{"id":6387,"date":"2017-07-15T16:07:50","date_gmt":"2017-07-15T16:07:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/15\/ibigwi-by-abakandida-bahatanira-kuyobora-u-rwanda-bishobora-kuzashingirwaho-mu\/"},"modified":"2017-07-15T16:07:50","modified_gmt":"2017-07-15T16:07:50","slug":"ibigwi-by-abakandida-bahatanira-kuyobora-u-rwanda-bishobora-kuzashingirwaho-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387","title":{"rendered":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y\u2019amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw\u2019abakandida bemerewe guhatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo.<\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo ntibemerewe ku mpamvu zinyuranye zizwi na Komisiyo. Abo batemerewe ni Rwigara Diane, umugore rukumbi wari wagerageje amahirwe ye muri aya matora. Harimo kandi Mwenedata Gilbert utagira ishyaka abarizwamo, wanagerageje mu matora y\u2019abadepite aheruka mu mwaka wa 2013, ariko ntabashe gutsinda. Undi utarahiriwe ni Barafinda Sekikubo Fred waje atunguranye, nk\u2019umukandida wigenga kandi unavuga ko afite ishyaka RUDA ritarandikwa mu yemewe gukorera mu Rwanda.<br \/>\nBatatu basigaye baremerewe, ndetse ubu batangiye kwiyamamaza mu ruhame, aho begera abaturage mu ntara n\u2019uturere tunyuranye.<br \/>\nAbo ni Kagame Paul usanzwe ayobora u Rwanda, uva mu ishyaka FPR Inkotanyi, Dr Habineza Frank uyobora ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, na Mpayimana Philippe umukandida wigenga wageze mu Rwanda vuba ajyanywe no kwiyamaza.<br \/>\n <strong>Ese aba bemerewe ni bantu ki, bafite ibihe bigwi?<\/strong><br \/>\n <strong>Kandida Perezida Mpayimana Philippe<\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> Yavutse mu 1970, mu ntara y\u2019amajyepfo. Yize itangazamakuru mu gihugu cy\u2019Ubufaransa, nyuma arikorera mu Rwanda kuva mu 1990. Yashinze Ishyirahamwe r <strong>yitwa Tuza rigamije guhuza abatuye mu bihugu byo mu biyaga bigari.<\/strong><br \/>\nYabaye umwarimu w\u2019isomo ry\u2019amateka n\u2019ubumenyi bw\u2019isi mu gihugu cy\u2019ubufaransa mu 2013, aho yabaye imyaka igera kuri 13, akahava agana mu rwamubyaye ngo ahatanire kuruyobora. Gusa umuryango uracyari mu Bufaransa.<br \/>\nMu ntangiriro ntiyabashije gutanga ibisabwa na NEC ku gihe, ariko itariki ntarengwa yageze amaze kuzuza imikono y\u2019abantu 600 bamusinyiye nk\u2019uko byasabwaga.<br \/>\n<figure id=\"attachment_70153\" aria-describedby=\"caption-attachment-70153\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana.jpeg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-70153\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-70153\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Mpayimana ari kwiyamamaza<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMpayimana ni umuhanga nk\u2019uko byemezwa na bamwe mubo biganye, kandi ngo yaranzwe n\u2019inyota yo kuyobora kuva kera.<br \/>\nIkindi ubuhanga bwe bugaragarira mu bitabo yandika, nka:<br \/>\n\u201cR\u00e9fugi\u00e9s rwandais entre marteau et enclume \u00bb(Impunzi z\u2019abanyarwanda hagati nk\u2019ururimi)<br \/>\n\u00ab La rue de la vie \u00bb(Inzira y\u2019ubuzima), Ibisigo<br \/>\n\u00ab Rwanda, regard d\u2019avenir \u00bb(Imbere h\u2019u Rwanda), na<br \/>\n\u00ab Indi ntambwe \u00bb, yanditse umwaka ushize, ari nacyo agaragarizamo<br \/>\ninyota yo gugihindura u Rwanda amaze kurubera umuyobozi.<br \/>\nAmaze kwemererwa kwiyamamaza, yatangaje ko intego ye ari \u00ab gukangurira abantu kudatinya politiki \u00bb.<br \/>\nMu magambo ye kandi, avuga ko \u00ab urugamba rwa Demokarasi abanyarwanda twaruhariye umuntu umwe nyamara ntibikwiye ko tumutererana aho rukomeye\u201d, akanongeraho ko u Rwanda rutabyaye ikinege, bidakwiye kuvunisha umuntu umwe.<br \/>\n <strong>Kandida Perezida Frank Habineza<\/strong><br \/>\nUyu ni umuyobozi w\u2019ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, ari naryo ryamwemeje kurihagararira muri aya matora.<br \/>\nYavutse mu 1977, avukira Mitiyana muri Uganda. Aho agereye mu Rwanda, mu 1999 yinjiye muri Kaminuza nkuru, ahiga ibirebana n\u2019amategeko n\u2019ubutegetsi.