{"id":6365,"date":"2017-05-27T14:54:04","date_gmt":"2017-05-27T14:54:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/05\/27\/amatora-2017-urubyiruko-rwize-rushishikajwe-no-kuzitorera-perezida\/"},"modified":"2025-02-12T16:00:08","modified_gmt":"2025-02-12T14:00:08","slug":"amatora-2017-urubyiruko-rwize-rushishikajwe-no-kuzitorera-perezida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365","title":{"rendered":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida"},"content":{"rendered":"<p>Urubyiruko rwize rwo mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe muri bo badakunda kwitabira gahunda za leta zirimo umuganda, ibiganiro mu gihe cyo kwibuka n\u2019amatora, ariko ngo rugiye kwikubita agashyi nyuma yo kunengwa no kwinenga.<\/p>\n<p>Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora iherutse kunenga urubyiruko muri rusange rwarangije amashuri yisumbuye, urwiga muri kaminuza n\u2019urwayirangije, uburyo rudakunze kwitabira gahunda zitandukanye za leta zirimo n\u2019amatora.<\/p>\n<p> <strong>Abize biyemeje kwivanaho umugayo<\/strong> <\/p>\n<p>Urubyiruko rutandukanye rwo  mu mirenge ya Bushoki na Base mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe bize usanga badakunze kiwtabira gahunda za leta, ariko ngo biyemeje guhindura iyo myumvire.<\/p>\n<p>Kwitonda Gilbert wo mu Kagari Gasiza mu murenge wa Bushoki ni umwe mu bataragize amahirwe yo kurangiza amashuri yisumbuye ariko ngo asanga urubyiruko rwize mu mashuri yisumbuye na kaminuza rutitabira zimwe muri gahunda za leta.<\/p>\n<p> Ati \u201c Hari abatazitabira, rimwe hari abadakora umuganda ngo batiyanduza, usanga biterwa no kwirata, abandi bakagiraa ubute, no kuri lisiti y\u2019itora wasanga hari abatarirebaho n\u2019ibindi.\u201d<\/p>\n<p>Ntabayo Yves na Ishimwe Ange basoje amashuri yisumbuye, bemeza ko hari bagenzi babo badakunze kwitabira gahunda za leta zirimo n\u2019amatora, ariko ngo muri iyi minsi uru rubyiruko rwagiye rukangurirwa kwitabira iyi gahunda ku buryo bafite icyizere ko rutazongera gushyirwa mu majwi .<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p> Uwimana Jeanne wo mu Murenge wa Base yemeza ko yagiraga ubute bwo kwitabira gahunda za leta zirimo amatora, ariko ngo ntazongera kugira izo asiba, ahereye mu nama zikorwa mu midugudu no kwitabira ayo matora.<\/p>\n<p>Mukandekezi Yvette ukorera mu Murenge wa Base yemeza ko mu rugo iwabo hari abantu 10 barangije amashuri yisumbuye , ariko ngo ku munsi w\u2019amatora bafata imodoka bakazindukira gutora.<\/p>\n<p>Mushakarugo Seleverien w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko asanga buri wese yaba umuto cyangwa umukuru ntawe ukwiye kwigira ntibindeba mu bijyanye  no kubahiriza gahunda za leta.  Uyu mubyeyi kandi agaya urubyiruko rutitabira ibi bikorwa nyamara rwagombye kubera urugero rwiza abatarabashije kugira amahirwe nk\u2019ayabo ku buryo bakwiye no kubahugura ku bijyanye no kunoza yo matora.<\/p>\n<p> <strong>Komisiyo y\u2019amatora ntizabyihanganira <\/strong> <\/p>\n<p>Perezida w\u2019iyi komisiyo Prof Kalisa Mbanda yavuze ko igihe kinageze kugira ngo uru rubyiruko rwigishwe ibijyanye n\u2019uburere mboneragihugu, inyigisho zigamije kubibutsa uburenganzira bwabo n\u2019inshingano zarwo mu kuba abenegihugu beza.<\/p>\n<p>Muri rusange ngo ubwitabire bwarwo bwakunze kuba buke mu matora atandukanye yagiye aba mu Rwanda, kandi ngo ari rwo rugize umubare munini w\u2019abagomba gutora.<\/p>\n<p>Imibare igaragaza ko urubyiruko ruri kuva ku myaka 18 kugera kuri 35, ruri kuri lisiti y\u2019itora rungana na 60%, bagakurikirwa n\u2019abagore mu kugira umubare munini. Izo mbaraga ngo ntizigomba kwirengagizwa kuko ukurikije uko urwo rubyiruko rungana mu mibare, uwo rwatora yatsinda kurenza uko yatorwa n\u2019ibindi byiciro.<\/p>\n<p>Komisiyo y\u2019amatora irateganya kwita kuri urwo rubyiruko ihereye ku rwo mu mashuri yisumbuye na kaminuza.<\/p>\n<p>Mbanda ati \u201c kugorora uburere  nyarwanda, kuko igihe abazungu baziye bakuyeho itorero kandi ariryo ryigishaga Abanyarwanda, Ubunyarwanda n\u2019umuco Nyarwanda, nyuma baratinda bashyiraho amashuri ariko yigisha ubumenyi gusa ntabwo yigisha umuco nyarwanda, uburere mboneragihugu, ntabwo atanga.