{"id":6404,"date":"2017-07-16T22:54:24","date_gmt":"2017-07-16T22:54:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/16\/kayonza-es-kabarondo-ushinzwe-imyitwarire-arashinjwa-kwangisha-abanyeshuri\/"},"modified":"2025-02-12T15:59:32","modified_gmt":"2025-02-12T13:59:32","slug":"kayonza-es-kabarondo-ushinzwe-imyitwarire-arashinjwa-kwangisha-abanyeshuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404","title":{"rendered":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ababyeyi barera ku kigo cy\u2019ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe  imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw\u2019abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho usanga ari abanyeshuri ndetse n\u2019abayobozi bashyira mu majwi ushinzwe imyitwarire y\u2019abana b\u2019abakobwa mu kigo ko ari we ubitera dore ko ngo anasuzugura abo bakorana ndetse n\u2019indi myitwarire idahwitse.<br \/>\nMu kiganiro Perezida  wa komite y\u2019ababyeyi, Rutabingwa Orthy yagiranye na bwiza.com yavuze ko ibibazo byose babigagaragaje mu nama zabo ariko hakaba nta gikorwa ngo bikemuke.<br \/>\nRutabingwa yakomeje avuga ko uyu muyobozi ushinzwe imyitwarire bagiye banamuhindurira inshingano ariko akanga akananirana mu umuyobozi w\u2019ikigo we akora neza gusa hakaba hari impungenge ko ashobora kuzananizwa bikomeje gutya.<br \/>\nUmuyobozi wa es kabarondo, Uwamariya Josette na we yabwiye Bwiza.com ko ibibazo byose biterwa n\u2019umuyobozi ushinzwe imyitwarire y\u2019abakobwa (Animatrice) ndetse nawe ngo abangamiwe no kudasinzira kubera bomborimbori zihora mu kigo ayobora<br \/>\nYagize ati \u201cNanjye mbangamiwe no kutaryama ngo nsinzire kuko buri kanya mba niteze agatendo kagiye kubera mu kigo kuko kuva mu kwezi kwa 8 umwaka ushize nibwo uwari umuyobozi yavuye hano njye nari Dos [ushinzwe amasomo] nahise mfata inshingano zo kumusimbura ku buyobozi nkabifatanya n\u2019inshingano nari mfite, icyo gihe nibwo ibabazo byatangiye kuzamba biturutse kuri animatrice utubahiriza inshingano ze ahubwo ari wa muntu uhora agenda nta ruhushya ntabyutse abana aribyo ashinzwe.\u2019\u2019<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muyobozi ubwe yemeza ko animatrice atamwumvira, amusuzugura ndetse akagumura n\u2019abanyeshuri.<br \/>\nAgira ati\u201dDuherutse kubura matera z\u2019abana tumusaba ko  yaduha imfunguzo tukazazishaka arazimana maze twiyambaza inzego z\u2019umutekano abona kuzitanga dusanga zari zifungirane, nyuma uyu Animatrice akaza gushuka abanyeshuri ngo bategure imyigaragambyo bakanga kurya ibyo babatekeye.\u201d<br \/>\nUmuyobozi w\u2019ikigo akomeza avuga ko ibyo bibazo byose bishingiye kuri Animatrice byamenyeshejwe akarere.<br \/>\nMu gushaka kuganira na Mutegarugori Christine, uvugwa kuba  nyirabayazana w\u2019ibibazo biri muri iki kigo, Umuyobozi w\u2019ikigo yagize ati\u201dNtabwo namenya aho ari kuko ntabwo nkishaka kumugenzura akora uko ashaka nirinda kumenya ibye kugirango bitazamo ibindi.\u201d<br \/>\nKu munsi ukurikiyeho umunyamakuru wa Bwiza.com yagerageje guhamagara uyu Mutegarugori Christine, ku murongo wa Telefphone<br \/>\nagira ati\u201dnjye nta makuru mfite\u201d ahita akupa Telefone ariko ntiyarambirwa ahubwo agerageza gushakisha uburyo bavugana ku bw\u2019amahirwe aza kongera kumufatisha.<br \/>\nUyu Christine yagize ati\u201dNiba hari ibyo bakubwiye nuko aribo waje ushaka noneho byaba byiza ugarutse twese duhari nk\u2019abayobozi ,njye ntabwo ndi animatrice ubonetse wese uvuga ibibonetse byose ubwo nta na kimwe njye wanyandikaho kuko nta nakimwe tuziranyeho genda wandike ibyo umuyobozi yakubwiye ku kigo cye  wikwirirwa wigora\u201d<br \/>\nUmuyobozi wa REB mu ntara y\u2019iburasirazuba, Ndayambaje Jonhson atangaza ko akarere ka Kayonza katabamenyesheje ibibazo biri muri ES Kabarondo uyu muyobozi avuga ko bagiye kubikurikirana.