<br \/>\nAho i Butare ni naho yashingiye ishyirahamwe ry\u2019abanyeshuri baharanira kurengera ibidukikije anaribera umuyobozi. Arangije kwiga kandi yakoze muri Minisiteri yari ishinzwe ibidukikije.<br \/>\n<figure id=\"attachment_69919\" aria-describedby=\"caption-attachment-69919\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/WhatsApp-Image-2017-07-14-at-16.17.55.jpeg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-69919\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/WhatsApp-Image-2017-07-14-at-16.17.55-1024x768.jpeg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-69919\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Frank Habineza ari kwiyamamaza<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu mwaka wa 2009, nibwo yatangiye inzira yo gushinga ishyaka, maze ryemerwa mu 2013. Ishyaka DGPR rifite inzego zaryo mu turere twose tugize u Rwanda, nubwo abarwanashyaka baryo batahwemye kuvuga ko babangamiwe n\u2019nzego z\u2019ibanze zibatoteza. Bamwe mu bo batangiranye urugamba barapfuye, abandi barafungwa, naho abandi bahitamo kwimuka aho bari batuye kubera inzego zaho zitababaniye neza.<br \/>\nUyu mugabo ugendera ku mahame ya Mahatma Gandhi, avuga ko nubwo ishyaka rye riri muri Forum ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi buriho.<br \/>\nAgira ati \u00ab Politiki y\u2019u Rwanda igomba guhinduka binyuze mu nzira zidahutaza \u00bb.<br \/>\nMu gushaka kuyobora u Rwanda, avuga ko anyotewe igihugu cye, \u00ab kigenga, kirimo amahoro na demokarasi. Igihugu kigendera ku mategeko, kitarimo gukomatanya no kwitiranya inzego ; kandi kirimo ubwisanzure bw\u2019itangazamakuru n\u2019ubwo gutanga ibitekerezo bindi \u00bb.<br \/>\nBimwe mu biteganywa n\u2019ishyaka Green Party iramutse itsinze amatora, harimo kugabanya ibigo n\u2019ahantu hafungirwa abantu mu buryo butemewe n\u2019amategeko; kwegeranya ubutaka no guhitamo igihingwa hashingiwe ku byifuzo n\u2019ibifitiye akamaro abaturage, gukaza umutekano ku nkiko u Rwanda ruhana n\u2019ibihugu bishotoranyi, n\u2019ibindi.<br \/>\n <strong>Perezida Paul Kagame<\/strong><br \/>\nUyu ni we uyobora u Rwanda kuva mu 2000, ariko akaba inararibonye mu boyobozi bw\u2019u Rwanda. Umuryango FPR Inkotanyi abereye ku isonga ubu, yawuyoboreye ingabo kuva mu 1990, zibasha kubohora u Rwanda no guhagarika Jenoside yakorerwaga abatutsi mu 1994.<br \/>\nMuri Nyakanga uwo mwaka, yafatanije n\u2019abo bari kumwe muri FPR, abo asanze mu Rwanda harimo n\u2019abo FPR yarokoye, ndetse na bamwe mu bari bahanganye nayo; bashyiraho Guverinoma y\u2019Ubumwe bw\u2019abanyarwanda, maze ayibera Visi Prezida na Minisitiri w\u2019ingabo.<br \/>\nKagame Paul yavutse mu 1957, avukira mu ntara y\u2019amajyepfo, ahunga akiri umwana, akomereza ubuzima mu gihugu cya Uganda n\u2019ababyeyi be. Amashuri yize yiganjemo aya gisirikare.<br \/>\nNtibyoroshye gutandukanya ibikorwa bya Kagame n\u2019ibya FPR Inkotanyi, nk\u2019uko bitoroshye gutandukanya ibya FPR n\u2019ibya Guverinoma, kuko ariyo Moteri yayo; ariko byose ni Iby\u2019abanyarwanda, nk\u2019uko uyu mukuru w\u2019igihugu adahwema kubyivugira.<br \/>\nImpuguke mu gihugu no hanze ntizishidikanya kuvuga ko uko u Rwanda rumeze ubu rubikesha Kagame na FPR. Haba mu mutekano, imibereho myiza, ibikorwaremezo, n\u2019ibindi byinshi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_70133\" aria-describedby=\"caption-attachment-70133\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/DSC_7759.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-70133\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/DSC_7759-1024x678.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"678\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-70133\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Perezida Kagame, ubu ari kwiyamamaza<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu kiganiro umunyamabanga mukuru wa FPR yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Nyakanga, yavuze ko FPR idatewe ipfunwe n\u2019ibyo yaba itaragezeho, ko ahubwo irajwe ishinga no kubisobanurira abanyarwanda. Ngarambe Francois ati, \u201cNtabwo tujya twirarira cyangwa ngo tubeshye, ibyo tutagezeho twari twemereye Abanyarwanda tuzababwira impamvu. Dore inzitizi zabaye izi, dore aho tugeze, dore igihe bizakorerwa.