{"id":63909,"date":"2023-12-16T08:04:54","date_gmt":"2023-12-16T06:04:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=63909"},"modified":"2023-12-16T08:04:54","modified_gmt":"2023-12-16T06:04:54","slug":"uko-imikino-y-amahirwe-yamuhinduye-indyarya-ruharwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909","title":{"rendered":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#8216;betting&#8217;"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abantu benshi bakunze kwisanga barabaye imbata z&#8217;imikino y&#8217;amahirwe, ku buryo badashobora kubaho batagerageje gushaka ibibatunga muri iyi mikino.<\/strong><\/p>\n<p>Kuri benshi babatwa n&#8217;iyi mikino bahuriza ku kuba ibasega iheruheru, ibirangira bisanze baraguye mu nyenga y&#8217;ubukene, amadeni y&#8217;urudaca atanasigana n&#8217;uburyarya.<\/p>\n<p>Ibi biterwa n&#8217;uko amenshi mu ashyirwa muri iyi mikino yigira mu mifuka y&#8217;abashinze Company zayo, gusa kuba abayikina hari incuro nke barya bituma babatwa na byo bigatuma bakomeza kubera ba nyiri iyi mikino abakiriya b&#8217;imena.<\/p>\n<p>Maniraguha Jean w&#8217;i Kigina mu karere ka Kirehe ni urugero rwiza rw&#8217;ibyo mvuga.<\/p>\n<p>Uyu musore w&#8217;imyaka 23 y&#8217;amavuko mu buhamya yahaye BWIZA, yavuze uko yigeze gushora Frw 350,000 RWF iwabo bari bamubikije nyuma yo kugurisha isambu yizeye kubona Frw 600,000; gusa bikarangira abuze byose nk&#8217;ingata imennye; ibyatumye ahitamo kwimanika mu mugozi.<\/p>\n<p>Maniraguha avuga ko nyuma yo kurusimbuka byarangiye ahindutse umutekamutwe kabombo.<\/p>\n<p>Maniragaba avuga ko gukina imikino y&#8217;amahirwe yabitangiye kuva kera afite imyaka 13, ngo dore ko rimwe na rimwe yajyaga afata amafaranga menshi mu rugo iwabo bakayoberwa igisambo cyayibye.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Numvaga ntacyo bitwaye kuko byaranshimishaga kubona ndikumwe n&#8217;inshuti zanjye turimo gukina iyi mikino y&#8217;amahirwe&#8221;.<\/p>\n<p>Kuri we ngo yageze aho ahindura imyitwarire burundu kubera abo bahoranaga buri munsi; ibyaje kumuviramo gutakaza amashuri ayoboka iyo ku muhanda.<\/p>\n<p>Yiyegurira imikino y&#8217;amahirwe ngo yahereye ku biceri, agenda azamuka kugeza kuri Frw 600,000.<\/p>\n<p>Kubera kubatwa, Maniragaba avuga ko hari ubwo yigeze kubeshya umuvandimwe we babanaga mu nzu agurisha ibyo bari batunze byose. Amafaranga babahaye ngo yaje kujya muri &#8216;betting&#8217; arakina, birangira ayo yajyanye yose ahatikiriye.<\/p>\n<p>Avuga ko icyo gihe &#8220;kwiyakira byaranze ntekereza kwiyahura, nabonaga ntari bubone ibisobanuro ndi butange&#8221;.<\/p>\n<p>Nyuma yo kwimanika mu mugozi, iwabo baje basanga ahumeka uwanyuma bahita bamujyana igitaraganya ku bitaro by&#8217;akarere ka Kirehe.<\/p>\n<p>Uyu musore n&#8217;ikiniga cyinshi avuga ko atewe ipfunwe no kuba yarishoye muri iriya mikino, kuko abo yahemukiye ari benshi kandi bose yababeshyaga ko azabishyura.<\/p>\n<p>Ikibabaje kuri we ngo ni uko ntacyo yigeze yungukira muri iriya mikino kitari gutakarizwa icyizere ndetse no kuryarya inshuti ze zaje kumucikaho.<\/p>\n<p><strong>Impamvu ukwiriye kwirinda kubatwa n&#8217;imikino y&#8217;amahirwe<\/strong><\/p>\n<p>Mu busanzwe ku bakina iyi mikino ibyago byo guhomba ayo washoye biba biruta amahirwe ufite yo kubona inyungu.<\/p>\n<p>Ibi bivuze ko niba ushoye ibihumbi 100 RWF, hari ibyago byinshi by&#8217;uko yose wayahomba mu gihe utsinzwe. <\/p>\n<p>Nyamara wenda uramutse utsinze warya ibihumbi 180 RWF cyangwa se munsi yayo bitewe n&#8217;ibikubo.<br \/>\nBa nyiri iyi mikino bagerageza gukurura imbaga nyamwinshi kugira ngo babashe kubona amafaranga menshi abavuyemo, gusa birangira hatsinze abantu mbarwa ugereranyije n&#8217;umubare munini w&#8217;ababa bitabiriye urwo rusimbi.<\/p>\n<p><strong>Gukina urusimbi ni iki?<\/strong> <\/p>\n<p>Ibibazo byo gukina urusimbi bishobora kugera kuri buri muntu uwo ari we wese. <\/p>\n<p>Gukina iyi mikino umuntu ashaka yanita n&#8217;urusimbi akenshi bituruka mu buryo bushimishije uba ubona butagira icyo bwangiza, bikarangira werekeje mu bitekerezo bidakwiye bishobora kugukururira  n&#8217;ingaruka zikomeye. <\/p>\n<p>Gukina iyi mikino bishobora  guhungabanya umubano wawe n&#8217;abandi, kubangamira akazi kawe ukaba washwana n&#8217;umukoresha, kandi bigatera ibibazo by&#8217;ubukungu. <\/p>\n<p>Ushobora no gukora ibintu utigeze utekereza ko wabikora mu buzima bwawe, nko kugira imyenda minini cyangwa ubujura mu gihe wamaze kubatwa.<\/p>\n<p>Ishyirahamwe ry\u2019indwara zo mu mutwe ryo muri Amerika ryashyize ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi bwerekanye urutonde, n\u2019ibimenyetso bigaragaza ko umuntu yabaswe n&#8217;imikino y&#8217;amahirwe.<\/p>\n<p>Bimwe mu bimenyetso bigaragaza ko umuntu yabaye umugaragu w&#8217;imikino y&#8217;amahirwe harimo: Kumva bishimishije cyane iyo ukina urusimbi, Gufata ibyago byinshi byo kuba wahomba bikabije igihe uri kugerageza amahirwe, Kwiyongera kw&#8217;ibyifuzo byo gukina urusimbi no Kugira urukundo rukabije n&#8217;uburambe bwo gukina urusimbi.