{"id":64115,"date":"2023-12-25T07:45:34","date_gmt":"2023-12-25T05:45:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64115"},"modified":"2023-12-25T07:45:34","modified_gmt":"2023-12-25T05:45:34","slug":"muhanga-abivurizaga-ku-bitaro-bya-kabgayi-bari-mu-gihirahiro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115","title":{"rendered":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z&#8217;Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z\u2019Ibitaro bya Kabgayi bigezweho.<\/p>\n<p>Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika ya Kabgayi ikaba ibifatanyije na Leta hakaba huzuye inzu y\u2019Ababyeyi (maternite) yubatswe hakoreshejwe asaga miliyari 6 z\u2019amafaranga yu Rwanda hakaba hategerejwe kuyitaha ku mugaragaro ndetse binashoboka ko haba hari serivisi zamaze kuhimurirwa.<\/p>\n<p>Abaturage bamwe basanga hari hakwiye gushyirwaho ibyapa birangira abaje kwivuza bwa mbere aho serivisi zimwe zimuriwe kuko batabasha guhita bamenya aho bivuriza nkuko abavuganye na Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru bavuga.<\/p>\n<p>Uwitwa Mukamana Isabele avuga ko yaje gusaba imiti y\u2019umuvuduko agasanga aho yari asanzwe yakira serivisi harabaye amatongo akemeza ko bigoranye.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNjyewe maze iminota 10 ntegereje kumenya aho serivisi z\u2019abanyamivuduko barimo gusabira serivisi bitewe n\u2019uko nasanze harasenywe ari itongo byangoye sinakubeshya rwose\u201d.<\/p>\n<p>Rukundo Alexis avuga ko yaje muri serivisi za Diyabete ariko byamusabye kubanza kubaza aho iyi serivisi yimuriwe bikaba byamusabye gushaka abo abaza.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNjyewe naje nje kureba ibijyanye na Diyabete ariko byabanje kunsaba ko menya aho bayimuriye kandi maze hafi iminota 20 mpageze sindanabona uwo nabaza aho bajya na bariya bicaye hariya turi kumwe ariko hari utubwiye ko aje kudufasha\u201d.<\/p>\n<p>Mukanyandwi Consolee avuga ko yazanye umwana muri serivisi z\u2019Ubugorangingo ariko asanga aho basabiraga serivisi haramaze gusenywa zarimuwe.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNkanjye najijise kuko nazanye umwana mu bugororangingo ariko nsanga aho dusanzwe dusabira serivisi harahindutse barahasenye bikaba byansabye guhamagara muganga kugira ngo andangire aho namusanga gusa biradukomereye cyane kuko bitugoye kuhamenya.\u201d<\/p>\n<p>Dr Muvunyi Jean Baptiste, Umuyobozi Mukuru w\u2019Ibitaro bya Kabgayi, avuga ko ibi bitaro byashyizeho uburyo bwo kuyobora abaje kwivuza bitewe n\u2019uko hari ibice byatangirwagamo serivisi byamaze gusenywa serivisi zigashakirwa ahandi zimukira.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNi byo nkuko mwabibonye hari ibice byamaze gusenywa kugira ngo hubakwe izindi nyubako z\u2019Ibitaro ariko twashyizeho uburyo abaje kwivuza batayoba bakerekwa aho serivisi zimukiye kugira ngo byorohereze abaza gusaba serivisi.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko nubwo hari ibice byasenywe ariko bazakomeza kujya bimura serivisi bitewe n\u2019ahabonetse\u2019 kandi ku bitaro tuba dufite abakozi bayobora abifuza serivisi.<\/p>\n<p>Dr Muvunyi yongeyeho ko inyubako nshya y\u2019inzu y\u2019ababyeyi yuzuye igomba kwimurirwamo abasanzwe bacumbikirwa mu bitaro bategereje kubyara cyangwa bamaze kubyara.<\/p>\n<p>Serivisi zihabwa abarwaye indwara zitandura harimo imivuduko, diyabete n\u2019ibindi birimo ubugororangingo birimo gutangirwa mu gikari cyahatangirwaga serivisi z\u2019amenyo.<\/p>\n<p>Biravugwa ko inyumbako z\u2019Ibitaro bya Kabgayi zigiye kubakwa biteganyijwe ko zizatwara arenga miliyari 15 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z&#8217;Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe. Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z\u2019Ibitaro bya Kabgayi bigezweho. Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-64115","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z&#8217;Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe. Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z\u2019Ibitaro bya Kabgayi bigezweho. Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-12-25T05:45:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro\",\"datePublished\":\"2023-12-25T05:45:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115\"},\"wordCount\":434,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115\",\"name\":\"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-12-25T05:45:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64115#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA","og_description":"Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z&#8217;Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe. Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z\u2019Ibitaro bya Kabgayi bigezweho. Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-12-25T05:45:34+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro","datePublished":"2023-12-25T05:45:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115"},"wordCount":434,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64115#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115","name":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-12-25T05:45:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64115"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64115#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64115","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64115"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64115\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64115"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64115"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64115"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}