{"id":64274,"date":"2024-01-01T13:53:03","date_gmt":"2024-01-01T11:53:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64274"},"modified":"2024-01-01T13:53:03","modified_gmt":"2024-01-01T11:53:03","slug":"kigali-igiciro-cy-inyama-cyazamutse-abaguzi-bamwe-barivumbura-bishyira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274","title":{"rendered":"Kigali:Igiciro cy&#8217;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Muri iki gihe cy&#8217;iminsi mikuru bamwe mu bacuruzi barataka igihombo cy&#8217;inyama zikomeje kubanambiraho bitewe n&#8217;uko abaguzi basanga ibiciro byazamutse bagakuramo akabo karenge bataguze.<\/strong><\/p>\n<p>Abaguzi n&#8217;abacuruzi bo mu bice bitandukanye bya Kigali by&#8217;umwihariko ahakorera mu isoko ryo mu Mujyi rwagati rya Nyarugenge, bavuga ko mbere ya Noheri ibiciro ntacyo byari bitwaye ariko nyuma mu gihe cy&#8217;iminsi mikuru byafashe indi ntera ku buryo hari abaza guhaha bakagenda bataguze.<\/p>\n<p>Muri iri soko rya Nyarugenge, ikilo cy\u2019imvange z\u2019inyama z\u2019inka kirimo kugura amafaranga y\u2019u Rwanda 4800, mu gihe kuri Noheli na mbere yaho cyaguraga amafaranga 4500, naho iroti iragura amafaranga 6200 mu gihe kuri Noheli yaguraga 6000.<\/p>\n<p>Ni mu gihe inyama z\u2019inkoko ikilo kirimo kugura amafaranga y\u2019u Rwanda 5500, mu gihe mbere zaguraga 3500, naho inkoko z\u2019inyarwanda ikilo ni 6000 mu gihe zaguraga 5500, naho ikilo cy\u2019amafi ya Muhazi kiragura amafaranga y\u2019u Rwanda 4500, yo ntabwo yigeze azamurirwa igiciro.<\/p>\n<p>Ntabwo ari ibiciro by&#8217;inyama byazamutse muri iki gihe cy&#8217;iminsi mikuru gusa,kuko n&#8217;ibindi na  bimwe mu biribwa bikunze gukoreshwa muri iyo minsi byarazamutse, icyakora ibirayi bya Kinigi byo ibiciro byagabanutse, bikaba bigeze ku mafaranga 600 ku kilo, nubwo hari igihe mu minsi yashize cyaguze amafaranga 1500.<\/p>\n<p>Mu bice nka  Nyamirambo na Kimironko igiciro cy\u2019inyama z\u2019imvange kiri hagati ya 4500 na 4800, mu gihe mbere y\u2019iminsi mikuru isoza n\u2019itangira umwaka ibiciro byari munsi yaho.Iri zamuka rikaba rikomeje gutuma abacuruzi batabona abaguzi nk\u2019uko byari bimeze mu myaka yatambutse.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri iki gihe cy&#8217;iminsi mikuru bamwe mu bacuruzi barataka igihombo cy&#8217;inyama zikomeje kubanambiraho bitewe n&#8217;uko abaguzi basanga ibiciro byazamutse bagakuramo akabo karenge bataguze. Abaguzi n&#8217;abacuruzi bo mu bice bitandukanye bya Kigali by&#8217;umwihariko ahakorera mu isoko ryo mu Mujyi rwagati rya Nyarugenge, bavuga ko mbere ya Noheri ibiciro ntacyo byari bitwaye ariko nyuma mu gihe cy&#8217;iminsi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64274","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali:Igiciro cy&#039;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali:Igiciro cy&#039;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muri iki gihe cy&#8217;iminsi mikuru bamwe mu bacuruzi barataka igihombo cy&#8217;inyama zikomeje kubanambiraho bitewe n&#8217;uko abaguzi basanga ibiciro byazamutse bagakuramo akabo karenge bataguze. Abaguzi n&#8217;abacuruzi bo mu bice bitandukanye bya Kigali by&#8217;umwihariko ahakorera mu isoko ryo mu Mujyi rwagati rya Nyarugenge, bavuga ko mbere ya Noheri ibiciro ntacyo byari bitwaye ariko nyuma mu gihe cy&#8217;iminsi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-01T11:53:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kigali:Igiciro cy&#8217;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo\",\"datePublished\":\"2024-01-01T11:53:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274\"},\"wordCount\":253,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274\",\"name\":\"Kigali:Igiciro cy'inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-01T11:53:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64274#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali:Igiciro cy&#8217;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali:Igiciro cy'inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali:Igiciro cy'inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA","og_description":"Muri iki gihe cy&#8217;iminsi mikuru bamwe mu bacuruzi barataka igihombo cy&#8217;inyama zikomeje kubanambiraho bitewe n&#8217;uko abaguzi basanga ibiciro byazamutse bagakuramo akabo karenge bataguze. Abaguzi n&#8217;abacuruzi bo mu bice bitandukanye bya Kigali by&#8217;umwihariko ahakorera mu isoko ryo mu Mujyi rwagati rya Nyarugenge, bavuga ko mbere ya Noheri ibiciro ntacyo byari bitwaye ariko nyuma mu gihe cy&#8217;iminsi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-01-01T11:53:03+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kigali:Igiciro cy&#8217;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo","datePublished":"2024-01-01T11:53:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274"},"wordCount":253,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64274#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274","name":"Kigali:Igiciro cy'inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-01T11:53:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64274"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64274#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali:Igiciro cy&#8217;inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64274","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64274"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64274\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64274"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64274"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64274"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}