ngo ntitwigenga\u201d.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019Abanyarwanda bavuga ko bafite ubwingenge, Perezida Kagame agashimangira ko ibi iyo abavuga ko Abanyarwanda badafite ukwishyira bakizana babyumvishe bibarya, bagashaka gusobanura byimbitse ko atari ukuri bagendeye ku byiyumviro byabo.<\/p>\n<p>Ati: \u201cAbavuga ibyo ntibagendera ku byo Abanyarwanda bavuga, ahubwo babivuga bagendeye ku byiyumviro byabo, iyo Abanyarwanda bababwiye ko bibeshye cyane bo ubwabo bigenga, igisubizo kiza ari akamena mutwe ku Banyaburayi, bati; mutekereza ko mwigenga ariko siko biri, ku bw\u2019amahirwe ibyo bavuga ntacyo bitanga hano ku Rwanda\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu agize icyo avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi mu gihe Kayumba Nyamwasa na bagenzi be barwanya Leta ya Kigali bakorera mu buhunzi, yatanze ibirego mu rukiko Nyafurika rw\u2019uburenganzira bwa muntu, birimo n&#8217;aho bavuga ko iri shyaka ryashinzwe na we [Perezida Kagame].<\/p>\n<p>Ikirego Kayumba Nyamwasa na bagenzi be 6 yashyikirije urukiko nyafurika, cyavugaga ko Green Party yashinzwe na Kagame, kandi ko gahunda ya Tora Oya yari ukujijisha. Tora Oya ni gihunda ya Green Party yakanguriraga abantu gutora Oya muri Referanduma ya 2015, yari igamije guhindura Itegeko Nshinga. Ibirego by&#8217;aba barwanya Leta y&#8217;u Rwanda byaje kuba imfabusa.<\/p>\n<p>Ibi Green Party yabiteye utwatsi, ivuga ko iyo baba bakorera mu kwaha kwa FPR\/Inkotanyi ndetse ishyaka ryabo ryarashinzwe na perezida Kagame, ihohoterwa abarwanashyaka baryo bajya bahura naryo ritabaho.<\/p>\n<p>\u201cIyo tuba dukorera mu kwaha kwa FPR na Perezida Kagame, urugomo twagiriwe muri Saint Paul ntiruba rwarabaye ngo abantu bacu bakomeretswe. Uwari Visi Perezida Rwisereka Kagwa Andre yapfuye urupfu rw\u2019amayobera, iyo tuba dukorana na FPR iba yaradufashije bigasobanuka\u201d. Ibi ni ibyatangajwe n\u2019 Umunyamabanga mukuru wa DGPR ushinzwe itangazamakuru, Tuyishimwe Jean Deo.<\/p>\n<p>Ishyaka Gren Party ryashinzwe mu mwaka wa 2009, ribona ibyangombwa byo gukorera mu gihugu nk\u2019ishyaka rya politiki 2013, ryashinzwe na Dr Frank Habineza ari nawe ubu perezida waryo, abanyamuryango baryo bakaba baramutanzeho umukandida uzarihagararira mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe muri Kanama.<\/p>\n<p> <strong> <a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Kagame ubwo yabazwaga impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe na Leta, yasubije avuga ko nk\u2019umukuru w\u2019igihugu adashinzwe gushinga amashyaka amurwanya. Ni mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique, Perezida Kagame yabajijwe impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya DGPR ( Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ) ritavuga rumwe na Leta. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6283","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Kagame ubwo yabazwaga impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe na Leta, yasubije avuga ko nk\u2019umukuru w\u2019igihugu adashinzwe gushinga amashyaka amurwanya. Ni mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique, Perezida Kagame yabajijwe impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya DGPR ( Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ) ritavuga rumwe na Leta. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-22T10:46:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:03:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)\",\"datePublished\":\"2017-05-22T10:46:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283\"},\"wordCount\":486,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283\",\"name\":\"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-22T10:46:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:03:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6283#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA","og_description":"Perezida Kagame ubwo yabazwaga impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe na Leta, yasubije avuga ko nk\u2019umukuru w\u2019igihugu adashinzwe gushinga amashyaka amurwanya. Ni mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique, Perezida Kagame yabajijwe impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya DGPR ( Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ) ritavuga rumwe na Leta. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-22T10:46:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:03:18+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)","datePublished":"2017-05-22T10:46:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283"},"wordCount":486,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6283#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283","name":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-22T10:46:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:03:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6283"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6283#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6283","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6283"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6283\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6283"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6283"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6283"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}