{"id":64082,"date":"2023-12-22T13:27:00","date_gmt":"2023-12-22T11:27:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64082"},"modified":"2023-12-22T13:27:00","modified_gmt":"2023-12-22T11:27:00","slug":"dr-gamariel-mbonimana-ahamya-ko-umugore-we-yagiye-amubuza-kunywa-inzoga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082","title":{"rendered":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Dr Gamariel Mbonimana wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda akaza kwegura kubera ubusinzi, yahamije ko umugore we yagiye amugira inama ngo azireke ariko akanga kumwumva.<\/strong><\/p>\n<p>Gamariel yavuze ko inzoga yazitangiye mu 2006 biturutse ku kigare yagendanaga nacyo hanyuma mu 2008 aza gushaka umugore ariko we akaba atazinywa anagerageza kuzimucaho ariko aramunanira akomeza kunywa.<\/p>\n<p>Ibi yabitangaje ubwo yari ku muyoboro umwe wa You Tube, avuga uburyo ki inzoga atari nziza zatumye yegura ku mwanya w&#8217;ubudepite.<\/p>\n<p>Yagize ati&#8221; Tukinashakana yajyaga ambwira ko adakunda umugabo unywa inzoga.Yajyaga ambwira ngo inzoga zireke,ariko ntibyambujije gukomeza kuzinywa n&#8217;ubwo atabyishimiraga buriya abadamu Imana yabaremanye umutima wo kwihangana.N&#8217;ubwo naywaga inzoga ntabwo byamushimishaga n&#8217;ubwo byaba ari icupa rimwe ariko ntabwo yari kumbuza kuzinywa ariko akabyihanganira.&#8221;<\/p>\n<p>Kugeza ubu Dr Gamariel avuga ko yaretse inzoga bya burundu atangira no gukora ubushakashatsi no kwandika ibitabo bitandukanye.Yatangiye no gufasha urubyiruko kureka inzoga abatabibashije bakazigabanya.Hari itsinda yamaze kujyamo rihuriyemo abantu bingeri zose baturutse mu bihugu bitandukanye baretse inzoga cyangwa bazigabanyije bagahana ubuhamya buganisha ku kuzirwanya.<\/p>\n<p>Kureka inzoga kwa Gabriel avuga ko  ntaho bihuriye no kwakira agakiza kuko ngo imyizerere n&#8217;imyumvire yari afite na mbere n&#8217;ubu nibyo agifite uretse kuba hariyongereyeho kuzireka.Yongeyeho ko abavuga ko kureka inzoga no gukora ubukangurambaga byaba bifitanye isano n&#8217;agahinda gakabije katurutse ku gutakaza akazi ko mu Nteko Ishinga Amategeko atari byo, kuko nawe ubwe afite ubushobozi bwo kwivura nk&#8217;umuntu ufite ubumenyi ku mitekerereze ya muntu.<\/p>\n<p>Dr Mbonimpa avuga ko afite  gahunda yo gutangiza amarushanwa mu mashuri makuru na za kaminuza, agamije gukangurira urubyiruko kubaho ubuzima buzira ibisindisha n\u2019ibindi bituma rudakora imirimo rushinzwe uko bikwiye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dr Gamariel Mbonimana wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda akaza kwegura kubera ubusinzi, yahamije ko umugore we yagiye amugira inama ngo azireke ariko akanga kumwumva. Gamariel yavuze ko inzoga yazitangiye mu 2006 biturutse ku kigare yagendanaga nacyo hanyuma mu 2008 aza gushaka umugore ariko we akaba atazinywa anagerageza kuzimucaho ariko aramunanira akomeza kunywa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64082","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Dr Gamariel Mbonimana wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda akaza kwegura kubera ubusinzi, yahamije ko umugore we yagiye amugira inama ngo azireke ariko akanga kumwumva. Gamariel yavuze ko inzoga yazitangiye mu 2006 biturutse ku kigare yagendanaga nacyo hanyuma mu 2008 aza gushaka umugore ariko we akaba atazinywa anagerageza kuzimucaho ariko aramunanira akomeza kunywa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-12-22T11:27:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi\",\"datePublished\":\"2023-12-22T11:27:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082\"},\"wordCount\":285,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082\",\"name\":\"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-12-22T11:27:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64082#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA","og_description":"Dr Gamariel Mbonimana wabaye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda akaza kwegura kubera ubusinzi, yahamije ko umugore we yagiye amugira inama ngo azireke ariko akanga kumwumva. Gamariel yavuze ko inzoga yazitangiye mu 2006 biturutse ku kigare yagendanaga nacyo hanyuma mu 2008 aza gushaka umugore ariko we akaba atazinywa anagerageza kuzimucaho ariko aramunanira akomeza kunywa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-12-22T11:27:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi","datePublished":"2023-12-22T11:27:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082"},"wordCount":285,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64082#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082","name":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-12-22T11:27:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64082"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64082#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dr Gamariel Mbonimana ahamya ko umugore we yagiye amubuza kunywa inzoga akavunira ibiti mu matwi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64082","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64082"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64082\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64082"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64082"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64082"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}