{"id":62938,"date":"2023-10-31T11:52:23","date_gmt":"2023-10-31T09:52:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=62938"},"modified":"2023-10-31T11:52:23","modified_gmt":"2023-10-31T09:52:23","slug":"rubavu-abakobwa-baratabaza-kubera-umuhungu-wirirwa-ubasambanya-ku-ngufu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938","title":{"rendered":"Rubavu: Abakobwa baratabaza  kubera &#8216;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#8217;"},"content":{"rendered":"<p><strong>Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Cyanzarwe w&#8217;akarere ka Rubavu, baravuga ko hari umuhungu wirirwa ubasambanya ndetse akanabakubita; bagasaba inzego zibishinzwe kumuryoza ihohotera abakorera.<\/strong><\/p>\n<p>Uwo aba bakobwa bahurizaho ni uwitwa Olivier wo mu kagari ka Rwangara muri Cyanzarwe.<\/p>\n<p>Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;abaturage bo muri kariya gace ni uko hari na bamwe mu bagabo b&#8217;aho uyu musore yaba yaragiye atema mu minsi yashize.<\/p>\n<p>Umukobwa witwa IGIHOZO Divine ni umwe mu bavuga ko basambanyijwe ku ngufu n&#8217;uriya musore.<\/p>\n<p>Avuga ko Olivier yigeze kumusanga aho yakoreraga mu kabari ari kumwe n&#8217;abandi bahungu babiri, bamusambanya ku ngufu babanje kumufatiraho umupanga.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Uwo muhungu yasanze ndi gucuruza ari njyewe uri yo njyenyine, ni uko aramfata ari kumwe n&#8217;abandi bahungu babiri. Na ba Gitifu icyo gihe barabimenye. Icyo gihe bandongoye bafite n&#8217;umuhoro bakajya bawungera ku itako.&#8221;<\/p>\n<p>IGIHOZO avuga ko nyuma yo gusambanywa n&#8217;uriya muhungu yatanze ikirego, gusa birangira atorotse nyuma yo gucikishwa n&#8217;iwabo.<\/p>\n<p>Uwiduhaye Sifa ni undi mukobwa wa gatatu uvuga ko yasambanyijwe ku ngufu n&#8217;uriya muhungu.<\/p>\n<p>Uyu mukobwa w&#8217;imyaka 19 y&#8217;amavuko avuga ko &#8220;Olivier yamfashe ku ngufu ari kumwe n&#8217;ikindi gihungu cy&#8217;igikara. Baramfashe mbonye bagiye kunkubita no kuntemesha akuma bari bafite, ndababwira nti &#8216;aho kugira ngo munyice nimureke mbahereze ku neza&#8217;, mba ndemeye.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mukobwa avuga ko nyuma yo gusambanywa yamaze iminsi itatu aryamye, kuko yari yakomerekejwe cyane.<\/p>\n<p>Uwiduhaye avuga ko mu minsi ishize yanyuzweho na Olivier nanone wari kumwe na mugenzi we baramuhamagara, birangira bamuhondaguye bamugira intere.<\/p>\n<p>Kuri iyi ncuro bamukubita ngo bashakaga kumwambura ikoti rishya yari yambaye, ndetse icyo gihe yaratabaje anabura uwamutabara.<\/p>\n<p>Uyu mukobwa avuga ko mu busanzwe uriya Olivier afite agatsiko k&#8217;insoresore zibarirwa mu icumi basanzwe bagendana, gusa akaba ari we &#8220;wazengereje abantu.&#8221;<\/p>\n<p>Abajijwe niba nta kirego yaba yaratanze nyuma yo guhohoterwa, Uwiduhaye yavuze ko &#8220;kubera ko Olivier asanzwe ari umugome ahantu hose nagize ngo ninjya kumurega arahita anyica.&#8221;<\/p>\n<p>Cyo kimwe na mugenzi we, Uwiduhaye avuga ko uriya muhungu yafatwa akaryozwa ihohotera yakoze.<\/p>\n<p>Undi uvuga ko yahohotewe n&#8217;uriya muhungu ni umukobwa witwa Uwimpuhwe Joyeuse usanzwe akorera mu kabari k&#8217;ahitwa Ryabizige.<\/p>\n<p>Uyu mukobwa avuga ko bwa mbere uriya musore yagiye aho akorera yitwaje umupanga n&#8217;inkoni, amubwira ko ari kumushaka. Icyo gihe ngo undi yamusubije ko nta mwanya afite, ibyo nyamusore yafashe nko &#8220;kumusuzugura kandi nta muntu ujya umusuzugura.&#8221;<\/p>\n<p>Indi ncuro ngo Olivier ngo yagiye aho Uwimpuhwe akorera nanone afite inkoni n&#8217;umupanga, amuhubanuza muri Comptoir y&#8217;akabari akoreramo amujyana inyuma mu gikari.<\/p>\n<p>Icyo gihe ngo uyu muhungu yamubwiye ko bajya gutemberana ahitwa mu Kibaya, gusa aza kuburirwa n&#8217;undi muntu ko byari amaco yo kumufata ku ngufu.<\/p>\n<p>Uwamuhaye amakuru ngo yamubwiye ko Olivier atagombaga kumufata ku ngufu ari umwe, ko ahubwo yari kumusangira na bagenzi be basanzwe bagendana.<\/p>\n<p>Icyo gihe kandi ngo uwo muhungu yamubajije amafaranga umuntu ashobora kumwishyura mu gihe baba baryamanye, undi amusubiza ko aticuruza.<\/p>\n<p>Uwimpuhwe avuga ko Olivier yahise amukubita inkoni yari afite ngo kuko atakagombye kumusubiza atyo.<\/p>\n<p>Ku yindi ncuro uyu muhungu ngo yamusanze aho akorera amutegeka ko akuramo ishati yari yambaye akayimuha, undi amubwira ko ari yo yonyine agira.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;Icyo gihe yamfashe amabere arayakanda mbura umwuka, ndapfukama musaba imbabazi. Byarangiye muhaye ya shati nti &#8216;twara, akatari amagara bajya mu isoko.