{"id":6375,"date":"2017-06-18T10:03:59","date_gmt":"2017-06-18T10:03:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/06\/18\/mumaze-imyaka-23-mutozwa-kuba-abanyarwanda-bazima-uzatatira-iyi-misiyo-nta\/"},"modified":"2025-02-12T16:00:00","modified_gmt":"2025-02-12T14:00:00","slug":"mumaze-imyaka-23-mutozwa-kuba-abanyarwanda-bazima-uzatatira-iyi-misiyo-nta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375","title":{"rendered":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira"},"content":{"rendered":"<p>Gen. Fred Ibingira yagiriye urubyiruko rw\u2019Abanyarwanda inama yo gukoresha imyaka yabo mu gusigasira ubumwe bw\u2019igihugu no kurinda ibimaze kugerwaho kandi ngo uzatatira izi nshingano nta mahoro azagira.<\/p>\n<p>Ibi Gen Ibingira akaba yarabivugiye mu mu kiganiro yagejeje ku bakozi ba Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ubwo bari mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi kuwa 16 Kamena 2017.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ni umuhango wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cmumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, umunsi mwatatiye icyo gihango ntawe uzabababarira. Nimukoreshe imyaka mufite nk\u2019urubyiruko murinde ibimaze kugerwaho, murwanye icyasubiza Igihugu inyuma. Nimusigasire ubumwe, mumenye ko misiyo yanyu ari ubumwe bw\u2019iki Gihugu n\u2019 amajyambere y\u2019Abanyarwanda. Uzatatira iyi misiyo ntamahoro azagira\u201d.<\/p>\n<p>Gen Ibingira yagarutse kandi ku mazina atesha Abatutsi agaciro ndetse anagaragaza ko ibyo byose byacaga amarenga ko hari gutegurwa Jenoside.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cAbatutsi biswe amazina agamije kubatesha agaciro ndetse no kumvisha ko kubica atari icyaha. Ati ese iyo umuntu akwise inzoka hari ikindi aba agamije uretse kumvikanisha ko ukwiriye gupfa? Iyo inzoka igeze mu bantu bose barayihunga kandi uyigezeho wese arayica. Kwita Abatutsi inzoka rero byacaga amarenga ko bagomba kwicwa\u201d.<\/p>\n<p>Umukozi wa CNLG, Nsengiyumva Athanase, watanze ubuhamya, yagarutse ku buryo yatotejwe mbere ya Jenoside akanabuzwa uburenganzira bwe aho yabujijwe amahirwe yo kwiga mu mashuri yisumbuye yajya no muri CERAI akaza kuvamo kubera gutotezwa buri munsi. Yagarutse kandi ku rugendo rwe rwo kurokoka Jenoside n\u2019ibihe bikomeye banyuzemo. Yashimiye Inkotanyi zahagaritse Jenoside ndetse zikarokora abicwaga.<\/p>\n<p>Naho Dr Bizimana Jean Damasc\u00e8ne, Umuyobozi wa CNLG, mu kiganiro cye yagarutse ku buryo ingengabitekerezo yajenoside n\u2019amacakubiri byahembewe n\u2019abazungu nyuma bikaza guhabwa intebe n\u2019ubutegetsi bwagiyeho nyuma y\u2019ubwigenge.<\/p>\n<p>Yagarutse ku banditsi batandukanye bagiye bandika ibitabo bicamo abanyarwanda ibice  aho bagendaga bandika ibyo bitaga ko ari ibiranga buri bwoko nyamara ari ibintu bidafite aho bishingiye.<\/p>\n<p>Yanavuze ko kandi ibi  bitekerezo bibi byahawe intebe n\u2019ubutegetsi bwagiyeho nyuma y\u2019ubwigenge bigatuma Abatutsi batotezwa mu miyoborere, mu mashuri ndetse bakanimwa uburenganzira bwabo.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y\u2019Umuco na Siporo (MINISPOC) Lt Col Rugambwa Patrice wari uhagarariye minisitiri yavuze ko ari ngombwa ko buri wese agira uruhare mu Kurwanya Jenoside n\u2019ingengabitekerezo yayo kuko abayiteguye bakanayishyira mu bikorwa bagikomeje umugambi wabo mubisha.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Gen. Fred Ibingira yagiriye urubyiruko rw\u2019Abanyarwanda inama yo gukoresha imyaka yabo mu gusigasira ubumwe bw\u2019igihugu no kurinda ibimaze kugerwaho kandi ngo uzatatira izi nshingano nta mahoro azagira. Ibi Gen Ibingira akaba yarabivugiye mu mu kiganiro yagejeje ku bakozi ba Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ubwo bari mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6375","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Gen. Fred Ibingira yagiriye urubyiruko rw\u2019Abanyarwanda inama yo gukoresha imyaka yabo mu gusigasira ubumwe bw\u2019igihugu no kurinda ibimaze kugerwaho kandi ngo uzatatira izi nshingano nta mahoro azagira. Ibi Gen Ibingira akaba yarabivugiye mu mu kiganiro yagejeje ku bakozi ba Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ubwo bari mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-06-18T10:03:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira\",\"datePublished\":\"2017-06-18T10:03:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375\",\"name\":\"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-06-18T10:03:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6375#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA","og_description":"Gen. Fred Ibingira yagiriye urubyiruko rw\u2019Abanyarwanda inama yo gukoresha imyaka yabo mu gusigasira ubumwe bw\u2019igihugu no kurinda ibimaze kugerwaho kandi ngo uzatatira izi nshingano nta mahoro azagira. Ibi Gen Ibingira akaba yarabivugiye mu mu kiganiro yagejeje ku bakozi ba Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ubwo bari mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 23 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-06-18T10:03:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:00:00+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira","datePublished":"2017-06-18T10:03:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375"},"wordCount":401,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6375#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375","name":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-06-18T10:03:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6375"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6375#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mumaze imyaka 23 mutozwa kuba Abanyarwanda bazima, uzatatira iyi misiyo nta mahoro azagira \u2014 Gen Ibingira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6375","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6375"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6375\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6375"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6375"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6375"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}