{"id":6359,"date":"2017-05-27T09:19:44","date_gmt":"2017-05-27T09:19:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/27\/rwamagana-barasaba-leta-kwambura-aborozi-ibishanga-bikabafasha-guhangana-n\/"},"modified":"2025-02-12T16:00:12","modified_gmt":"2025-02-12T14:00:12","slug":"rwamagana-barasaba-leta-kwambura-aborozi-ibishanga-bikabafasha-guhangana-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359","title":{"rendered":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n\u2019abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n\u2019inzara.  <\/p>\n<p>Ibi bishanga byarabafashanga kubona ibiribwa mu bihe by\u2019impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga bidakoreshwa bagashinja abafite ubushobozi kubyigwizaho bororeramo amatungo yabo.<\/p>\n<p>Hakizimana Innocent, yemeza ko ibishanga aribyo byakabafashije kubona ibiribwa bikabarinda inzara igihe habaye ikibazo cy\u2019ibura ry\u2019imvura.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cAbakire benshi usanga ari aborozi, iyo baguze ubutaka bwegereye ibishanga bakoramo amafamu babufatanya n\u2019ibishanga twe tukagirango barabiguze ariko twumva bavuga ko ubutaka bw\u2019ibishanga ari ubwa leta, abazitiye ibishanga babyambuwe byadufasha ku buryo twabihinga mu gihe cy\u2019izuba, usanga ahantu hagahinzwe n\u2019abantu 50 hororerwamo inka z&#8217;umukire\u201d.<\/p>\n<p>Undi muturage utarashatse ko izina rye ritangazwa yemeza ko hamwe hatanzwe ibishanga ariko abafite ubutaka bunini bwabyo bo ntibakozweho ngo babwamburwe kuko babugize ubwabo.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cUyu munsi kwa padiri Dominiko bahahaye abaturage ngo bahahinge ariko ntabwo ari we wenyine wari ufite ifamu yahujwe n\u2019igishanga kuko nka Modeste  afite igice kinini k\u2019igishanga cyahingwamo n&#8217;abaturage bakabona ibibatunga ariko ntawajya kuhahinga twese tuzi ko habaye ahe (Modeste) kuko yahazitiye agahuza ubutaka bwose afite muri Cyahafi ndetse n\u2019ubutaka buri i Rutonde, igishanga cyatandukanyaga utugari twose tuzi ko ari mwa Modeste&#8221;.<\/p>\n<p>Arakomeza, ati: &#8220;Urebye no mu gishanga cyitwa Rupfumfuri muri Sibagire naho hari umugabo wahagize ahe ahakoresha uko ashaka nta muturge wahahinga kandi ari mu gishanga\u201d.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere bwemeza ko hari ubutaka bwahawe abaturage kugirango bukoreshwe icyo bwagenewe.<\/p>\n<p>Mudaheranwa Regis, umuyobozi w\u2019akarere wungirije ushinzwe ubukungu, yemeza ko nta muntu wambuwe ubutaka cyangwa buhabwe undi, ahubwo babutijwe kuko butakoreshwaga uko bukwiye.<\/p>\n<p>Ati: \u201cHari ubutaka buri mu kagari ka Nyagasenyi bwahawe abaturage kugirango bukoreshwe neza bubyazwe umusaruro, ni mu rwego rwo gutegura igihembwe [season] cy\u2019ubuhinzi ariko aho ni ubutaka bushobora guhingwa no mu zuba kuko ni mu gishanga\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko ubutaka budakoreshwa na ba nyirabwo bagirwa inama yo kubukoresha icyo bwagenewe batabikora bugahabwa abashobora kububyaza umusaruro, yongeraho ko hari abafite ubutaka bw\u2019ibishanga bashobora kubwamburwa hifashishijwe amategeko.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cIyo ubutaka nyirabwo atabukoresha neza agirwa inama atabukoresha neza bugahabwa abandi bashobora kububyaza umusaruro naho kuba hari uwaba abufite bitemewe, byasuzumwa hakitabazwa amategeko kuko hari abashinzwe kubikurikirana barimo one stop center,  ubwo bazabisuzuma\u201d.<\/p>\n<p>Nubwo abaturage bemeza ko hari ibishanga byatwawe n\u2019aborozi bakabwikubira, ubutaka bw\u2019ibishanga bubarwa mu mutungo wa Leta nk&#8217;uko byemezwa na Depite Nyirarukundo Ignatienne, uyobora komisiyo y\u2019ubuhinzi n\u2019ibidukikije mu nteko Nshinga Mategeko.<\/p>\n<p>Mu kiganiro kigufi yagiranye na Bwiza.com, kuri uyu wa kane tariki ya 25 Gicurasi 2017, ku murongo wa telefone, aragira ati \u201cUbutaka bwose bw\u2019ibishanga ni umutungo wa Leta uwaba abufite agomba kubukoresha icyo bugenewe, ahanini usanga bukorerwamo ubuhinzi ariko niba hari abantu bafashe ibishanga bagasa nkaho ari ubutaka bwabo, ubuyobozi bw\u2019akarere na one stop center bakwiye kubisuzuzuma byagaragara ko ariko bimeze bakabikemura\u201d.<\/p>\n<p>Arakomeza avuga ko ari ikibazo kitagoye gukemurwa kuko amategeko agenga ubutaka asobanura ubutaka bwa Leta ubwo ari bwo.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>  <em> <strong>Ngabonziza Justin\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n\u2019abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n\u2019inzara. Ibi bishanga byarabafashanga kubona ibiribwa mu bihe by\u2019impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6359","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n\u2019abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n\u2019inzara. Ibi bishanga byarabafashanga kubona ibiribwa mu bihe by\u2019impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-27T09:19:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:00:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara\",\"datePublished\":\"2017-05-27T09:19:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359\"},\"wordCount\":535,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359\",\"name\":\"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-27T09:19:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6359#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n\u2019abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n\u2019inzara. Ibi bishanga byarabafashanga kubona ibiribwa mu bihe by\u2019impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-27T09:19:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:00:12+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara","datePublished":"2017-05-27T09:19:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359"},"wordCount":535,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6359#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359","name":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-27T09:19:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6359"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6359#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Barasaba Leta kwambura aborozi ibishanga bikabafasha guhangana n\u2019inzara"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6359","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6359"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6359\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6359"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6359"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6359"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}