{"id":6407,"date":"2017-07-17T09:40:21","date_gmt":"2017-07-17T09:40:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/17\/dr-frank-habineza-aremeza-ko-umukandida-wa-fpr-niyibeshya-gato-bazamutsinda-mu\/"},"modified":"2025-02-12T15:59:28","modified_gmt":"2025-02-12T13:59:28","slug":"dr-frank-habineza-aremeza-ko-umukandida-wa-fpr-niyibeshya-gato-bazamutsinda-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407","title":{"rendered":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora"},"content":{"rendered":"<p>Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida w\u2019ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa n\u2019umukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora.<\/p>\n<p>Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo n\u2019uburyo ki bizeye kuzitwara neza mu matora, aho anishimira uburyo inzego z\u2019umutekano zibafasha mu gihe gito bamaze batangiye kwiyamamaza, n&#8217;ubwo ngo hari abantu bagenda biyoberanya bakabavangira.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Dr Frank Habineza yabanje kuvuga impamvu muri kampanye z&#8217;ishyaka bazaba bahanganye hagaragara imbaga y&#8217;abaturage benshi nyamara bo ugasanga abaturage bafite ari mbarwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Umuyobozi w\u2019Akagari ni chairman wa FPR mu Kagari, Umuyobozi w\u2019Umurenge, ni chairman wa FPR mu murenge, umuyobozi w\u2019akarere (Mayor) ni chairman wa FPR mu karere, na Guverineri ndetse w\u2019intara nawe ni chairman wa FPR mu ntara. Niyo mpamvu abantu baboneka. Baba bagiye kubademobiliza, bazindutse babahamagara, bakabapakira imodoka, byose bishoboka<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bo guhangana n\u2019izo mbaraga zose bitaborohera kuko ngo nta n\u2019umuyobozi w\u2019umudugudu wavuga ngo arajya kubavugira. Akavuga ko iyo bagiye kwiyamamaza kubona abantu bibagora cyane.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-70394\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p>Umukandida wa Green Party kandi yagarutse ku biherutse gutangazwa n\u2019umukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, watangaje ku munsi wa mbere wo kwiyamamaza ko ibizava mu matora bizwi, akavuga ko iyi mvugo inyuranyije n\u2019imyitwarire yaryo mu bikorwa byo kwiyamamaza.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Niba avuga ko amatora yarangiye aravunikira iki ajya gukora kampanye? Ko mbona barimo gutanga amafaranga menshi cyane, baravunikira iki kandi bazi ko amatora yarangiye? Biriya ni ukuvuga ngo njyewe icyo nakeka, ni ukugirango yizeze abantu be ko bazatsinda ariko ntabwo ari ukuvuga ngo amatora yararangiye<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201c <em>Arabizi yuko dufite abantu badukurikira kandi batwumva, kandi nawe arabizi ko ajijishijeho gacyeya, bose twabamumaraho abantu. Ni nayo mpamvu ari gushyiramo amafaranga menshi cyane, niyo mpamvu ubona biriya bikorwa byose bakora, nuko abizi yuko yibeshyeho gacyeya yabona macye cyane, twamutsinda<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Dr Frank habineza yongeyeho ko bo bataracika intege bizeye kuzatsinda aya matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe kuwa 03 Kanama 2017 ku Banyarwanda baba muri diaspora, no kuwa 04 kanama ku banyarwanda bari mu gihugu.<\/p>\n<p>Ku kijyanye n\u2019imigendekere y\u2019ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza atangaza ko bitaboroheye ariko bishakamo ingufu zose rimwe na rimwe bakigomwa byinshi.<\/p>\n<p>Ati:\u201c <em>Ubushobozi dufite bucyeya bwacu burahagije tuzabukoramo ibishoboka kandi twizeye ko kampanye tuzayirangiza igihugu cyose tukizengurutse<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umukandida w\u2019ishyaka Green Party ntiyatinye no guhishura ko bafashe imyenda ndetse akanagwatiriza inzu ye kugirango babone amafaranga azabafasha. Ati: \u201c <em>Ni ukuvuga ngo ninanirwa kwishyura inzu yanjye izagenda niko bimeze nta kundi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko ibi ari ukwirengera ikizaba (risk) bafashe ariko bidafite aho ihuriye n\u2019ibyo bakoze mbere nko gushinga ishyaka ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi mu Rwanda. Yavuze ko yanafashe risk yo gusubiza ubwenegihugu bwa Suede yari afite.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Dr-Frank-Habineza-akigera-ku-kibuga-cyumupira-cya-Kirambo-mu-murenge-wa-Kanjongo.-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-70395\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Dr-Frank-Habineza-akigera-ku-kibuga-cyumupira-cya-Kirambo-mu-murenge-wa-Kanjongo.-1.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p>Nubwo ngo batabona ubwinshi bw\u2019abaturage aho baba bagiye kwiyamamariza, Dr Frank Habineza avuga ko bitababujije kwizera intsinzi kuko ngo abaturage bababwira ko batajya kumva imigabo n\u2019imigambi yabo ariko babashyigikiye.<\/p>\n<p>Dr Frank Habineza ni umwe mu bakandida batatu bazaba bahatanira kuzayobora u Rwanda mu matora ateganyijwe mu kwezi gutaha barimo na Paul Kagame wa FPR ndetse na Philippe Mpayimana wiyamamaza ku giti cye. Ibikorwa byo kwiyamamaza byatangiye kuwa 14 Nyakanga, biteganyijwe ko bizasozwa kuwa 03 Kanama, amatora abe bukeye mu Rwanda mu gihe Abanyarwanda bari hanze y\u2019igihugu bazatora kuri uwo wa 03 Kanama.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida w\u2019ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa n\u2019umukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora. Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo n\u2019uburyo ki bizeye kuzitwara [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6407","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida w\u2019ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa n\u2019umukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora. Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo n\u2019uburyo ki bizeye kuzitwara [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-17T09:40:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:59:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora\",\"datePublished\":\"2017-07-17T09:40:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:59:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407\"},\"wordCount\":582,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407\",\"name\":\"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-07-17T09:40:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:59:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6407#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA","og_description":"Ku munsi wa gatatu hatangijwe ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza, umukandida w\u2019ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), aranenga ibiherutse gutangazwa n\u2019umukandida wa FPR ko ibizava mu matora bizwi, avuga ko ahubwo niyibeshya gacye bazamutsinda mu matora. Ni mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika, aho yagaragaje imbogamizi bahura nazo n\u2019uburyo ki bizeye kuzitwara [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-17T09:40:21+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:59:28+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora","datePublished":"2017-07-17T09:40:21+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:59:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407"},"wordCount":582,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407","name":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg","datePublished":"2017-07-17T09:40:21+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:59:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6407"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/Asuhuza-abaje-kumwumva.-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6407#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dr Frank Habineza aremeza ko umukandida wa FPR niyibeshya gato bazamutsinda mu matora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6407","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6407"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6407\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6407"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6407"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6407"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}