\u201d<\/p>\n<p> \u201cUbu rero twavuganye na minisiteri y\u2019Uburezi na Komisiyo y\u2019Igihugu  y\u2019itorerero,ngo duhere ku bayobozi b\u2019amashuri yisumbuye  n\u2019amakuru nabo  ubwabo babishyire mu nshingano zabo kurera, bigishe ubumenyi ariko bijyanye n\u2019uburere bubereye igihugu, natwe tuzajya mu mashuri twandike abanyeshuri duhereye aho bari, kugira ngo be kuzongera gusigara batari kuri kisiti y\u2019itora.\u201c<\/p>\n<p>Mu ntara y\u2019amajyaruguru hazatora abaturage  basaga  miliyoni imwe n\u2019ibihumbi 51, ni ukuvuga ko  urubyiruko rusaga  ibihumbi 630, ukurikije umubare w\u2019 ijanisha ryarwo ungana 60%.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Ntakirutimana Deus<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urubyiruko rwize rwo mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe muri bo badakunda kwitabira gahunda za leta zirimo umuganda, ibiganiro mu gihe cyo kwibuka n\u2019amatora, ariko ngo rugiye kwikubita agashyi nyuma yo kunengwa no kwinenga. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora iherutse kunenga urubyiruko muri rusange rwarangije amashuri yisumbuye, urwiga muri kaminuza n\u2019urwayirangije, uburyo rudakunze kwitabira gahunda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6365","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urubyiruko rwize rwo mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe muri bo badakunda kwitabira gahunda za leta zirimo umuganda, ibiganiro mu gihe cyo kwibuka n\u2019amatora, ariko ngo rugiye kwikubita agashyi nyuma yo kunengwa no kwinenga. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora iherutse kunenga urubyiruko muri rusange rwarangije amashuri yisumbuye, urwiga muri kaminuza n\u2019urwayirangije, uburyo rudakunze kwitabira gahunda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-27T14:54:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:00:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida\",\"datePublished\":\"2017-05-27T14:54:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365\"},\"wordCount\":579,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365\",\"name\":\"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-05-27T14:54:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6365#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA","og_description":"Urubyiruko rwize rwo mu karere ka Rulindo rwemeza ko hari bamwe muri bo badakunda kwitabira gahunda za leta zirimo umuganda, ibiganiro mu gihe cyo kwibuka n\u2019amatora, ariko ngo rugiye kwikubita agashyi nyuma yo kunengwa no kwinenga. Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora iherutse kunenga urubyiruko muri rusange rwarangije amashuri yisumbuye, urwiga muri kaminuza n\u2019urwayirangije, uburyo rudakunze kwitabira gahunda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-05-27T14:54:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:00:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida","datePublished":"2017-05-27T14:54:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365"},"wordCount":579,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6365#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365","name":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-05-27T14:54:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6365"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6365#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amatora 2017: Urubyiruko rwize rushishikajwe no kuzitorera Perezida"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6365","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6365"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6365\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6365"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6365"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6365"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}