{"id":6343,"date":"2017-05-26T08:20:30","date_gmt":"2017-05-26T08:20:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/26\/rwamagana-abaturage-ntibatora-agatotsi-kubera-imperi-zirara-zibarya\/"},"modified":"2025-02-12T16:00:30","modified_gmt":"2025-02-12T14:00:30","slug":"rwamagana-abaturage-ntibatora-agatotsi-kubera-imperi-zirara-zibarya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343","title":{"rendered":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro baravuga ko batakibasha gusinzira kubera kuribwa n\u2019ibiheri, bakavuga ko bituruka mu bigo by\u2019amashuri abana bakabitahana mu ngo zabo, hari n&#8217;abavuga ko bagiye mu Itorero mu mpera z\u2019umwaka ushize bakabitahana mu myenda.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage utuye mu kagari ka Cyanya yemeza ko ibiheri byabajujubije ku buryo bidatuma babasha gusinzira.<\/p>\n<p>agira ati&#8221; ubundi twari tuzi ko ibiheri biba ahantu hataba isuku ariko ubu mu gitanda ndaraho harimo ibiheri byinshi ariko usanga byihisha, iyo tumaze kuzimya amatara usanga bitangira kuturya kandi twagerageje gushaka umuti wica udukoko ariko byanze gucika kandi bikomeza gutera amagi bikiyongera, habonetse umuti twawifashisha kuko biratubangamiye cyane&#8221;. <\/p>\n<p>Undi muturage utuye mu kagari ka Nyagasenyi, umudugudu w\u2019Umuganura nawe yabwiye Bwiza.com ko ibiheri babikuye mu bigo by\u2019amashuri ubwo bari mu itorero.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Ibiheri byatangiye kuturya turi mu Itorero kuko mu kigo cy\u2019amashuri twakoreyemo hari ibiheri byinshi ariko ntabwo twari tuzi ko twabitahana, uburyo twabitahanye mu ngo ntabwo nabimenye ubundi nanjye mbere numvaga umuntu ufite ibiheri ku buriri nkumva ari umwanda ariko twagerageje no gushaka imiti baturangiye yica udukoko biranga tubona bizadutera ingaruka kuko biraturya kandi ntitubashe gusinzira habonetse umuti ubyica twawukoresha &#8220;.<\/p>\n<p>Udusimba tw\u2019ibiheri ntitwari tumenyerewe mu ngo  ahubwo byagaragaraga mu bigo by\u2019amashuri  nk&#8217;uko byemezwa n\u2019umuyobozi w\u2019ibitaro bya Rwamagana, Dr Muhire Philbert.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Ibiheri byagaragaye mu bigo by\u2019amashuri yisumbuye, mu byumba abanyeshuri bararamo ariko twabimenyesheje RBC mu mpera z\u2019umwaka washinze, twakoze igikorwa cyo gutera imiti mu byumba abanyeshuri bararamo ntabwo rero twari tubizi ko mu ngo z\u2019abaturage naho birimo ariko abaturage nabo bagomba kubirwanya bakoresheje imiti ibyica  kandi ibyo biheri uretse kuba bibabangamira bishobora gutera n\u2019ibindi bibazo ku ruhu rwabo&#8221;.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere buvuga ko bugiye kurushaho gukangurira abaturage kugira isuku mu ngo zabo.<\/p>\n<p>Umuyobozi  w\u2019akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza mu karere ka Rwamagana, Mutoni Jeanne, aragira ati &#8220;utwo dusimba tw\u2019ibiheri twari mu bigo by\u2019amashuri ariko mu mwaka ushize twakoze igikorwa cyo gutera imiti yica utwo dusimba  naho kuba wenda mu baturage haba hari utwo dusimba byaba biterwa n\u2019umwanda kuko kuba bavuga ko bikwirakwizwa n\u2019abanyeshuri ntitwabivuga kuko nk&#8217;uko dusanzwe dukangurira abaturage bacu twifashishije abajyanama b\u2019ubuzima tukora ubukanguramba, abafita icyo kibazo bakoreshe imiti yica utwo dusimba ariko tubakangurire no kugira isuku kandi mu karere kacu nta kibazo gihari cyane kubijyanye n\u2019isuku ariko nabo bafite icyo kibazo ubwo tubimenye tuzakurikira icyo kibazo&#8221;.<\/p>\n<p>Udusimba tw\u2019ibiheri twavuzwe mu bigo by\u2019amashuri byo mu karere ka Rwamagana birimo Es Muhazi, APAGIE Musha, APPEGA Gahengeri,GS St Aloys Rwamagana n\u2019ibindi.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Ngabonziza justin\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro baravuga ko batakibasha gusinzira kubera kuribwa n\u2019ibiheri, bakavuga ko bituruka mu bigo by\u2019amashuri abana bakabitahana mu ngo zabo, hari n&#8217;abavuga ko bagiye mu Itorero mu mpera z\u2019umwaka ushize bakabitahana mu myenda. Umwe mu baturage utuye mu kagari ka Cyanya yemeza ko ibiheri byabajujubije ku buryo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6343","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro baravuga ko batakibasha gusinzira kubera kuribwa n\u2019ibiheri, bakavuga ko bituruka mu bigo by\u2019amashuri abana bakabitahana mu ngo zabo, hari n&#8217;abavuga ko bagiye mu Itorero mu mpera z\u2019umwaka ushize bakabitahana mu myenda. Umwe mu baturage utuye mu kagari ka Cyanya yemeza ko ibiheri byabajujubije ku buryo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-26T08:20:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:00:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya\",\"datePublished\":\"2017-05-26T08:20:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343\"},\"wordCount\":458,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343\",\"name\":\"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-26T08:20:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6343#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro baravuga ko batakibasha gusinzira kubera kuribwa n\u2019ibiheri, bakavuga ko bituruka mu bigo by\u2019amashuri abana bakabitahana mu ngo zabo, hari n&#8217;abavuga ko bagiye mu Itorero mu mpera z\u2019umwaka ushize bakabitahana mu myenda. Umwe mu baturage utuye mu kagari ka Cyanya yemeza ko ibiheri byabajujubije ku buryo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-26T08:20:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:00:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya","datePublished":"2017-05-26T08:20:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343"},"wordCount":458,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6343#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343","name":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-26T08:20:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6343"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6343#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Abaturage ntibatora agatotsi kubera imperi zirara zibarya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6343","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6343"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6343\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6343"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6343"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6343"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}