{"id":63369,"date":"2023-11-21T10:47:39","date_gmt":"2023-11-21T08:47:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=63369"},"modified":"2023-11-21T10:47:39","modified_gmt":"2023-11-21T08:47:39","slug":"u-rwanda-rwifuza-kuba-igihugu-cy-amahirwe-ku-bimukira-muri-afurika-y-makolo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369","title":{"rendered":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#8217;amahirwe ku bimukira muri  Afurika-Y.Makolo"},"content":{"rendered":"<p><strong>U Rwanda nk&#8217;igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy&#8217;amahirwe ku mugabane wa Afurika  by&#8217;umwihariko mu kwakira abimukira.<\/strong><\/p>\n<p>Ibi biherutse kugarukwaho n&#8217;umuvugizi wa Guverinoma  y&#8217;u Rwanda Yolande Makolo , aho yashimangiye ko bitewe n&#8217;uburyo igihugu kifuza gutanga amahirwe yo kwakira abimukira batandukanye gikomeje kunoza gahunda zishoboka zose kugirango bakomeze kwakirwa. <\/p>\n<p>Aganira na  Televiziyo y\u2019Abongereza ya Sky TV , ku ngingo y&#8217;uko urukiko rw&#8217;Ikirenga rw&#8217;u Bwongereza rwanzuye ko abimukira batazoherezwa mu rwanda, Makolo yavuze ko n&#8217;ubundi nta kabuza  harimo kunozwa amasezerano azatuma abimukira basaba ubuhungiro mu Bwongereza bazoherezwa.<\/p>\n<p>Impamvu yo kubohereza mu  Rwanda n&#8217;uko  rufite intego yo kubera igihugu cy\u2019amahirwe impunzi n\u2019abimukira baba bahunga ibibazo mu bihugu byabo.<\/p>\n<p>Muri iki  kiganiro ,Yolande Makolo yongeye gushimangira ko u Rwanda ari igihugu gitekanye kandi nta mpunzi cyangwa umwimukira kigeze gisubiza iyo yaturutse ku gahato, ndetse kitazigera kibikora. <\/p>\n<p>Ni mu gihe urukiko rw&#8217;Ubwongereza rwanzuye ko abimukira bahungiyeyo batagomba koherezwa mu Rwanda, zimwe mu ngingo zagarukwagaho ngo n&#8217;uko rudatekanye nyamara nta gihe ubuyobozi bw&#8217;u Rwanda rwahwemye kugaragaza ko umutekano ari wose.<\/p>\n<p>Yatanze ingero z&#8217;abimukira basaga ibihumbi bibiri bazanywe mu Rwanda ku bufatanye na UNHCR bakuwe mu kaga mu gihugu cya Libya aho ubu batekanye kandi babona ubufasha bwose bakeneye.<\/p>\n<p>Muri Mata 2020 nibwo ibihugu by&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bwongereza byasinye amasezerano y&#8217;ubufatanye ku bimukira n&#8217;iterambere. Kuva icyo gihe hagiye hatangwa intambamyi mu nkiko zo mu Bwongereza byatindije ishyirwa mu bikorwa ry&#8217;aya masezerano. <\/p>\n<p>Umuvugizi wa guverinoma asobanura ko ikibazo cy&#8217;abanenga ivangura rikorerwa abimukira mu Burengerazuba bw&#8217;Isi kigomba kujyana no gushaka ibisubizo birambye hubakwa ubushobozi mu bice baturukamo nka Afurika ari na byo u Rwanda rwiyemeje aho guheranwa no kunenga gusa. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda nk&#8217;igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy&#8217;amahirwe ku mugabane wa Afurika by&#8217;umwihariko mu kwakira abimukira. Ibi biherutse kugarukwaho n&#8217;umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda Yolande Makolo , aho yashimangiye ko bitewe n&#8217;uburyo igihugu kifuza gutanga amahirwe yo kwakira abimukira batandukanye gikomeje kunoza gahunda zishoboka zose kugirango bakomeze kwakirwa. Aganira na Televiziyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-63369","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#039;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#039;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda nk&#8217;igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy&#8217;amahirwe ku mugabane wa Afurika by&#8217;umwihariko mu kwakira abimukira. Ibi biherutse kugarukwaho n&#8217;umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda Yolande Makolo , aho yashimangiye ko bitewe n&#8217;uburyo igihugu kifuza gutanga amahirwe yo kwakira abimukira batandukanye gikomeje kunoza gahunda zishoboka zose kugirango bakomeze kwakirwa. Aganira na Televiziyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-11-21T08:47:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#8217;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo\",\"datePublished\":\"2023-11-21T08:47:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369\"},\"wordCount\":299,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369\",\"name\":\"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy'amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-11-21T08:47:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63369#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#8217;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy'amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy'amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA","og_description":"U Rwanda nk&#8217;igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy&#8217;amahirwe ku mugabane wa Afurika by&#8217;umwihariko mu kwakira abimukira. Ibi biherutse kugarukwaho n&#8217;umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda Yolande Makolo , aho yashimangiye ko bitewe n&#8217;uburyo igihugu kifuza gutanga amahirwe yo kwakira abimukira batandukanye gikomeje kunoza gahunda zishoboka zose kugirango bakomeze kwakirwa. Aganira na Televiziyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-11-21T08:47:39+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#8217;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo","datePublished":"2023-11-21T08:47:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369"},"wordCount":299,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=63369#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369","name":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy'amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-11-21T08:47:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=63369"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63369#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy&#8217;amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/63369","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=63369"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/63369\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=63369"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=63369"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=63369"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}