\u201d<br \/>\nUmukandida Kagame Paul kandi, nawe yari aherutse kubwira ikinyamakuru Jeune Afrique ko atajya atinda ku makosa yabaye, ko icyo yitaho ari ukugabanya ingaruka iryo kosa ryagira, akongera ati \u201cbiraruta gukosa ukora, aho kwicara ntacyo ukora\u201d.<br \/>\nImpuguke cyangwa bamwe mubakurikira hafi politiki yo mu Rwanda bavuga ko bigoye kuba waza ukabwira abanyarwanda uti nzabaha iki ntahandi wigeze ugitanga ngo bemere ko byashoboka. Iri rikaba ari ihurizo rikomeye kuri Dr. Frank Habineza na Mpayimana Phillipe bitewe nuko bari guhatana na Perezida Paul Kagame umaze imyaka 23 ari umuyobozi w\u2019u Rwanda.aho bigoye kuba wagereranya ibigwi bya Perezida Kagame nabo bari guhatana,abanyarwanda nabo bakaba ari babanza ukore ndebe<br \/>\nIbi bikaba ari nabyo Mpayimana yagarutse ubwo yamaraga gutanga Kandindatire avuga ko abanyarwanda Mu mibereho y\u2019Abo hari amashuri mashyashya bagomba kwiga y\u2019uko ubutegetsi bushyirwaho n \u2018abaturage bakaba aribo  bashyiraho ubayobora, \u201ckugeza ubu rero  Abanyarwanda bakeka ko bagomba gutora  usanzwe uyobora, uriho,  bityo utariho ntariho, ni ishuri rirerire nifuza ko Abanyarwanda twatangirana.\u201d<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y\u2019amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw\u2019abakandida bemerewe guhatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo. Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-6387","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y\u2019amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw\u2019abakandida bemerewe guhatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo. Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-15T16:07:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora\",\"datePublished\":\"2017-07-15T16:07:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387\"},\"wordCount\":1066,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Mpayimana-1024x576.jpeg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387\",\"name\":\"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Mpayimana-1024x576.jpeg\",\"datePublished\":\"2017-07-15T16:07:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Mpayimana-1024x576.jpeg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Mpayimana-1024x576.jpeg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6387#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA","og_description":"Ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga, nibwo Komisiyo y\u2019amatora mu Rwanda yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rw\u2019abakandida bemerewe guhatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu. Bose ni abagabo bubatse, ariko bafite ibigwi binyuranye mu buyobozi, mu bumenyi no mu mirimo. Ma bantu batandatu bari bifuje guhatana mu matora yo kuya 3 na 4 Kanama uyu mwaka, batatu muri bo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-15T16:07:50+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora","datePublished":"2017-07-15T16:07:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387"},"wordCount":1066,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387","name":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg","datePublished":"2017-07-15T16:07:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6387"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Mpayimana-1024x576.jpeg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6387#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibigwi by\u2019abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda bishobora kuzashingirwaho mu kubatora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6387","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6387"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6387\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6387"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6387"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6387"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}