&#8221;<\/p>\n<p>Ibi ngo byabaye nyuma y&#8217;umunsi umwe Olivier na bagenzi be bashatse kumusambanyiriza mu kabari akoramo, gusa bikaba ngombwa ko abacika akoresheje amayeri.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Cyanzarwe, yemereye BWIZA ko uyu musore uvugwaho guhohotera bariya bakobwa kuri ubu yafashwe akaba afunzwe.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Uwitwa Olivier yatawe muri yombi afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Busasamana.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yavuze ko amakuru yo kuba hari abakobwa baba barasambanyijwe na we ari mashya [kuko afungiwe kurwana], ariko ko &#8220;mu gukora dosiye bariya bakobwa nibatanga amakuru yose n\u2019abandi barafatwa kandi barazwi kuko baturukaga mu murenge wa Busasamana.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Cyanzarwe w&#8217;akarere ka Rubavu, baravuga ko hari umuhungu wirirwa ubasambanya ndetse akanabakubita; bagasaba inzego zibishinzwe kumuryoza ihohotera abakorera. Uwo aba bakobwa bahurizaho ni uwitwa Olivier wo mu kagari ka Rwangara muri Cyanzarwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;abaturage bo muri kariya gace ni uko hari na bamwe mu bagabo b&#8217;aho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-62938","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#039;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#039;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Cyanzarwe w&#8217;akarere ka Rubavu, baravuga ko hari umuhungu wirirwa ubasambanya ndetse akanabakubita; bagasaba inzego zibishinzwe kumuryoza ihohotera abakorera. Uwo aba bakobwa bahurizaho ni uwitwa Olivier wo mu kagari ka Rwangara muri Cyanzarwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;abaturage bo muri kariya gace ni uko hari na bamwe mu bagabo b&#8217;aho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-10-31T09:52:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#8216;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#8217;\",\"datePublished\":\"2023-10-31T09:52:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938\"},\"wordCount\":639,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938\",\"name\":\"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera 'umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu' - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-10-31T09:52:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=62938#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#8216;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera 'umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu' - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera 'umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu' - BWIZA","og_description":"Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Cyanzarwe w&#8217;akarere ka Rubavu, baravuga ko hari umuhungu wirirwa ubasambanya ndetse akanabakubita; bagasaba inzego zibishinzwe kumuryoza ihohotera abakorera. Uwo aba bakobwa bahurizaho ni uwitwa Olivier wo mu kagari ka Rwangara muri Cyanzarwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;abaturage bo muri kariya gace ni uko hari na bamwe mu bagabo b&#8217;aho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-10-31T09:52:23+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#8216;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#8217;","datePublished":"2023-10-31T09:52:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938"},"wordCount":639,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62938#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938","name":"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera 'umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu' - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-10-31T09:52:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=62938"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=62938#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Abakobwa baratabaza kubera &#8216;umuhungu wirirwa ubasambanya ku ngufu&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62938","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=62938"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/62938\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=62938"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=62938"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=62938"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}