<\/p>\n<p>Umuntu kandi ashobora kugerageza gukoresha urusimbi kugira ngo ahunge amarangamutima mabi n&#8217;uko yiyumva, kumva yicira urubanza cyangwa yicujije nyuma yo gukina urusimbi, hamwe no guhora yumva akeneye inkunga y&#8217;amafaranga cyangwa akananirwa kugerageza guhagarika urusimbi.<\/p>\n<p>Abantu bagera kuri miliyoni 6 muri Amerika barwana n&#8217;ingaruka zo kuba barabaswe no gukina imikino y&#8217;amahirwe. <\/p>\n<p>Abenshi muri bo bafite ibibazo by&#8217;ubukungu, umubano wananiranye n&#8217;ubuzima bubi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bakunze kwisanga barabaye imbata z&#8217;imikino y&#8217;amahirwe, ku buryo badashobora kubaho batagerageje gushaka ibibatunga muri iyi mikino. Kuri benshi babatwa n&#8217;iyi mikino bahuriza ku kuba ibasega iheruheru, ibirangira bisanze baraguye mu nyenga y&#8217;ubukene, amadeni y&#8217;urudaca atanasigana n&#8217;uburyarya. Ibi biterwa n&#8217;uko amenshi mu ashyirwa muri iyi mikino yigira mu mifuka y&#8217;abashinze Company zayo, gusa kuba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":49,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-63909","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#039;betting&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#039;betting&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bakunze kwisanga barabaye imbata z&#8217;imikino y&#8217;amahirwe, ku buryo badashobora kubaho batagerageje gushaka ibibatunga muri iyi mikino. Kuri benshi babatwa n&#8217;iyi mikino bahuriza ku kuba ibasega iheruheru, ibirangira bisanze baraguye mu nyenga y&#8217;ubukene, amadeni y&#8217;urudaca atanasigana n&#8217;uburyarya. Ibi biterwa n&#8217;uko amenshi mu ashyirwa muri iyi mikino yigira mu mifuka y&#8217;abashinze Company zayo, gusa kuba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-12-16T06:04:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909\"},\"author\":{\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\"},\"headline\":\"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#8216;betting&#8217;\",\"datePublished\":\"2023-12-16T06:04:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909\"},\"wordCount\":653,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909\",\"name\":\"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera 'betting' - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-12-16T06:04:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=63909#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#8216;betting&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\",\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=49\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera 'betting' - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera 'betting' - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bakunze kwisanga barabaye imbata z&#8217;imikino y&#8217;amahirwe, ku buryo badashobora kubaho batagerageje gushaka ibibatunga muri iyi mikino. Kuri benshi babatwa n&#8217;iyi mikino bahuriza ku kuba ibasega iheruheru, ibirangira bisanze baraguye mu nyenga y&#8217;ubukene, amadeni y&#8217;urudaca atanasigana n&#8217;uburyarya. Ibi biterwa n&#8217;uko amenshi mu ashyirwa muri iyi mikino yigira mu mifuka y&#8217;abashinze Company zayo, gusa kuba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-12-16T06:04:54+00:00","author":"Dieudonne GISUBIZO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Dieudonne GISUBIZO","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909"},"author":{"name":"Dieudonne GISUBIZO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12"},"headline":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#8216;betting&#8217;","datePublished":"2023-12-16T06:04:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909"},"wordCount":653,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=63909#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909","name":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera 'betting' - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-12-16T06:04:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=63909"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=63909#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya: Uko Maniraguha yahindutse indyarya ruharwa kubera &#8216;betting&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12","name":"Dieudonne GISUBIZO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=49"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/63909","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/49"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=63909"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/63909\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=63909"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=63909"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=63909"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}