<br \/>\nAgira ati \u201cIbyo ntabwo akarere kabitumenyesheje ariko ubwo tubimenye tugiye kubikurikirana kandi ubusanzwe iyo tumenye ahari ibibazo turabikurikirana kuko nta bwo ireme ry\u2019uburezi ryagerwaho mu gihe hari abakoresha inyungu za bo mu kwangiza ireme ry\u2019uburezi ku nyungu zabo, kuko n\u2019ibindi bibazo byabaye mu burezi muri Kayonza namazeyo icyumweru cyose mbikurikirana dufatanyije na  polisi ndetse ibyo nabyo ubwo tubimenye turabikurikirana\u201d<br \/>\nKu rundu ruhande, umuyobozi w\u2019ikigo avuga ko ku itariki ya 26 Mata yandikiye ubuyobozi w\u2019akarere amusaba gukemura ikibazo cy\u2019umukozi ushinzwe imyitwarire y\u2019abakobwa ibaruwa bwiza yanabonye kopi yayo.<br \/>\nKu itariki ya 2 Werurwe,  ubuyobozi bw\u2019akarere bwandikiye Animatrice asabwa ibisobanuro mu gihe Inama y\u2019ababyeyi yo kuwa 16 Ukwakira 2016 yo yari yagaragaje imyitwarire ya animatrice asabwa ibisobanuro ndetse bikaba biri no mu myanzuro y\u2019inama nay o Bwiza.com ifitiye kopi.<br \/>\nInama y\u2019ubuyobozi bw\u2019ishuri yateranye kuwa 11 Gashyantare 2017, na yo yagaragaje ko ibibazo biterwa na animatrice na ho inama y\u2019abarimu yo kuwa 30 Mutarama 2017 na yo yagaragaje ko hari ibibazo biterwa n\u2019animatrice nkuko bigaragazwa  mu myanzuro y\u2019inama.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu karere ka kayonza havuzwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bijyanye n\u2019uburezi, aho hagiye havugwa uburiganya mu gushyira abarimu mu myanya ndetse na bamwe mu bayobozi bashinzwe uburezi baza gufungwa muri werurwe 2017 bafungurwa by\u2019agateganyo  kugeza ubu bikaba bivugwa ko umwe muri bo yataye akazi agatoroka ubutabera.<br \/>\nAbarimu baherutse kubwira Bwiza.com ko abayobozi b\u2019amashuri bakoresheje amarangamutima mu kwimura abarimu [mutation]<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nNgabonziza <a href=\"mailto:Justin@Bwiza.com\">Justin@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ababyeyi barera ku kigo cy\u2019ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Umwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw\u2019abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6404","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ababyeyi barera ku kigo cy\u2019ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Umwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw\u2019abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-16T22:54:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:59:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka\",\"datePublished\":\"2017-07-16T22:54:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:59:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404\"},\"wordCount\":733,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404\",\"name\":\"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-16T22:54:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:59:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6404#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA","og_description":"Ababyeyi barera ku kigo cy\u2019ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Umwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw\u2019abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-16T22:54:24+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:59:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka","datePublished":"2017-07-16T22:54:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:59:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404"},"wordCount":733,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6404#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404","name":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-16T22:54:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:59:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6404"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6404#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6404","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6404"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6404\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6404"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6404"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6404"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}